• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yashyikirije ibendera ikipe y’u Rwanda y’Abagore yerekeje i Nairobi mu Gikombe cya Afurika   |   23 Aug 2026

  • Ubuyobe bw’Ubuhanuzi butuma FDLR Yitera Ikinya mu mashyamba ya DRC kugirango irebe ko yamara kabiri   |   22 Aug 2026

  • Ndi gupfa ndeba- Luvumbu yashinje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kumutererana nyuma yo kuva mu Rwanda   |   21 Aug 2026

  • Dr. Bahati Bernard yavuze ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/26 abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza batsinze ku rugero rwa 88,21%   |   20 Aug 2026

  • Ikibazo cy’Ubuzima n’Umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, iki gihugu cyambuwe kwakira Shampiyona Nyafurika ya Volleyball y’Abagabo 2026   |   20 Aug 2026

  • Etienne Gatanazi akura gakiza ki mu kuba umuzindaro w’interahamwe?   |   20 Aug 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Abanyarwanda baba West-Midland UK bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi

Abanyarwanda baba West-Midland UK bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubwanditsi 28 Apr 2016 ITOHOZA

Ku mugoroba wo ku wa 23 Mata 2016 Abanyarwanda baba muri UK(United Kingdom) mu gice cya West-Midland bibutse ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.

Abanyarwanda bibumbiye muri West-Midland Rwanda community Association (WM-RCA) basaga 400 ndetse ni inshuti zu Rwanda bateraniye kuri St George’s Community Hub mu karere ka Birmingham kaherereye muri West-Midland bifatanya kwibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi.

Umuhango wari witabiriwe na abanyarwanda benshi batuye mu Bwongereza ni inshuti zu Rwanda barimo Nyakubahwa uhagarariye u Rwanda muri UK ndetse n’abandi banyacyubahiro Batandukanye bagejeje ku mbaga yari aho ngaho ubutumwa bwo kubihanganisha ndetse no gukomera.

Umuhango wabimburiwe no kwibuka abazize Jenocide yakorewe abatutsi bose hafatwa amasegonda 100 ikimenyetso cy’iminsi 100 Jenocide yamaze, abantu bose barahagaruka bibuka,hakurikiraho gucana urumuri rwi icyizere byakozwe na Nyakubahwa High Commissioner w’u Rwanda muri UK HE Yamina Karitanyi aherekejwe n’umuyobozi wungirije w;urumuri umuryango w’abacitse ku cumu baba mu Bwongereza madam Chantal Uwamahoro ndetse ni umuyobozi mukuru wa West Midland Bosco Ngabonzima ;bacana icyizere cy’uko abibukwa bahitanywe na Jenoside yakorewe abatutsi bari heza kandi ko u Rwanda rugana aheza.

Uhagarariye u Rwanda muri UK Yamina Karitanyi, yavuze ko kwibuka atari iby’abarokotse Jenoside gusa, ahubwo ko ari iby’Abanyarwanda bose. Ati “Kwibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi bidusigire inyigisho yo kwigira ndetse no kwihesha agaciro.”ati amaboko ya abana bu Rwanda agomba gushyira hamwe mu kubaka ezo heza hazaza hi igihugu cyabo aho kuzikoresha bagisenya nkizakoresheshwe muri Jenocide yakorewe abatutsi.

Yanasabye abaraho bose kugumya kwegera abacitse ku icumu rya jenocide kubafasha ndetse anibutsa ko u Rwanda ruzagumya gukurikirana abagize uruhare muri Jenocide yakorewe abatutsi aho baba bari hose bagashyikirizwa ubutabera kandi ko u Rwanda rutazihanganira abashaka guhindura amateka y’u rwanda bayakoresha bashaka gopfobya Jenocide yakorewe abatutsi yanagarutse aho u Rwanda rwavuye nyuma ya Jenocide yakorewe abatutsi naho rugeze ubu.ati: Nyuma ya Jenocide yakorewe abatutsi isi yabonaga u Rwanda ari nka agatebo kashwanyaguritse katashobora kugira icyo kamara,ati nyamara ubu nyuma y’ imyaka 22 u Rwanda ni igihugu cyi icyitegererezo muri Africa ndetse rubungabunga na amahoro hirya no hino kwi isi.

-2714.jpg

HC Yamina Karitanyi na Bosco Ngabonzima

-2715.jpg

-2716.jpg

-2717.jpg

-2718.jpg

Habayemo kandi indirimbo zitandukanye zo kwibuka zaririmbwe na abagore bo muri community ndetse haririmbwe ni indirimbo ya Rugamba yitwa Urukundo ni itorero rya west midland community.

-2719.jpg

HE Yamina Karitanyi ageza ijambo kubari bitabiriye Kwibuka

-2720.jpg

Itorero rya WM-RCA

-2724.jpg

-2725.jpg

Urubyiriko narwo rwa abana batandukanye bavuze imivugo itandukanye yo kwibuka harimo imwe witwa “Sinshaka Kwibuka,ariko se Nakwibagirwa gute”

-2721.jpg

-2723.jpg

-2722.jpg

Bosco Ngabonzima Perezida wa WM-RCA, ari nawe mwanditsi wacu muri iyi nkuru

2016-04-28
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Muri Kivu y’Amajyaruguru na Ituri, “amategeko yo mu bihe bidasanzwe” yahitanye ababarirwa mu 6.000 mu myaka 2 gusa.

Muri Kivu y’Amajyaruguru na Ituri, “amategeko yo mu bihe bidasanzwe” yahitanye ababarirwa mu 6.000 mu myaka 2 gusa.

Ubwanditsi 09 May 2023
Umumarayika yagendereye umuyisilamu amwigisha ko Yesu ariwe gitambo cy’ukuri kuruta icya “Aid el adha”

Umumarayika yagendereye umuyisilamu amwigisha ko Yesu ariwe gitambo cy’ukuri kuruta icya “Aid el adha”

Ubwanditsi 04 Oct 2017
Tribert Rujugiro mu manza z’uburiganya mu gihugu cya Uganda

Tribert Rujugiro mu manza z’uburiganya mu gihugu cya Uganda

Ubwanditsi 27 Mar 2017
Inkomoko ya FDU-Inkingi ya Ingabire yerekana impamvu ari indiri y’Abajenosideri

Inkomoko ya FDU-Inkingi ya Ingabire yerekana impamvu ari indiri y’Abajenosideri

Ubwanditsi 16 Jul 2025

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

RDC: Félix Tshisekedi utavuga rumwe n’ubutegetsi yatanze kandidatire mu matora ya Perezida
POLITIKI

RDC: Félix Tshisekedi utavuga rumwe n’ubutegetsi yatanze kandidatire mu matora ya Perezida

Ubwanditsi 08 Aug 2018
Bashir bamujyanye kumufungira muri Gereza ya Kabar i Khartoum.
POLITIKI

Bashir bamujyanye kumufungira muri Gereza ya Kabar i Khartoum.

Ubwanditsi 17 Apr 2019
INGINGO Z’INGEZI Z’URWANDIKO RWA SUSURUTSA SEBAHINZI Joseph RUSABA  GUHINDURA AMAZINA
Mu Rwanda

INGINGO Z’INGEZI Z’URWANDIKO RWA SUSURUTSA SEBAHINZI Joseph RUSABA  GUHINDURA AMAZINA

Ubwanditsi 25 Apr 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru