• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Niwe rutahizamu watsinze ibitego byinshi muri Ivory Coast, ibyo wamenya kuri rutahizamu mushya wa APR FC, Amani Kouadio Kan   |   22 Jun 2026

  • Amakipe 14 yo mu bihugu 4 birimo U Rwanda, Uganda, Kenya na Benin agiye guhatanira irushanwa ryo Kwibuka muri Volleybal   |   18 Jun 2026

  • Ishimwe Christian watandukanye na Police FC yerekeje muri APR FC yigeze gukinira asimburana na Niyomugabo Claude utarongera amasezerano   |   17 Jun 2026

  • Salomon Kalonda yatangaje ko Tshisekedi ashaka kugundira ubutegetsi, yifashishije kamarampaka   |   16 Jun 2026

  • Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas baheruka gutandukana na MIE, bamaze kwimukira muri Canada   |   15 Jun 2026

  • Ubushinjacyaha bwise Ingabire Mwene Dusabe b’i Butamwa; Umutesi   |   15 Jun 2026

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Benshi barakajwe n’uburyo itangazamakuru ryahangayikiye Oprah Winfrey mu mpanuka y’ibyondo yahitanye 13

Benshi barakajwe n’uburyo itangazamakuru ryahangayikiye Oprah Winfrey mu mpanuka y’ibyondo yahitanye 13

Ubwanditsi 20 Jan 2018 HIRYA NO HINO

Mu mujyi wa California ahitwa Montecito hatuye ibyamamare bitandukanye birimo na Oprah Winfrey uhafite urugo rufite agaciro ka miliyoni 50 z’amadolari, habaye impanuka ikomeye y’ibyondo yahitanye abantu bagera kuri 13, benshi barakazwa n’uburyo itangazamakuru ryivugiraga Oprah.
Nyuma y’uko haguye imvura nyinshi yuzuyemo imiyaga yangije byinshi mu bikorwa remezo muri California, ubu noneho ibyindo ni byo byibasiye aka gace aho habaye ibimeze nk’inkangu byamanuye ibyondo byinshi cyane bikuzura mu mazu y’abantu, mu mihanda ku buryo byari bigoye kuhikura bamwe bagatabarwa na kajugujugu.

At least 25 people were injured in the mudslides and others were unaccounted for as of Tuesday. Pictured above, emergency personnel rescued a young woman from a collapsed house in Montecito

Ibyondo byahitanye abantu

Santa Barbara County Firefighters work amid flood waters and debris flow during heavy rains in Montecito, California, on Tuesday

Ibyondo Byahubutse mu misozi byuzura muri rubanda

Ibi byondo byagiye birengera bamwe bigahitana ubuzima bwabo, abamaze kwemezwa bahitanywe nabyo ni 13. Mu nkuru zanditswe, hibandwaga cyane kuri Oprah Winfrey ufite inzu y’agaciro ka miliyoni 50 z’amadolari muri aka gace, abasomyi bakaba barakazwaga n’uburyo hahangayikiwe uyu muherwe utagize ikibazo na kimwe, dore ko uru rugo ari rumwe mu ngo 6 afite hirya no hino muri Amerika.

Heavy rains overnight combined with large areas burned by the Thomas Fire combined for flash flooding and mudslide risk. Pictured above, a debris cluttered street in Montecito

Firefighters rescue a 14-year-old girl who was trapped for hours inside a destroyed home in Montecito on Tuesday. Rescue crews worked for six hours using the jaws of life and other tools to free her from the mangled wreckage, but she walked away

US 101 was completely impassable at the Olive Mill Road overpass after it flooded with runoff water from Montecito Creek. The critical coastal highway has been completely shut down for 30 miles between Ventura and Santa Barbara

Bamwe bagize bati “Oprah nta n’ibyondo byamugeze ku birenge, ikindi kandi afite ubwishingizi bw’iyo nzu ku buryo bazamwishyura, mwirengagije rubanda rugufi rwahasize ubuzima, abo batagira aho bahungira ibyo biza nibo mwagakwiye kuvuganira ariko muri kutubwira inzu ya Oprah”. Undi yagize ati “Iki ni ikimenyetso cy’uko ayoboye Amerika yagwirwa n’akaga.”

Oprah Winfrey yavuze ijambo muri Golden Globes ryatumye benshi bamuha ikizere cyo kuba yayobora Amerika muri 2020

Ibi bije mu gihe Oprah Winfrey yavuze ijambo ku bijyanye n’ihohoterwa rikorerwa abagore mu birori bya Golden Globes benshi bakanyurwa ndetse bakemeza ko akwiye kuba perezida wa Amerika muri 2020. Ibi ariko Donald Trump yavuze ko atabyizera ngo kuko Oprah Winfrey ari umuntu azi neza, bityo ngo n’iyo bahanganira umwanya wa perezida yamutsinda.

2018-01-20
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Perezida Kagame yatunguye benshi kubera ijambo yavuze ubwo yatangaga ikiruhuko kuri uyu wa Gatanu

Perezida Kagame yatunguye benshi kubera ijambo yavuze ubwo yatangaga ikiruhuko kuri uyu wa Gatanu

Ubwanditsi 05 Jul 2019
Ariana Grande yatowe nk’umuhanzi w’umwaka muri MTV Video Music Awards

Ariana Grande yatowe nk’umuhanzi w’umwaka muri MTV Video Music Awards

Ubwanditsi 27 Aug 2019
Aba FDLR baba bayoboye u Burundi cyangwa ni abacancuro

Aba FDLR baba bayoboye u Burundi cyangwa ni abacancuro

Ubwanditsi 15 Sep 2019
Zari akomeje kugaragaza urukundo agifitiye umugabo we wapfuye yari yaramuharitse

Zari akomeje kugaragaza urukundo agifitiye umugabo we wapfuye yari yaramuharitse

Ubwanditsi 06 May 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

FDLR : Major Barrack Anan yafatiwe kuri station ya polisi yo muri kampala
Mu Rwanda

FDLR : Major Barrack Anan yafatiwe kuri station ya polisi yo muri kampala

Ubwanditsi 05 Apr 2016
Kuki hari abumva ko nta kuntu u Rwanda rutaba rufite ingabo muri Kongo?
Amakuru

Kuki hari abumva ko nta kuntu u Rwanda rutaba rufite ingabo muri Kongo?

Ubwanditsi 13 Jan 2025
Kugirango  u Rwanda  rugire amahoro ni uko Abafaransa bava muri Uganda, ese  birashoboka ?
ITOHOZA

Kugirango u Rwanda rugire amahoro ni uko Abafaransa bava muri Uganda, ese birashoboka ?

Ubwanditsi 23 Feb 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru