• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
Inkuru zigezweho
  • Team Rwanda yitezweho kwegukana Tour du Senegal yakiriwe n’Abanyarwanda muri Sénégal   |   20 Apr 2018

  • Giramata, umunyamideli ukomeye ku Isi yavuze ku muryango we wishwe muri Jenoside   |   20 Apr 2018

  • Umugaba mukuru w’ingabo za Sudani y’Epfo, Gen Mawut Ajongo, yitabye Imana   |   20 Apr 2018

  • Abadepite batumije Perezida Mugabe ngo asobanure ibya ruswa yahombeje Zimbabwe miliyari $15   |   20 Apr 2018

  • Kwibuka, Ibyaranze itariki ya 20 Mata 1994: Abatutsi basaga 26000 biciwe muri Kiliziya ya Paruwasi Mugombwa muri Butare   |   20 Apr 2018

  • Impinduka muri Guverinoma y’u Burundi zasize Nyamitwe yeretswe umuryango   |   20 Apr 2018

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Perezida Kagame i Dakar mu nama yiga ku mahoro n’umutekano

Perezida Kagame i Dakar mu nama yiga ku mahoro n’umutekano

Editorial 13 Nov 2017 INKURU NYAMUKURU

Kuva ku mugorobo wo kuwa 12 Ugushyingo 2017, Perezida Paul Kagame ari i Dakar muri Senegal aho yitabiriye inama iri kuba ku nshuro ya kane y’ihuriro mpuzamahanga rya Dakar ryiga ku bibazo by’amahoro n’umutekano.

Ibiro bya Perezida Kagame (Village Urugwiro) bibinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter, byatangaje ko yakiriwe na mugenzi we wa Senegal Macky Sall.

Ihuriro mpuzamahanga rya Dakar ryiga ku bibazo by’amahoro n’umutekano (Dakar International Forum on Peace and Security) Perezida Kagame yitabiriye, rifite insanganyamatsiko ivuga ku bibazo bibangamiye umutekano wa Afurika n’uko ibihugu byafatikanya mu kubishakira umuti.

Iriya nama yitabiriwe n’abanyacyubahiro batandukanye bagera muri 400 baturuka muri Afurika no mu bindi bice by’Isi.

Abayitabiriye bafite ubunararibonye muri politike mpuzamahanga, mu miyoborere y’igisirikare, harimo kandi abarimu mu ma kaminuza yo muri Afurika yunze Ubumwe (AU), impuguke zo mu Muryango wunze Ubumwe w’Ibihugu by’Iburari(EU), impuguke zo mu Muryango w’Abibumbye(UN) hamwe n’abagize sosieyere sivile.

 

Urubuga rwa murandasi rw’abategura ihuriro mpuzamahanga rya Dakar ryiga ku bibazo by’amahoro n’umutekano rutangaza ko iri huriro ryatangiye mu mpera z’umwaka wa 2014, kuva icyo gihe iri huriro riba buri mwaka; iry’uyu mwaka rikaba ritangira kuri uyu wa Mbere rikazasozwa ku wa Kabiri tariki ya 14 Ugushyingo 2017.

Uretse Perezida Kagame, Ibrahim Boubacar Keïta wa Mali twandika iyi nkuru nawe yari yamaze kugera i Dakar aho yitabiriye iriya nama.

 

 

2017-11-13
Editorial

IZINDI NKURU

Musenyeri Rwubusisi wahoze uyobora Diocese ya Cyangungu yasubije perezida Museveni

Musenyeri Rwubusisi wahoze uyobora Diocese ya Cyangungu yasubije perezida Museveni

Editorial 15 Jan 2018
Uganda: Urwego rw’ubutasi mu gisirikare rwaburiye perezida Museveni ko yashoboraga kwicwa

Uganda: Urwego rw’ubutasi mu gisirikare rwaburiye perezida Museveni ko yashoboraga kwicwa

Editorial 12 Mar 2018
Perezida Kagame yaje mu baperezida batatu muri Afurika bavuga rikumvikana mu 2017

Perezida Kagame yaje mu baperezida batatu muri Afurika bavuga rikumvikana mu 2017

Editorial 08 Dec 2017
U Burundi bugereranwa n’iseta ibagirwaho abantu, HRW irabusabira ibihano bikakaye

U Burundi bugereranwa n’iseta ibagirwaho abantu, HRW irabusabira ibihano bikakaye

Editorial 18 Mar 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

Giramata, umunyamideli ukomeye ku Isi yavuze ku muryango we wishwe muri Jenoside

Giramata, umunyamideli ukomeye ku Isi yavuze ku muryango we wishwe muri Jenoside

20 Apr 2018
U Rwanda na Uganda biri kuganira uko abagize uruhare muri jenoside bagarurwa

U Rwanda na Uganda biri kuganira uko abagize uruhare muri jenoside bagarurwa

16 Apr 2018
Pascal Nyamurinda wayoboraga Umujyi wa Kigali yeguye ku mirimo ye

Pascal Nyamurinda wayoboraga Umujyi wa Kigali yeguye ku mirimo ye

11 Apr 2018
Umuyobozi Muri RSSB Arahamya Ko Yibwe N’abana B’abakobwa Nyuma Yo Gushaka Kubafasha

Umuyobozi Muri RSSB Arahamya Ko Yibwe N’abana B’abakobwa Nyuma Yo Gushaka Kubafasha

10 Apr 2018
Umufaransa Yavuze Ku Buryo Inkotanyi Zafashe Mpiri Abasirikare B’Abafaransa Muri Opération Turquoise

Umufaransa Yavuze Ku Buryo Inkotanyi Zafashe Mpiri Abasirikare B’Abafaransa Muri Opération Turquoise

10 Apr 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Umugaba mukuru w’ingabo za Sudani y’Epfo, Gen Mawut Ajongo, yitabye Imana

Umugaba mukuru w’ingabo za Sudani y’Epfo, Gen Mawut Ajongo, yitabye Imana

20 Apr 2018
Ubukwe bwa Ali Kiba bwitezwemo abaherwe bo muri Kenya

Ubukwe bwa Ali Kiba bwitezwemo abaherwe bo muri Kenya

18 Apr 2018
Diamond ushinjwa gusakaza amashusho y’ubusambanyi yarekuwe by’agateganyo

Diamond ushinjwa gusakaza amashusho y’ubusambanyi yarekuwe by’agateganyo

18 Apr 2018
Diamond yatawe muri yombi aryozwa amashusho yasakaje asomana n’inkumi

Diamond yatawe muri yombi aryozwa amashusho yasakaje asomana n’inkumi

17 Apr 2018
Winnie Madikizela wahoze ari umugore wa Nelson Mandela yashyinguwe

Winnie Madikizela wahoze ari umugore wa Nelson Mandela yashyinguwe

15 Apr 2018
Umukobwa wa Perezida Museveni avuga ko yabonye Imana n’amaso ye bagirana ibiganiro

Umukobwa wa Perezida Museveni avuga ko yabonye Imana n’amaso ye bagirana ibiganiro

10 Apr 2018
Kwibuka24: Kwetu Film Institute izerekana filime zivuga amateka ya Jenoside

Kwibuka24: Kwetu Film Institute izerekana filime zivuga amateka ya Jenoside

09 Apr 2018

SONDAGE

Ni iyihe kipe mu Rwanda ubona izatwara shampiyona?

View Results

Loading ... Loading ...

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Phones: +250 788350655, +250 788501831
Emails: info@rushyashya.net , rushyashya@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2017, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru