• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»ITOHOZA»Abanyarwanda baba West-Midland UK bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi

Abanyarwanda baba West-Midland UK bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi

Editorial 28 Apr 2016 ITOHOZA

Ku mugoroba wo ku wa 23 Mata 2016 Abanyarwanda baba muri UK(United Kingdom) mu gice cya West-Midland bibutse ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.

Abanyarwanda bibumbiye muri West-Midland Rwanda community Association (WM-RCA) basaga 400 ndetse ni inshuti zu Rwanda bateraniye kuri St George’s Community Hub mu karere ka Birmingham kaherereye muri West-Midland bifatanya kwibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi.

Umuhango wari witabiriwe na abanyarwanda benshi batuye mu Bwongereza ni inshuti zu Rwanda barimo Nyakubahwa uhagarariye u Rwanda muri UK ndetse n’abandi banyacyubahiro Batandukanye bagejeje ku mbaga yari aho ngaho ubutumwa bwo kubihanganisha ndetse no gukomera.

Umuhango wabimburiwe no kwibuka abazize Jenocide yakorewe abatutsi bose hafatwa amasegonda 100 ikimenyetso cy’iminsi 100 Jenocide yamaze, abantu bose barahagaruka bibuka,hakurikiraho gucana urumuri rwi icyizere byakozwe na Nyakubahwa High Commissioner w’u Rwanda muri UK HE Yamina Karitanyi aherekejwe n’umuyobozi wungirije w;urumuri umuryango w’abacitse ku cumu baba mu Bwongereza madam Chantal Uwamahoro ndetse ni umuyobozi mukuru wa West Midland Bosco Ngabonzima ;bacana icyizere cy’uko abibukwa bahitanywe na Jenoside yakorewe abatutsi bari heza kandi ko u Rwanda rugana aheza.

Uhagarariye u Rwanda muri UK Yamina Karitanyi, yavuze ko kwibuka atari iby’abarokotse Jenoside gusa, ahubwo ko ari iby’Abanyarwanda bose. Ati “Kwibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi bidusigire inyigisho yo kwigira ndetse no kwihesha agaciro.”ati amaboko ya abana bu Rwanda agomba gushyira hamwe mu kubaka ezo heza hazaza hi igihugu cyabo aho kuzikoresha bagisenya nkizakoresheshwe muri Jenocide yakorewe abatutsi.

Yanasabye abaraho bose kugumya kwegera abacitse ku icumu rya jenocide kubafasha ndetse anibutsa ko u Rwanda ruzagumya gukurikirana abagize uruhare muri Jenocide yakorewe abatutsi aho baba bari hose bagashyikirizwa ubutabera kandi ko u Rwanda rutazihanganira abashaka guhindura amateka y’u rwanda bayakoresha bashaka gopfobya Jenocide yakorewe abatutsi yanagarutse aho u Rwanda rwavuye nyuma ya Jenocide yakorewe abatutsi naho rugeze ubu.ati: Nyuma ya Jenocide yakorewe abatutsi isi yabonaga u Rwanda ari nka agatebo kashwanyaguritse katashobora kugira icyo kamara,ati nyamara ubu nyuma y’ imyaka 22 u Rwanda ni igihugu cyi icyitegererezo muri Africa ndetse rubungabunga na amahoro hirya no hino kwi isi.

-2714.jpg

HC Yamina Karitanyi na Bosco Ngabonzima

-2715.jpg

-2716.jpg

-2717.jpg

-2718.jpg

Habayemo kandi indirimbo zitandukanye zo kwibuka zaririmbwe na abagore bo muri community ndetse haririmbwe ni indirimbo ya Rugamba yitwa Urukundo ni itorero rya west midland community.

-2719.jpg

HE Yamina Karitanyi ageza ijambo kubari bitabiriye Kwibuka

-2720.jpg

Itorero rya WM-RCA

-2724.jpg

-2725.jpg

Urubyiriko narwo rwa abana batandukanye bavuze imivugo itandukanye yo kwibuka harimo imwe witwa “Sinshaka Kwibuka,ariko se Nakwibagirwa gute”

-2721.jpg

-2723.jpg

-2722.jpg

Bosco Ngabonzima Perezida wa WM-RCA, ari nawe mwanditsi wacu muri iyi nkuru

2016-04-28
Editorial

IZINDI NKURU

Ntwali John William: Mpemuke, Ndamuke mu kwangiza isura y’igihugu ukwirakwiza ibihuha wunguka iki?

Ntwali John William: Mpemuke, Ndamuke mu kwangiza isura y’igihugu ukwirakwiza ibihuha wunguka iki?

Editorial 24 Jul 2019
Uko Museveni akomeje guhuza  RNC na FDLR akanabafasha kwinjiza abarwanyi babo mu Burundi na Congo ngo begere u Rwanda mu migambi yo kurutera

Uko Museveni akomeje guhuza RNC na FDLR akanabafasha kwinjiza abarwanyi babo mu Burundi na Congo ngo begere u Rwanda mu migambi yo kurutera

Editorial 22 Dec 2018
Uganda yatangiye guha ubuhungiro inyeshyamba za FDLR, FLN, RUD-Urunana

Uganda yatangiye guha ubuhungiro inyeshyamba za FDLR, FLN, RUD-Urunana

Editorial 25 Dec 2019
Umuhanzi Teta Diana yaciye agahigo  i San Fransisco muri  Rwanda Day

Umuhanzi Teta Diana yaciye agahigo i San Fransisco muri Rwanda Day

Editorial 28 Sep 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Umuhango w’irahira rya Macky Sall, Kagame n’abandi baperezida 18 bitabiriye irahira rye
HIRYA NO HINO

Umuhango w’irahira rya Macky Sall, Kagame n’abandi baperezida 18 bitabiriye irahira rye

Editorial 02 Apr 2019
Mugisha General Supplies ( MGS) yifurije  Nyakubahwa Paul Kagame  Isabukuru nziza y’Imyaka 60 amaze avutse
Mu Rwanda

Mugisha General Supplies ( MGS) yifurije Nyakubahwa Paul Kagame Isabukuru nziza y’Imyaka 60 amaze avutse

Editorial 23 Oct 2017
Uganda : Imvururu  zishingiye  gushyiraho  Leta nshya, ikazaba ifite izina rya ‘Repubulika ya Yiira’ . Zatumye umwami Charles  Mumbere atabwa muri yombi
ITOHOZA

Uganda : Imvururu zishingiye gushyiraho Leta nshya, ikazaba ifite izina rya ‘Repubulika ya Yiira’ . Zatumye umwami Charles Mumbere atabwa muri yombi

Editorial 28 Nov 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru