• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • FDLR n’Indi Mitwe ishyigikiwe na Kongo bakomeje Kwica no kumenesha Abakongomani mu mirwano yongeye kubura   |   04 Dec 2025

  • Mukunzi Yannick yasezeye ku ikipe ya Sandvikens IF you muri Sweden yari amaze imyaka itandatu ayikinira   |   03 Dec 2025

  • AMAFOTO: Twagirayezu Thadée wayoboraga Rayon Sports yakoze ihererekanyabubasha na Murenzi Abdallah   |   02 Dec 2025

  • Dr. Usta Kayitesi yasimbuye Gen (Rtd) Kabarebe muri Minaffet, Imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri   |   01 Dec 2025

  • Abakinnyi 80 baturutse mu bihugu 16 byo hirya no hino ku Isi nibo bitabira isiganwa ry’Amagare yo mu rizwi nka Rwandan Epic   |   30 Nov 2025

  • APR FC yakiriye abakinnyi bayo 3 batari bahari barimo Mamadou Sy wari i Doha   |   28 Nov 2025

 
You are at :Home»IMIKINO»Wari uziko Mukunzi Yannick yahamagawe mu Mavubi kandi arembye

Wari uziko Mukunzi Yannick yahamagawe mu Mavubi kandi arembye

Editorial 23 Aug 2016 IMIKINO

Abakurikiye imikino ya gisirikare yaberaga hano i Kigali babonye ko uyu musore yagaragaje ko afite imvune,gusa amakuru agera kuri Rushyashya avugako yahamagawe afite imvune ishobora no gutuma adakinishwa.

-3780.jpg

Ibi si ubwambere tubibonye mu ikipe y’igihugu kuko abenshi baribuka ubwo Rusheshangoga yahamagarwa mu ikipe yagombaga gukina CHAN kandi yari yaravunikiye muri Cecafa.

Iyo ikipe y’Amavubi ishyizwe ahagaragara abenshi batangira kwibaza ku bushobozi bw’abakinnyi bahamagawe,icyo bashingiyeho ahanini bijyanye n’imyitwarire y’umukinnyi runaka,muri aba bakinnyi 26, ntiahrimo Kwizera Olivier mu gihe kandi Ndoli Jean Claude yagarutsemo, hamwe na Bonheur wa Kiyovu SC.

-3781.jpg
Ndori kuri ubu ni umukinnyi wa AS Kigali
Ndoli Jean Claude ni umukinnyi umaze iminsi itaragera ku kwezi yirukanwe mu ikipe ya APR FC noneho guhamagarwa mu ikipe y’igihugu mugihe no mu ikipe yirukanwemo atarahabwaga umwanya wo gukina wakibaza icyagendeweho,aha ninaho abasesengura umupira wo mu Rwanda bahera bavugako mu ikipe y’Amavubi hadahamagarwa ushoboye ahubwo hahamagarwa ushobora kugira icyo atanga.

Mu bakinnyi bahamagawe bwa mbere mu ikipe y’igihugu, harimo; Iradukunda Eric (AS Kigali), Nsabimana Aimable (APR Fc), Nkizingabo Fiston (APR Fc), Niyonzima Olivier ’Sefu’ (Rayon Sports), mu gihe Buteera Andrew (APR Fc) yagarutse ndetse na Twizeyimana Onesme wa APR FC wakinaga muri AS Kigali mu mwaka ushize w’imikino.

-3779.jpg
Abakinnyi 26 bagomba guhangana na Ghana:

Abazamu: Ndayishimiye Eric (Rayon Sports), Ndoli Jean Claude (AS Kigali) & Hategikimana Bonheur (SC Kiyovu).

Ba myugariro: Rusheshangoga Michel (APR Fc), Iradukunda Eric (AS Kigali), Imanishimwe Emmanuel (APR Fc), Ndayishimiye Celestin (Police Fc), Rugwiro Herve (APR Fc), Usengimana Faustin (APR Fc), Manzi Thierry (Rayon Sports) & Nsabimana Aimable (APR Fc).

Abakina hagati: Mugiraneza Jean Baptiste (Azam Fc, Tanzania), Mukunzi Yannick (APR Fc), Niyonzima Haruna (Yanga,Tanzania), Hakizimana Muhadjiri (APR Fc), Buteera Andrew (APR Fc), Bizimana Djihad (APR Fc), Nshuti Dominique Savio (Rayon Sports), Nkizingabo Fiston (APR Fc), Ally Niyonzima (Mukura VS), Habimana Yussuf (Mukura VS) na Niyonzima Olivier (Rayon Sports).

Ba rutahizamu: Twizeyimana Onesme (APR Fc), Usengimana Danny (Police Fc), Sugira Ernest (AS Vita, DR Congo) na Tuyisenge Jacques (Gor Mahia, Kenya).

Ntakirutimana Alfred

2016-08-23
Editorial

IZINDI NKURU

Arsenal yirukanye Unai Emery

Arsenal yirukanye Unai Emery

Editorial 29 Nov 2019
Inama y’intekorusange ya Gicumbi FC yasize uwari Visi Perezida wayo, Niyitanga Desiré atorewe kuyiyobora

Inama y’intekorusange ya Gicumbi FC yasize uwari Visi Perezida wayo, Niyitanga Desiré atorewe kuyiyobora

Editorial 25 Oct 2022
Amafoto: Rayon Sports yanganyije na Etincelles i Rubavu

Amafoto: Rayon Sports yanganyije na Etincelles i Rubavu

Editorial 26 Apr 2018
Ibyaranze ijoro Lionel Messi yaherewemo Ballon d’Or ya 8, Amateka ashobora kutazakorwa n’undi wese muri Ruhago

Ibyaranze ijoro Lionel Messi yaherewemo Ballon d’Or ya 8, Amateka ashobora kutazakorwa n’undi wese muri Ruhago

Editorial 31 Oct 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Rwemarika Félicité yajuririye icyemezo cya Komisiyo y’Amatora ya Ferwafa
IMIKINO

Rwemarika Félicité yajuririye icyemezo cya Komisiyo y’Amatora ya Ferwafa

Editorial 06 Jan 2018
Itangazo ku bakeneye kugana Kigali Convention Centre
Mu Mahanga

Itangazo ku bakeneye kugana Kigali Convention Centre

Editorial 24 Jul 2016
Kigali : Kuri uyu wa mbere Perezida Kagame arafungura ku mugaragaro inyubako z’akataraboneka CHIC Complex n’iya Kigali Heights
Mu Mahanga

Kigali : Kuri uyu wa mbere Perezida Kagame arafungura ku mugaragaro inyubako z’akataraboneka CHIC Complex n’iya Kigali Heights

Editorial 07 Dec 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru