• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • FDLR n’Indi Mitwe ishyigikiwe na Kongo bakomeje Kwica no kumenesha Abakongomani mu mirwano yongeye kubura   |   04 Dec 2025

  • Mukunzi Yannick yasezeye ku ikipe ya Sandvikens IF you muri Sweden yari amaze imyaka itandatu ayikinira   |   03 Dec 2025

  • AMAFOTO: Twagirayezu Thadée wayoboraga Rayon Sports yakoze ihererekanyabubasha na Murenzi Abdallah   |   02 Dec 2025

  • Dr. Usta Kayitesi yasimbuye Gen (Rtd) Kabarebe muri Minaffet, Imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri   |   01 Dec 2025

  • Abakinnyi 80 baturutse mu bihugu 16 byo hirya no hino ku Isi nibo bitabira isiganwa ry’Amagare yo mu rizwi nka Rwandan Epic   |   30 Nov 2025

  • APR FC yakiriye abakinnyi bayo 3 batari bahari barimo Mamadou Sy wari i Doha   |   28 Nov 2025

 
You are at :Home»Amakuru»Imikino Olimpiki yasojwe ikipe y’igihugu ya Brazil yegukanye umudali wa zahabu itsinze Esipanye ku mukino wa nyuma mu bagabo

Imikino Olimpiki yasojwe ikipe y’igihugu ya Brazil yegukanye umudali wa zahabu itsinze Esipanye ku mukino wa nyuma mu bagabo

Editorial 08 Aug 2021 Amakuru, IMIKINO, Mu Mahanga

Mu mukino wa nyuma mu mupira w’amaguru mu mikino Olimpiki mu bagabo yaberaga mu gihugu cy’u Buyapani, yasojwe ikipe y’igihugu ya Brazil yegukanye igikombe itsinze ikipe ya Esipanye ibitego bibiri kuri kimwe hitabajwe iminota 120, ni nyuma yaho amakipe yombi yari yasoje iminota 90 y’umukino ari igitego kimwe kuri kimwe.

Muri uyu mukino watangiye ikipe y’igihugu ya Brazil niyo yafunguye amazamu ya Esipanye ubwo hari ku munota wa 45 w’umkinom ni igitego cya mbere cyatsinzwe na Santos Carneiro Da Cunha bityo amakipe yombi ajya ku ruhuka ari igitego kimwe ku busa.

Bavuye ku ruhuka ni ukuvuga mu gice cya kabiri cy’umukinom ikipe ya Esipanye yabonye igitego cyo kwishyura cyatsinzwe ku munota wa 61 gitsinzwe na Oyarzabalm iki gitego cyagejeje aya makipe yombi ku munota wa 90 amakipe anganya igitego kimwe kuri kimwe bityo hongerwaga iminota 30 y’inyongera kugirango haboneke ikipe yageukana itsinzi yo kuri uyu wa gatandatu.

Amakipe yombi yinjiye muri iyo minota 30 ya nyuma n’ishyaka ryinshi, gusa iyi minota yaje guhirwa n’ikipe ya Brazil yegukanye intsinzi kuko ubwo hari ku munota wa 108 nibwo Malcom yaboneye igitego cyayihesheje umudali wa Zahabu Brazil itsinze ibitego bibiri kuri kimwe cya Esipanye.

Mu mupira w’amaguru hahuriye amakipe atandukanye mu gihugu cy’u Buyapani ariko abakinnyi bakaba ari abatarengeje imyaka 23 y’amavuko gusa ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi FIFA yemeje ko buri kipe yemerewe kongeramo abakinnyi batatu barengeje iyo myaka.

Mu bagabo, iri rushanwa ry’umupira w’amaguru risojwe ikipe ya Brazil yegukanye umwanya wa mbere ibi binatumye itwara iki gikombe incuro ebyiri z’ikurikiranya, ikipe y’igihugu ya Esipanye yo yegukanye umwanya wa gatatu naho ikipe yari ihagarariye igihugu cya Mexique yo yegukana umwana wa Kane.

Mu mikino 32 yakinwe mu kiciro cy’abagabo habonetsemo ibitego 93, aha usoje iri rushanwa atsinze ibitego byinshi ni Richarlisson watsinze ibitego bitanu wenyine akaba yanahawe igihembo cy’uwatsinze ibitego byinshi.

Mu kiciro cy’abagore umwanya wa mbere wegukanywe na Canada itsinze ikipe Suwede ku mukino wa nyuma itsinze kuri penaliti 3 kuri 2 nyuma yaho amakipe yombi yanganyije igitego kimwe kuri kimwe, ni mugihe ikipe y’igihugu ya Leta z’unze Ubumwe z’Amerika yegukanye umwanya wa gatatu.

2021-08-08
Editorial

IZINDI NKURU

Joyce Banda wahoze ayobora Malawi yagarutse mu gihugu ahakana ko yari yarahunze

Joyce Banda wahoze ayobora Malawi yagarutse mu gihugu ahakana ko yari yarahunze

Editorial 28 Apr 2018
Uko bamwe mu banyapolitiki ba mbere ya 94 bishwe ( Kameya Andreya )

Uko bamwe mu banyapolitiki ba mbere ya 94 bishwe ( Kameya Andreya )

Editorial 07 Apr 2016
Abasirikari ba Kenya bari baragiye mu butumwa bw’Umuryango w’Afrika y’Uburasirazuba muri Kongo, batangiye kuva muri icyo gihugu

Abasirikari ba Kenya bari baragiye mu butumwa bw’Umuryango w’Afrika y’Uburasirazuba muri Kongo, batangiye kuva muri icyo gihugu

Editorial 03 Dec 2023
Museveni akomeje kubeshya ku mvano y’ikibazo hagati y’u Rwanda na Uganda

Museveni akomeje kubeshya ku mvano y’ikibazo hagati y’u Rwanda na Uganda

Editorial 24 Feb 2020

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Perezida wa Repubulika ya Centrafrique Faustin-Archange Touadéra aragirira uruzinduko rw’iminsi ine mu Rwanda
Amakuru

Perezida wa Repubulika ya Centrafrique Faustin-Archange Touadéra aragirira uruzinduko rw’iminsi ine mu Rwanda

Editorial 05 Aug 2021
CNLG yikomye ibitaro byo mu Bufaransa byahaye akazi Dr Twagira ushinjwa ibyaha bya Jenoside
ITOHOZA

CNLG yikomye ibitaro byo mu Bufaransa byahaye akazi Dr Twagira ushinjwa ibyaha bya Jenoside

Editorial 06 Feb 2018
Abo kwa Rusesabagina ni umuti w’amenyo. Mu kanya kamwe ati ndi Umubiligi, mu kandi ati ndaregera urukiko ruburanisha abaturage bo mu muryango w’Ibihugu bya Afrika y’Uburasirazuba!
Amakuru

Abo kwa Rusesabagina ni umuti w’amenyo. Mu kanya kamwe ati ndi Umubiligi, mu kandi ati ndaregera urukiko ruburanisha abaturage bo mu muryango w’Ibihugu bya Afrika y’Uburasirazuba!

Editorial 30 Oct 2020

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru