• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • AMAFOTO – Girumugisha yabaye umukinnyi w’umwaka muri Shampiyona y’u Rwanda ahembwa imodoka ya miliyoni 15 Frw   |   13 Jul 2026

  • Iperereza ku rupfu rwa ruharwa Kabuga Félicien: Yapfiriye mu cyumba cye nyuma yo guhabwa ifunguro, yazize umutima   |   13 Jul 2026

  • Mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2026, APR FC izatangira ihura na Gor Mahia, Rayon Sports izisobanura na KVZ SC yo muri Zanzibar   |   11 Jul 2026

  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Ikipe ya RDC yitegura Amavubi U23 igiye kwitoreza i Goma

Ikipe ya RDC yitegura Amavubi U23 igiye kwitoreza i Goma

Ubwanditsi 05 Nov 2018 IMIKINO

Ikipe y’igihugu ya RDC yitegura guhangana n’Amavubi y’abatarengeje imyaka 23 igiye gukorera umwiherero mu Mujyi wa Goma uri hafi y’akarere ka Rubavu, ahazabera umukino wo gushaka itike y’igikombe cya Afurika kizabera mu Misiri.

Tariki 14 Ukwakira 2018 nibwo Umutoza Christian Nsengi Biembe yatangaje urutonde rw’abakinnyi 36 barimo 19 bakina imbere mu gihugu bagombaga gutangira imyitozo tariki 20 Ukwakira ariko babura amikoro yo gucumbikira iyi kipe.

Ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bwemeje ko iyi kipe igomba gutangira imyitozo kuri uyu wa Mbere tariki 5 Ukwakira 2018 ariko abakinnyi bakajya bicumbikira.

Ku wa Gatatu tariki 7 Ukwakira 2018 nibwo iyi kipe izatangira umwiherero uzabera mu Mujyi wa Goma wo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bazamara iminsi itanu bakorera imyitozo kuri Stade de l’unité y’i Goma ifite ikibuga cy’ubwatsi bw’ubukorano (pelouse synthétique) busa n’ubw’ikibuga cya Stade Umuganda yo mu Karere ka Rubavu ahazabera umukino.

Urutonde rw’abakinnyi bahamagawe

Abanyezamu: Over Mandanda (Girondin De Bordeaux/ mu Bufaransa), Enzo D’alberto (RSC Anderlecht/mu Bubiligi), Jackson Lunanga (Maniema Union/RDC), na Mabruki Nathan (DCMP /RDC)

Ba myugariro: Arnaud Nkodi Luzayadio (PSG/mu Bufaransa), Stanley Nsoki (PSG/mu Bufaransa), Gédéon Kalulu (Lyon/mu Bufaransa), Amale (DCMP/RDC), Herve Beya (AS Nyuki/RDC), Tshibwabwa Trésor (FC Lupopo/RDC), Zola Arsene (TP Mazembe/RDC), Mapumba Marcel (Maniema Union/RDC), Djuma Shabani (AS V Club/RDC), Luzolo Ernest (AS V Club/RDC), Kitoto Eric (Lubumbashi Sport/RDC) na Atibu Radjabu (AS Dauphin Noir/RDC)

Abakina hagati: Christopher Nkunku (PSG/mu Bufaransa), Tristan Muyumba (Cercle Bruges/mu Bubiligi), Bangu Andy Luzayadio Vinzenza (Fiorentina/mu Butaliyani), Loic Ntambwe (Stade Rennais/mu Bufaransa), Isaac Matondo (Stade Rennais/mu Bufaransa), Bryan Mavinzi (FC Nantes/mu Bufaransa), Kayembe Edo (RSC Anderlecht/mu Bubiligi), Mutunosi Peter (AC Ranger/RDC), Kambale Bienvenu (AS Nyuki/RDC), Likonza Glody (TP Mazembe/RDC) na Mukoko Tonombe (AS Vclub/RDC).

Ba rutahizamu: Aldo Kalulu Kyatengwa (FC Sochaux/mu Bufaransa), Yann Kitala (Lyon/mu Bufaransa), Timothée Nkada (Stade Rennais/mu Bufaransa), Taylor Luvambo (FC Nantes/mu Bufaransa), Jonathan Okita (Nec Nijmegen/mu Buholandi), Muzungu Chadrak (AS Vita Club/RDC), Kayembe Alidor (FC Lupopo/RDC), Mamba Mukombozi (AS Nyuki/RDC), na Tuisila Kisinda (Maniema Union/RDC).

Stade de l’unité y’i Goma niyo ikipe y’igihugu ya RDC izakoreraho imyitozo

Umutoza Christian Nsengi Biembe yahamagaye abakinnyi ariko batinda gutangira imyitozo kubera ibibazo by’amikoro

2018-11-05
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Mu mukino ubanza wa CAF Champions League, APR FC yanganyije na Pyramids FC  1-1

Mu mukino ubanza wa CAF Champions League, APR FC yanganyije na Pyramids FC 1-1

Ubwanditsi 14 Sep 2024
Amafoto – Haringingo Francis watandukanye na Police FC yerekeje muri Kiyovu SC ku masezerano y’imyaka ibiri asabwa gutwara igikombe

Amafoto – Haringingo Francis watandukanye na Police FC yerekeje muri Kiyovu SC ku masezerano y’imyaka ibiri asabwa gutwara igikombe

Ubwanditsi 09 Jul 2021
Manizabayo Jean de Dieu na Umutoni Sandrine begukanye irushanwa rya Youth Racing Cup ryakiniwe i Bugesera

Manizabayo Jean de Dieu na Umutoni Sandrine begukanye irushanwa rya Youth Racing Cup ryakiniwe i Bugesera

Ubwanditsi 14 Oct 2024
CAF: APR FC yatomboye Club Africain yo muri Tunisia, Mukura VS yo izahangana n’iya Kwizera muri Afurika y’Epfo

CAF: APR FC yatomboye Club Africain yo muri Tunisia, Mukura VS yo izahangana n’iya Kwizera muri Afurika y’Epfo

Ubwanditsi 12 Nov 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Mukura itsinze Musanze, ica kuri Rayon-Kiyovu na Police nazo zitwara neza
IMIKINO

Mukura itsinze Musanze, ica kuri Rayon-Kiyovu na Police nazo zitwara neza

Ubwanditsi 18 Feb 2016
Uko Judi Rever yatumiwe n’inkoramutima za RNC, guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi
INKURU NYAMUKURU

Uko Judi Rever yatumiwe n’inkoramutima za RNC, guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubwanditsi 01 Apr 2019
Amateka y’Umunyamakuru Shyaka Kanuma, Uko yinjiye mu Itangazamakuru n’Uko yageze mu Buyanja bwa Bizimungu Pasteur
ITOHOZA

Amateka y’Umunyamakuru Shyaka Kanuma, Uko yinjiye mu Itangazamakuru n’Uko yageze mu Buyanja bwa Bizimungu Pasteur

Ubwanditsi 17 Jan 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru