• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • FDLR bari muri Congo, barica abantu, bateza umutekano muke, Gusenya uwo mutwe bireba Congo n’ u Rwanda natwe bikatureba   |   29 Jan 2026

  • ICYO WAMENYA KUBIYAMAMARIZA KUYOBORA FDU-INKINGI: UMUTWE W’INTERAHAMWE ZIHEBEYE KUBUNZA INGENGABITEKEREZO YA JENOSIDE   |   29 Jan 2026

  • Interahamwe mu burayi zishyize hamwe ngo zishyigikire Victoire Ingabire   |   15 Jan 2026

  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

 
You are at :Home»ITOHOZA»NEW RNC yahinduye umuvuno ishaka kwiyegereza abo yitaga ko bayinukira

NEW RNC yahinduye umuvuno ishaka kwiyegereza abo yitaga ko bayinukira

Editorial 09 Mar 2017 ITOHOZA

Ntihashize igihe kinini rya tsinda ryitwa RNC ricitsemo ibice bibiri kimwe kikaba kiyobowe na Rudasingwa ikindi kiyobowe na Kayumba nyuma yaho batandukaniye bapfa ivanguramoko!

Uruhande rwa Kayumba rwashakaga ko muri RNC bashyiramo umubare w’Abateruzi b’ibibindi benshi bityo bikazabafasha kwiyegereza no kwigarurira amatsinda yabo abarizwa i Burayi ndetse bikazanamworohera kwiyegereza umutwe witerabwoba wa FDLR muguhungabanya umutekano w’u Rwanda.

Uruhande rwa Rudasingwa na Musonera rwarabyamaganye ruvuga ko rudashobora gukorana n’Abateruzi b’ibibindi nka Condo na Serge Ndayizeye ati : RNC ni iyacu ntitugomba kuvangamo ndetse nta nukwiye kurijyamo yaba ari agakingirizo kuko bo babonaga bashyizemo Abateruzi b’ibibindi hari n’igihe babatera coup d’etat, mbibutse ko Rudasingwa mubyo yazize akiri mu Rwanda harimo ni imvugo ubwe yigeze kwivugira ko Abahutu bamunukira muri Ambasade i Washington!!

NEW RNC MU ITURUFU YO KWIYEGEREZA ABO YITAGA KO BAYINUKIRA.

Mu ntangiriro zuyu mwaka nibwo hashyizwe hanze itangazo ryasinyweho na Jonathan Musonera ahamagarira interahamwe zose ziba i Burayi ko yifuza kuziganirira kucyo yise ”Inama Mpuzamahanga kuri Jenoside y’u Rwanda yakorewe Abahutu” igisekeje nuko uzitabira iyo nama wese azatanga amafaranga yo kwinjira angana € 50.00!!!!!

Ibi bikantera kwibaza ese ko uruhande rwabo ruzira kubi abo bateruzi b’ibibindi niki kimuteye kujya kubatekinikira ashaka kubakuraho ibyaha bakoze ahubwo akabishyira kubishwe bazira ubusa? aho si inzara yaba iri kumunogora dore ko nta nakazi gafatika akora muri Amerika?

Ntabwo Musonera na Rudasingwa bashobora gukora ikintu nta nyungu babonamo kandi iyo bije ku mafaranga bakwemera ko bitwa imbwa ariko bakayacyura ibyo umuntu ubana cg wakoranye nabo arabizi.

-5973.jpg

Ngarambe, Musonera na Rudasingwa

None se niba koko ibyo bashaka kuvuga babifitiye gihamya kuki bari kwishyuza abazabyitabira? none se igihe bavugiye ko Abahutu babanukira ubu byararangiye cg ayo bari kwaka nayo gutera imiti muri iyo salle kugira ngo hazazemo undi muhumuro?
Ngaho interahamwe zose ziba i Burayi cyane cyane mu Bufaransa no mu Bubiligi kandi zishaka guhabwa penetensiya na Musonera hamwe na Rudasingwa mube mutegura utwanyu muzitabire iyo nama.

Umwanditsi wacu

2017-03-09
Editorial

IZINDI NKURU

Impamvu Kayumba akomeje kuba umwizerwa wa Museveni

Impamvu Kayumba akomeje kuba umwizerwa wa Museveni

Editorial 28 Jan 2019
Icyoba ni cyose hagati y’UBURUSIYA  na NATO

Icyoba ni cyose hagati y’UBURUSIYA na NATO

Editorial 14 Nov 2016
Super Cup: Hemejwe ko umukino wasubitswe kubera ibura ry’umuriro uzakomereza aho wari ugeze

Super Cup: Hemejwe ko umukino wasubitswe kubera ibura ry’umuriro uzakomereza aho wari ugeze

Editorial 25 Sep 2017
Ibibazo bibazwa Padiri Thomas Nahimana uzagera mu Rwanda kuri uyu  wa Gatatu

Ibibazo bibazwa Padiri Thomas Nahimana uzagera mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu

Editorial 23 Nov 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Senegal yegukanye igikombe cya Shampiyona Nyafurika ihuza abakinnyi bakina mu bihugu byabo CHAN 2022
Amakuru

Senegal yegukanye igikombe cya Shampiyona Nyafurika ihuza abakinnyi bakina mu bihugu byabo CHAN 2022

Editorial 05 Feb 2023
Tanzania: Perezida Magufuli Yirukanye Minisitiri Ushinzwe Ibikorwa By’imbere Mu Gihugu
POLITIKI

Tanzania: Perezida Magufuli Yirukanye Minisitiri Ushinzwe Ibikorwa By’imbere Mu Gihugu

Editorial 03 Jul 2018
Impinduka mu gisirikare cya Uganda
Mu Mahanga

Impinduka mu gisirikare cya Uganda

Editorial 11 Oct 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru