• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yashyikirije ibendera ikipe y’u Rwanda y’Abagore yerekeje i Nairobi mu Gikombe cya Afurika   |   23 Aug 2026

  • Ubuyobe bw’Ubuhanuzi butuma FDLR Yitera Ikinya mu mashyamba ya DRC kugirango irebe ko yamara kabiri   |   22 Aug 2026

  • Ndi gupfa ndeba- Luvumbu yashinje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kumutererana nyuma yo kuva mu Rwanda   |   21 Aug 2026

  • Dr. Bahati Bernard yavuze ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/26 abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza batsinze ku rugero rwa 88,21%   |   20 Aug 2026

  • Ikibazo cy’Ubuzima n’Umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, iki gihugu cyambuwe kwakira Shampiyona Nyafurika ya Volleyball y’Abagabo 2026   |   20 Aug 2026

  • Etienne Gatanazi akura gakiza ki mu kuba umuzindaro w’interahamwe?   |   20 Aug 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Ikipe ya RDC yitegura Amavubi U23 igiye kwitoreza i Goma

Ikipe ya RDC yitegura Amavubi U23 igiye kwitoreza i Goma

Ubwanditsi 05 Nov 2018 IMIKINO

Ikipe y’igihugu ya RDC yitegura guhangana n’Amavubi y’abatarengeje imyaka 23 igiye gukorera umwiherero mu Mujyi wa Goma uri hafi y’akarere ka Rubavu, ahazabera umukino wo gushaka itike y’igikombe cya Afurika kizabera mu Misiri.

Tariki 14 Ukwakira 2018 nibwo Umutoza Christian Nsengi Biembe yatangaje urutonde rw’abakinnyi 36 barimo 19 bakina imbere mu gihugu bagombaga gutangira imyitozo tariki 20 Ukwakira ariko babura amikoro yo gucumbikira iyi kipe.

Ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bwemeje ko iyi kipe igomba gutangira imyitozo kuri uyu wa Mbere tariki 5 Ukwakira 2018 ariko abakinnyi bakajya bicumbikira.

Ku wa Gatatu tariki 7 Ukwakira 2018 nibwo iyi kipe izatangira umwiherero uzabera mu Mujyi wa Goma wo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bazamara iminsi itanu bakorera imyitozo kuri Stade de l’unité y’i Goma ifite ikibuga cy’ubwatsi bw’ubukorano (pelouse synthétique) busa n’ubw’ikibuga cya Stade Umuganda yo mu Karere ka Rubavu ahazabera umukino.

Urutonde rw’abakinnyi bahamagawe

Abanyezamu: Over Mandanda (Girondin De Bordeaux/ mu Bufaransa), Enzo D’alberto (RSC Anderlecht/mu Bubiligi), Jackson Lunanga (Maniema Union/RDC), na Mabruki Nathan (DCMP /RDC)

Ba myugariro: Arnaud Nkodi Luzayadio (PSG/mu Bufaransa), Stanley Nsoki (PSG/mu Bufaransa), Gédéon Kalulu (Lyon/mu Bufaransa), Amale (DCMP/RDC), Herve Beya (AS Nyuki/RDC), Tshibwabwa Trésor (FC Lupopo/RDC), Zola Arsene (TP Mazembe/RDC), Mapumba Marcel (Maniema Union/RDC), Djuma Shabani (AS V Club/RDC), Luzolo Ernest (AS V Club/RDC), Kitoto Eric (Lubumbashi Sport/RDC) na Atibu Radjabu (AS Dauphin Noir/RDC)

Abakina hagati: Christopher Nkunku (PSG/mu Bufaransa), Tristan Muyumba (Cercle Bruges/mu Bubiligi), Bangu Andy Luzayadio Vinzenza (Fiorentina/mu Butaliyani), Loic Ntambwe (Stade Rennais/mu Bufaransa), Isaac Matondo (Stade Rennais/mu Bufaransa), Bryan Mavinzi (FC Nantes/mu Bufaransa), Kayembe Edo (RSC Anderlecht/mu Bubiligi), Mutunosi Peter (AC Ranger/RDC), Kambale Bienvenu (AS Nyuki/RDC), Likonza Glody (TP Mazembe/RDC) na Mukoko Tonombe (AS Vclub/RDC).

Ba rutahizamu: Aldo Kalulu Kyatengwa (FC Sochaux/mu Bufaransa), Yann Kitala (Lyon/mu Bufaransa), Timothée Nkada (Stade Rennais/mu Bufaransa), Taylor Luvambo (FC Nantes/mu Bufaransa), Jonathan Okita (Nec Nijmegen/mu Buholandi), Muzungu Chadrak (AS Vita Club/RDC), Kayembe Alidor (FC Lupopo/RDC), Mamba Mukombozi (AS Nyuki/RDC), na Tuisila Kisinda (Maniema Union/RDC).

Stade de l’unité y’i Goma niyo ikipe y’igihugu ya RDC izakoreraho imyitozo

Umutoza Christian Nsengi Biembe yahamagaye abakinnyi ariko batinda gutangira imyitozo kubera ibibazo by’amikoro

2018-11-05
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Mu mukino ubanza wa CAF Champions League, APR FC yanganyije na Pyramids FC  1-1

Mu mukino ubanza wa CAF Champions League, APR FC yanganyije na Pyramids FC 1-1

Ubwanditsi 14 Sep 2024
Imikino ya CECAFA y’Abagore yagombaga kubera i Kigali yasubitswe

Imikino ya CECAFA y’Abagore yagombaga kubera i Kigali yasubitswe

Ubwanditsi 08 May 2018
TP Mazembe yaciwe $450 000 kuko yanze kwambara “Visit Rwanda ” nk’Umuterankunga mukuru wa Africa Football League, yitwaje ibinyoma bishinja u Rwanda gushyigikira M23

TP Mazembe yaciwe $450 000 kuko yanze kwambara “Visit Rwanda ” nk’Umuterankunga mukuru wa Africa Football League, yitwaje ibinyoma bishinja u Rwanda gushyigikira M23

Ubwanditsi 18 Apr 2024
Tuyishime Placide uzwi nka Trump yakoze ihererekanyabubasha na Nsengiyumva Richard umusimbuye mu kuyobora Musanze FC

Tuyishime Placide uzwi nka Trump yakoze ihererekanyabubasha na Nsengiyumva Richard umusimbuye mu kuyobora Musanze FC

Ubwanditsi 25 Jun 2025

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Abapolisi b’u Rwanda muri Haiti bambitswe imidali
Mu Mahanga

Abapolisi b’u Rwanda muri Haiti bambitswe imidali

Ubwanditsi 18 Jun 2016
Myugariro Serumogo Ally Omar wifuzwaga n’amakipe menshi arimo na Rayon Sports, yongerewe amasezerano y’imyaka 2 n’ikipe ya Kiyovu SC
Amakuru

Myugariro Serumogo Ally Omar wifuzwaga n’amakipe menshi arimo na Rayon Sports, yongerewe amasezerano y’imyaka 2 n’ikipe ya Kiyovu SC

Ubwanditsi 26 Jun 2022
Peter Vrooman wagizwe Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda ni muntu ki ?
HIRYA NO HINO

Peter Vrooman wagizwe Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda ni muntu ki ?

Ubwanditsi 16 Nov 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru