• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • AMAFOTO – Rayon Spotrs yasinyanye amasezerayo y’ubufatanye na Bank of Kigali y’igihe cy’imyaka 5, ikazabona arenga Miliyari 1 ku mwaka   |   18 Jul 2026

  • Dr Eugène Rwamucyo yahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi, akatirwa imyaka 27 y’igifungo mu Bufaransa   |   18 Jul 2026

  • Bombori bombori muri RNC yageze no mu muryango bwite wa Kayumba Nyamwasa   |   17 Jul 2026

  • Visit Rwanda n’ikipe ya Aston Villa yo mu gihugu cy’u Bwongereza basinyanye amasezerano y’ubufatanye   |   14 Jul 2026

  • AMAFOTO – Girumugisha yabaye umukinnyi w’umwaka muri Shampiyona y’u Rwanda ahembwa imodoka ya miliyoni 15 Frw   |   13 Jul 2026

  • Iperereza ku rupfu rwa ruharwa Kabuga Félicien: Yapfiriye mu cyumba cye nyuma yo guhabwa ifunguro, yazize umutima   |   13 Jul 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Ubwanditsi 28 Jun 2024 Amakuru, HIRYA NO HINO, INKURU NYAMUKURU, Mu Rwanda

Uburyo Abanyarwanda bitabira batiganda gahunda zose za Perezida Paul Kagame, ni kimwe mu bituma u Rwanda rwihuta mu ntambwe rutera, kuko abayobozi n’abayoborwa basenyera umugozi umwe.

Nk’uko byagiye bigenda no mu yindi myiteguro y’amatora, ndetse n’ikindi gihe cyose yifuje kubonana n’abaturage, ubwitabire butangaje bw’abaza gusabana n’umukandida Kagame Paul, ni kimwe mu bipimo by’ubwuzu n’icyizere ntagereranywa bamufitiye, we ubwe, ndetse na FPR-Inkotanyi yongeye kumutangaho umukandida ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu.

Ibigarasha n’abajenosideri bo bibatera ishyari, bati: Biriya Abanyarwanda babikora ku gahato”!

Ariko se mwa nyangabirama mwe, igikundiro kizanwa n’agahato? Nyamara muzahekenya amenyo kugeza muyamariye mu nda!

Turabizi ko ucira impumyi amarenga amara ibinoko, ariko tuzakomeza kubabwira, yenda ntihazabura uwo Imana ivugiramo agahinduka, nk’uko byagendekeye umunyabyaha ruharwa Sawuri uvugwa muri Bibiliya.

Ni muri urwo rwego twifuje kugaruka ku butumwa busobanutse dukesha umugabo, Anastase Rwabuneza, umwe mu banyamakuru beza u Rwanda rufite kandi ubifitemo uburambe buhagije.

Umusesenguzi Anastase Rwabuneza ati “agahato ntigatanga agaciro”

Bwana Rwabuneza arabaza abakonteresigise(contre-succès) impamvu batiyambaza umutimanama( NDLR: Niba bawugira), ngo ubafashe muri uyu mwitozo wo kwibaza no kwisubiza utu tubazo tworoshye:

1. Abanyarwanda basanze FPR ku rugamba ku gahato?
2. Babohoye u Rwanda ku gahato?
3. Bagiye muri FPR ku gahato?
4. Bubatse u Rwanda ku gahato?
5. Bagabirwa inka, bakanywa amata ku gahato?
6. Bajyanwa muri RDF(ingabo z’u Rwanda) ku gahato?
7. Bajyanwa muri RNP (Polisi y’u Rwanda)ku gahato?
8. Bubakirwa inzu ku gahato?
9. Bakuwe mu bukene ku gahato?
10. Bubakirwa amavuriro ku gahato?
11. Baturanye batuje ku gahato?
12. Bubakirwa imihanda ku gahato?
13. Bararirimba bakabyina ku gahato?
14. Bidagadura ku gahato?
15. Banezerwa ku gahato?
16. Banaseka ku gahato?
17. Abana banywa Amata ku Ishuri ku gahato?
18. Ababyeyi babyarira kwa muganga ku gahato?
Umusaza Anastase Rwabuneza asoza abaza izo nyangabirama ati: “Ese ubundi kuki mutaza ngo twishimane ku gahato?”.

Twe nka Rushyashya ntacyo twarenza kuri utu tubazo tw’umuntu wasesenguye neza ubuzima bw’Abanyarwanda.

Icyo twavuga gusa ni uko Abanyarwanda bahumutse. Bazi icyiza n’ikizira. Amahitamo yabo ni ukujya mbere barangajwe imbere n’umugabo w’ibikorwa.

Ariko ubundi mbibarize bakonterezigise se: Niba hari agahato kabamururaho kubundabunda no gusabiriza aho mwanzwe, ako gahato mwagafatiranye katarabacika?

Njyewe rero, niba ari agahato kampaye agaciro, agahato katumye umwana wanjye atarwara bwaki, agahato kampaye gutunga ngatunganirwa, ako gahato karakampama.

2024-06-28
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Uganda: Abadipolomate bakemanze umwanzuro wo gutegeka ibigo guhagarika abanyamakuru basaga 30

Uganda: Abadipolomate bakemanze umwanzuro wo gutegeka ibigo guhagarika abanyamakuru basaga 30

Ubwanditsi 04 May 2019
Abanyarwandakazi batatu birukanywe muri Uganda nyuma y’umwaka batoterezwa muri gereza banakoreshwa imirmo y’agahato

Abanyarwandakazi batatu birukanywe muri Uganda nyuma y’umwaka batoterezwa muri gereza banakoreshwa imirmo y’agahato

Ubwanditsi 03 Jun 2019
Urusha nyina w’umwana imbabazi aba ashaka kumurya: “Inzobere za Loni zirashinja ingabo z’u Rwanda kuvogera ubutaka bwa Kongo, uboshye iki gihugu ubwacyo kitabasha kumenya abakivogereye.

Urusha nyina w’umwana imbabazi aba ashaka kumurya: “Inzobere za Loni zirashinja ingabo z’u Rwanda kuvogera ubutaka bwa Kongo, uboshye iki gihugu ubwacyo kitabasha kumenya abakivogereye.

Ubwanditsi 05 Jan 2021
Icyamamare mu mibyinire  Sommizi Mhlongo aratwite nyuma yo kwibagisha inda ibyara

Icyamamare mu mibyinire Sommizi Mhlongo aratwite nyuma yo kwibagisha inda ibyara

Ubwanditsi 17 Feb 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Ikigo Inovos Ltd gikora impapuro z’isuku zifashishwa mu Mihango y’abari n’abategarugori (Tamu Sanitary Pads) cyahize ibindi mu Marushanwa yo gutanga Serivisi inoze
Amakuru

Ikigo Inovos Ltd gikora impapuro z’isuku zifashishwa mu Mihango y’abari n’abategarugori (Tamu Sanitary Pads) cyahize ibindi mu Marushanwa yo gutanga Serivisi inoze

Ubwanditsi 28 Feb 2022
Dore Uburyo Wakwemeza Umukobwa Muhuye bwa Mbere Mukubakana Urukundo Rudasanzwe hagati Yanyu
HIRYA NO HINO

Dore Uburyo Wakwemeza Umukobwa Muhuye bwa Mbere Mukubakana Urukundo Rudasanzwe hagati Yanyu

Ubwanditsi 05 May 2017
Nyamirambo: Abantu Bane Bamaze Gupfa Bazize kanyanga bikekwa ko yari yashyizwemo alcool bogesha ibisebe
ITOHOZA

Nyamirambo: Abantu Bane Bamaze Gupfa Bazize kanyanga bikekwa ko yari yashyizwemo alcool bogesha ibisebe

Ubwanditsi 10 Jun 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru