• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
Inkuru zigezweho
  • Dore Ibyamamare byashyize hanze Amafoto yabo n’Abakunzi babo kuri St Valentine   |   15 Feb 2019

  • Uganda Yirukanye Umuyobozi Wa MTN Ku Butaka Bwayo   |   15 Feb 2019

  • Abarwanyi batandatu ba FDLR bashyize intwaro hasi   |   15 Feb 2019

  • RDC irishyuza Uganda miliyari $10 ku bikorwa by’ingabo zayo mu ntambara ya Congo   |   15 Feb 2019

  • Barahigwa Bukware, bagategura umuhango wo kwibuka Karegeya i Johannesburg   |   15 Feb 2019

  • Abandi Banyarwanda bajugunwe Kagitumba nyuma yo gukoreshwa imirimo ivunanye   |   14 Feb 2019

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Perezida Museveni yagaragaje impamvu avuga ko akunda Donald Trump

Perezida Museveni yagaragaje impamvu avuga ko akunda Donald Trump

Editorial 24 Jan 2018 HIRYA NO HINO

Perezida wa Uganda Yoweli Museveni yavuze ko akunda mugenzi we wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika uherutse gutuka Afurika ngo ni umusarane kuko ari umunyakuri.

 

Inkuru dukesha BBC Perezida Yoweri Museveni mu magambo ye yagize ati “Nkunda Trump kuko abwiza Afurika ukuri. Ntabwo nzi niba baramuvugiye ibyo atavuze nubwo abihakana, gusa uko byasa kose ibyo avuga kuri Afurika ni ukuri. Africa ikeneye kwikemurira ibibazo byayo mu mbaraga zayo zose kuko nibyo koko Africa ifite imbaraga nye.”

Perezida Museveni yabivuze kuri uyu wa Kabiri tariki 23 Mutarama 2018 ubwo yatangirazaga kumugaragaro inteko rusange y’ Abadepite bahagarariye ibihugu byabo mu muryango w’ Afurika y’ iburasirazuba ( East African Legislative Assembly (EALA)) mu murwa mukuru wa Uganda Kampala.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, Ambasaderi wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika muri Uganda Deborah Malac yabwiye abadepite ko ibyo Trump aherutse kuvuga kuri Afurika bidakwiye.

Yagize ati “Mu by’ ukuri njye na bagenzi banjye tumaze imyaka myinshi muri Afurika dufite inshuti nyinshi dufitanye umubano mwiza. Nta gushidikanya ariya magambo ya Trump arababaje kandi arakoma munkokora  ibihugu bya Africa na Haiti.

Yonjyeye yunga mo ati “Ndabizeza ko dushishikajwe no gukorera muri Uganda n’ ahandi hose muri Afurika gahunda zirakomeza”

Nubwo abenshi mu banyafurika bamaganye imvugo ya Trump aho yavuze ko Afurika ari nk’ umusarane(shitholes) hari bamwe mu banyafurika bavuze ko ibyo yavuze ari ukuri barimo na Perezida Museveni.

Icyo abantu benshi bashobora kuba bataramenye ku byo Trump yavuze ubwo yitaga Afurika umusarane harimo kuba icyo gihe yaravuze ko Abazungu baruta abirabura muri byose aho yavuze ngo ’iyo abirabura baba bangana n’ abazungu Imana iba yarabahaye ibara ry’ uruhu risa’. Ibi bamwe na bamwe ku Isi banavuga kandi bakanemeza ko ari ivanguramoko rishingiye ku ruhu(racism). Icyo gihe yananenze Abirabura cyane avuga ko batagira ubwenge kuko bijujutira ko Perezida runaka abayoboye nabi nyamara bakaba badashobora gufata iya mbere ngo bamukure ku butegetsi.

2018-01-24
Editorial

IZINDI NKURU

Urujijo k’urupfu rwa Ganza watunganyaga muzika, wari utuye Chicago

Urujijo k’urupfu rwa Ganza watunganyaga muzika, wari utuye Chicago

Editorial 05 Feb 2018
Gukora imibonano  mpuzabitsina neza  ku bashakanye bituma biteza imbere  ( Ubuhamya Video  )

Gukora imibonano mpuzabitsina neza ku bashakanye bituma biteza imbere ( Ubuhamya Video )

Editorial 14 Oct 2016
Impamvu 10 zituma abagore bananirwa kubana n’ abagabo babo

Impamvu 10 zituma abagore bananirwa kubana n’ abagabo babo

Editorial 01 Mar 2016
Benshi barakajwe n’uburyo itangazamakuru ryahangayikiye Oprah Winfrey mu mpanuka y’ibyondo yahitanye 13

Benshi barakajwe n’uburyo itangazamakuru ryahangayikiye Oprah Winfrey mu mpanuka y’ibyondo yahitanye 13

Editorial 20 Jan 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

Mu basilikare 65, Museveni yazamuye mu ntera,  Kandiho wa CMI ntarimo !

Mu basilikare 65, Museveni yazamuye mu ntera, Kandiho wa CMI ntarimo !

08 Feb 2019
Bamwe mu banyarwanda bari baragizwe imbohe na CMI muri Uganda batahutse

Bamwe mu banyarwanda bari baragizwe imbohe na CMI muri Uganda batahutse

07 Feb 2019
Hahishuwe Inyandiko Z’ubutasi Bw’u Bufaransa Zitunga Agatoki Abasilikare Bakuru [ Ex.FAR ] Batanze Amabwiriza  Y’ihanurwa Ry’indege Ya Habyarimana

Hahishuwe Inyandiko Z’ubutasi Bw’u Bufaransa Zitunga Agatoki Abasilikare Bakuru [ Ex.FAR ] Batanze Amabwiriza Y’ihanurwa Ry’indege Ya Habyarimana

06 Feb 2019
Paul Rusesabagina na Callixte Sankara nabo bashyiriweho impapuro zibata muri yombi

Paul Rusesabagina na Callixte Sankara nabo bashyiriweho impapuro zibata muri yombi

05 Feb 2019
Rusesabagina akwiye kubazwa inzirakarengane zikomeje kugirwa ingwate na MRCD zikaba ziri gupfira mu mirwano mu mashyamba ya Congo

Rusesabagina akwiye kubazwa inzirakarengane zikomeje kugirwa ingwate na MRCD zikaba ziri gupfira mu mirwano mu mashyamba ya Congo

04 Feb 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Dore Ibyamamare byashyize hanze Amafoto yabo n’Abakunzi babo kuri St Valentine

Dore Ibyamamare byashyize hanze Amafoto yabo n’Abakunzi babo kuri St Valentine

15 Feb 2019
Dusingizimana  yabuze ubufasha  bw’amadolari 1 270$ ngo yitabire umurage Mpuzamahanga wa ba Miss muri Singapul

Dusingizimana  yabuze ubufasha  bw’amadolari 1 270$ ngo yitabire umurage Mpuzamahanga wa ba Miss muri Singapul

14 Feb 2019
Mutesi Jolly ngo ntiyigeze yitukuza; biterwa na camera

Mutesi Jolly ngo ntiyigeze yitukuza; biterwa na camera

13 Feb 2019
Umunyamidelikazi w’umunyarwanda Mimi Mirage uherutse guha imodoka Mwiseneza Josiane yavuze uburyo asa na Tanasha

Umunyamidelikazi w’umunyarwanda Mimi Mirage uherutse guha imodoka Mwiseneza Josiane yavuze uburyo asa na Tanasha

13 Feb 2019
MTN yahembye umwana waririmbye indirimbo ‘God will make a way’ ya Don Moen

MTN yahembye umwana waririmbye indirimbo ‘God will make a way’ ya Don Moen

13 Feb 2019
Nimwiza Meghan ni we Miss Rwanda 2019

Nimwiza Meghan ni we Miss Rwanda 2019

27 Jan 2019
Amakamba atatu ya mbere muri Miss Rwanda 2019 yabonye ba nyirayo

Amakamba atatu ya mbere muri Miss Rwanda 2019 yabonye ba nyirayo

25 Jan 2019

SONDAGE

N'ikihe gihugu uha amahirwe yo gutwara igikombe cy'isi?

View Results

Loading ... Loading ...

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Phones: +250 788350655, +250 788501831
Emails: info@rushyashya.net , rushyashya@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2017, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru