• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
Inkuru zigezweho
  • ‘Rwanda:The Royal Tour’ yerekanwe i New York mu muhango witabiriwe na Kagame, hatahiwe i Kigali   |   25 Apr 2018

  • Dufite ubushobozi n’ubumenyi bihagije kugira ngo duteze imbere EAC yacu- Magufuli   |   24 Apr 2018

  • Amazing Grace yambuwe uburenganzira bwo gukora nka Radio mu Rwanda   |   24 Apr 2018

  • Gikongoro: Umupadiri yahagaritswe imyaka ibiri ashinjwa ubusinzi n’ubusambanyi   |   24 Apr 2018

  • Airtel yasezeye ku bakozi 49 batakaje imirimo nyuma yo kugura Tigo   |   24 Apr 2018

  • Excellence Sports Academy yo muri Oman yaje mu Rwanda kuzamura ruhago y’abana bato   |   24 Apr 2018

 
You are at :Home»IMIKINO»Kiyovu SC yanganyije na Marines ibura umwanya wa mbere

Kiyovu SC yanganyije na Marines ibura umwanya wa mbere

Editorial 17 Dec 2017 IMIKINO

Ikipe ya Kiyovu Sports inganyije na Marines igitego 1-1 inanirwa kurara ku mwanya wa mbere, umukino wabereye kuri Sitade Mumena.

Kapiteni wa Kiyovu Sports Mugheni Kakure Fabrice ateye umutwe gusa umupira we wakuwemo n’umuzamu wa MARINES FC (Sam Ngendahimana)

Uyu mukino wari ikirarane kuko wabaye tariki ya 25 Ugushyingo, uza guhagarara ugeze ku munota wa 34 kubera imvura nyinshi.

Kiyovu Sports yanganyije na Marines FC bagabana amanota ku mukino wabereye ku Mumena

Marines FC ni yo yatsinze igitego cya mbere ku munota 19 cyinjijwe na Yamini Salumu, ku ruhande rwa Kiyovu cyishyuwe n’Uwineza Aimé Plaice wagitsinze ku munota wa 39.

Yamini Salimu wa Marine FC afite umupira yayitsindiye n’igitego

Abakinnyi babanje mukibuga ku mpande zombi

Ku ruhande rwa Kiyovu Sports:Ndoli Jean Claude, Ahoyikuye Jean Paul, Uwihoreye Jean Paul, Ngirimana Alexis, Uwineza Aime Placide- Habamahoro Vincent, Kakule Mugheni Fabrice , Kalisa Rashid, Nizeyimana Djuma na Habyarimana Innocent- Vino Ramadhan.

Abakinnyi ba Kiyovu bajya inama mbere y’uko hatetrwa koroneri

Abakinnyi ba Marines babanjemo: Dukuzeyezu Pascal, Nsabimana Hussein (c), Ishimwe Christian, Ndayishimiye Thierry, Nkusi Prince, Bizimungu Omar, Yamini Salum, Niyitegeka Idrissa, Tuyishime Benjamin, Bahame Arafat na Kalisa Amri.

Umuzamu wa Marines FC mu Kirere amaze gukuramo ishoti

Kiyovu iyo itsinda uyu mukino yari kurara ku mwanya wa mbere riko ubu iraye ku mwanya wa kabiri n’amanota 16 inganya na AS Kigali ya mbere n’amanota 16, mu gihe Marines FC ifite amanota 9 ku mwanya wa 10 muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda.

Umuzamu wa Marines FC mu Kirere amaze gukuramo ishoti
Abakinnyi ba FC Marines bagerageza kubuza aba Kiyovu gutsinda igitego cya Koroneri mu mukino KIYOVU yateyemo Koroneri 12
Abafana ba Kiyovu basigaye bafan akuva umukino utangiye kugeza urangiye

Umukino uteganyijwe kuri iki Cyumweru: Amagaju vs Rayon Sports.

2017-12-17
Editorial

IZINDI NKURU

Amarushanwa ya Volleyball yo ku musenyi azaba muri Nzeli

Amarushanwa ya Volleyball yo ku musenyi azaba muri Nzeli

Editorial 10 Aug 2016
Yvan Buravan yaraye yerekanye Indirimbo shya Malaika

Yvan Buravan yaraye yerekanye Indirimbo shya Malaika

Editorial 09 Jul 2016
Abayobozi b’ikipe  ya Manchester  bafashe  icyemezo cyo ku gabanya imishahara ya bamwe  mu bakinnyi  bayo

Abayobozi b’ikipe ya Manchester bafashe icyemezo cyo ku gabanya imishahara ya bamwe mu bakinnyi bayo

Editorial 21 Feb 2016
Amavubi yatsinzwe umukino wa kabiri muri Cecafa [ Amafoto ]

Amavubi yatsinzwe umukino wa kabiri muri Cecafa [ Amafoto ]

Editorial 06 Dec 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

Giramata, umunyamideli ukomeye ku Isi yavuze ku muryango we wishwe muri Jenoside

Giramata, umunyamideli ukomeye ku Isi yavuze ku muryango we wishwe muri Jenoside

20 Apr 2018
U Rwanda na Uganda biri kuganira uko abagize uruhare muri jenoside bagarurwa

U Rwanda na Uganda biri kuganira uko abagize uruhare muri jenoside bagarurwa

16 Apr 2018
Pascal Nyamurinda wayoboraga Umujyi wa Kigali yeguye ku mirimo ye

Pascal Nyamurinda wayoboraga Umujyi wa Kigali yeguye ku mirimo ye

11 Apr 2018
Umuyobozi Muri RSSB Arahamya Ko Yibwe N’abana B’abakobwa Nyuma Yo Gushaka Kubafasha

Umuyobozi Muri RSSB Arahamya Ko Yibwe N’abana B’abakobwa Nyuma Yo Gushaka Kubafasha

10 Apr 2018
Umufaransa Yavuze Ku Buryo Inkotanyi Zafashe Mpiri Abasirikare B’Abafaransa Muri Opération Turquoise

Umufaransa Yavuze Ku Buryo Inkotanyi Zafashe Mpiri Abasirikare B’Abafaransa Muri Opération Turquoise

10 Apr 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Umugaba mukuru w’ingabo za Sudani y’Epfo, Gen Mawut Ajongo, yitabye Imana

Umugaba mukuru w’ingabo za Sudani y’Epfo, Gen Mawut Ajongo, yitabye Imana

20 Apr 2018
Ubukwe bwa Ali Kiba bwitezwemo abaherwe bo muri Kenya

Ubukwe bwa Ali Kiba bwitezwemo abaherwe bo muri Kenya

18 Apr 2018
Diamond ushinjwa gusakaza amashusho y’ubusambanyi yarekuwe by’agateganyo

Diamond ushinjwa gusakaza amashusho y’ubusambanyi yarekuwe by’agateganyo

18 Apr 2018
Diamond yatawe muri yombi aryozwa amashusho yasakaje asomana n’inkumi

Diamond yatawe muri yombi aryozwa amashusho yasakaje asomana n’inkumi

17 Apr 2018
Winnie Madikizela wahoze ari umugore wa Nelson Mandela yashyinguwe

Winnie Madikizela wahoze ari umugore wa Nelson Mandela yashyinguwe

15 Apr 2018
Umukobwa wa Perezida Museveni avuga ko yabonye Imana n’amaso ye bagirana ibiganiro

Umukobwa wa Perezida Museveni avuga ko yabonye Imana n’amaso ye bagirana ibiganiro

10 Apr 2018
Kwibuka24: Kwetu Film Institute izerekana filime zivuga amateka ya Jenoside

Kwibuka24: Kwetu Film Institute izerekana filime zivuga amateka ya Jenoside

09 Apr 2018

SONDAGE

Ni iyihe kipe mu Rwanda ubona izatwara shampiyona?

View Results

Loading ... Loading ...

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Phones: +250 788350655, +250 788501831
Emails: info@rushyashya.net , rushyashya@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2017, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru