• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • FDLR bari muri Congo, barica abantu, bateza umutekano muke, Gusenya uwo mutwe bireba Congo n’ u Rwanda natwe bikatureba   |   29 Jan 2026

  • ICYO WAMENYA KUBIYAMAMARIZA KUYOBORA FDU-INKINGI: UMUTWE W’INTERAHAMWE ZIHEBEYE KUBUNZA INGENGABITEKEREZO YA JENOSIDE   |   29 Jan 2026

  • Interahamwe mu burayi zishyize hamwe ngo zishyigikire Victoire Ingabire   |   15 Jan 2026

  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Aba FDLR baba bayoboye u Burundi cyangwa ni abacancuro

Aba FDLR baba bayoboye u Burundi cyangwa ni abacancuro

Editorial 15 Sep 2019 HIRYA NO HINO, INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE, ITOHOZA

Umunyamakuru w’Umutaliyani Fulvio Beltrami wandikira ibinyamakuru byo mu Butariyani amakuru yo muri Afurika y’iburasirazuba yakoze iperereza ku kuba FDLR ibarizwa mu gihugu cy’u Burundi.

Mu cyegeranyo Fulvio yashyize hanze yavuzeko ibihumbi by’abasirikari b’umutwe wa FDLR babarizwa mu gisirikari n’igipolisi ndetse no mu nzego zose za Leta mu gihugu hose.

Umubano wa FDLR na Nkurunziza wafashe intera ndende muri 2014, ubwo FDLR yatozaga urubyiruko rwa CNDD-FDD muri Kongo ruzwi nk’Imbonerakure zitwara nk’umutwe wa gisirikari nkuko byatangajwe na LONI. Iyicwa ry’ababikira batatu b’abataliyani aribo Lucia Pulici, Olga Raschietti na Bernadetta Boggian mu Kamenge tariki ya 8 Nzeli 2014,  rishingiye ku kuba barabonye iyo myitozo kuko bari bafite ikigo muri Kongo hafi naho bitorezaga. Icyiciro cya mbere cy’imbonerakure nkuko Fulvio abitangaza ni 4.000 byatojwe muri 2014. Ibi byakozwe mwi’ibanga ariko abo babikira barabibona, bicwa ku itegeko rya Perezida Nkurunziza ngo batazaha ibimenyetso LONI.

Nyuma ya Coup d’Etat yapfubye muri 2015, Nkurunziza yabonyeko abasirikari n’abapolisi batamuri inyuma 100% , nibwo hishwe abasirikari bakuru b’abatutsi n’abahutu batamwumvira, ariko se yari kubasimbuza nde? Igisubizo cyabaye gutoza interahamwe no kwinjiza FDLR mu gisirikari no mu gipolisi. Bivugwa ko ibi bitwara Nkurunziza amafaranga ari hagati ya miliyoni imwe n’ebyiri z’amadorali.

FDLR ni inyeshyamba zigizwe na bamwe mu bakoze Jenoside mu Rwanda ndetse n’ababakomokaho, intego yabo ni ukwica inyoko Tutsi. FDLR iri mu buyobozi bukuru bw’ingabo z’u Burundi. Hagati ya Kamena-Ukuboza 2017, Nkurunziza yakajije umurego mu kwica abasirikari yita ko batamwumva, icyo gihe bakwirakwizaga amakuru ko Nkurunziza agiye kwicwa kandi ko ubuzima bwe butameze neza.

Ahagana mu kwezi k’Ukwakira 2018, abagumyamabanga ba CNDD FDD batari abahezanguni ndetse na bamwe mu basirikari bashatse kwifashisha ko Nkurunziza arwaye bakamusimbuza undi wakwemera gushyiraho leta ihuriweho n’abarwanya Nkurunziza. Iki gitekerezo nticyashyizwe mu bikorwa ahubwo cyatumye FDLR ibwira Nkurunziza kongera umubare wazo mu Burundi.

Muri iki gihe, FDLR ibarizwa munzego zose zo hejuru, amwe mu mazina yaba FDLR bari mu ngabo z’u Burundi twavuga nka Jean Pierre Ndimurwimo, Leonard Kwizera, Benjamin Habarugira, Gilbert Hatungimana, Pascal Barukwege, Egide Masabo, Ildephonse Hakizimana, Juma Bahati, Benoit Madef, Victor Byamungu, Bosco Barekebaguve Nsaminana na Luc Kananga.

FDLR kubera uburwayi bwa Nkurunziza yashenye igisirikari cy’u Burundi, aho ifitanye ubucuti nanone nufatwa nka numero ya kabiri mu gihugu ariwe General Alain Guillaume Bunyoni, bakaba babarizwa no mugabo zirinda Nkurunziza. Bivugwa ko kimwe cya kabiri cy’abarinda Nkurunziza ari FDLR aho abasirikari bakuru ba FDLR aribo Lt Col Sefu Bora, Lt Col Barukwege Leonard na Lt Col Lukusa Salif babarizwa muri uwo mutwe urinda Nkurunziza, bakaba babarizwa mu bigo bya gisirikari bya Muzinda na Mujejuru.

Biracyaza……………

2019-09-15
Editorial

IZINDI NKURU

Nta kuntu ubutegetsi bwa CNDD-FDD butari gushyigikira ibikorwa bya FDLR n’utundi dutsiko tw’abicanyi,kandi benshi mu bagize iyo mitwe yose baratorejwe hamwe ingengabitekerezo ya jenoside

Nta kuntu ubutegetsi bwa CNDD-FDD butari gushyigikira ibikorwa bya FDLR n’utundi dutsiko tw’abicanyi,kandi benshi mu bagize iyo mitwe yose baratorejwe hamwe ingengabitekerezo ya jenoside

Editorial 03 Dec 2020
Umugore uzwiho kuvuga ibintu bikabaho yavuze ibizaba kuri Donald Trump, Jay-z na Prince William muri uyu mwaka wa 2018

Umugore uzwiho kuvuga ibintu bikabaho yavuze ibizaba kuri Donald Trump, Jay-z na Prince William muri uyu mwaka wa 2018

Editorial 02 Jan 2018
Mkapa : Afrika ikwiye guha urubyiruko amahirwe atuma rutifuza kuba i Burayi

Mkapa : Afrika ikwiye guha urubyiruko amahirwe atuma rutifuza kuba i Burayi

Editorial 12 Dec 2017
Ingabire Victoire Umuhoza yafatiwe mu buriganya bwo kwiyandikishaho ubutaka butari ubwe

Ingabire Victoire Umuhoza yafatiwe mu buriganya bwo kwiyandikishaho ubutaka butari ubwe

Editorial 28 Sep 2022

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Ikipe y’igihugu y’umukino w’intoki wa Basketball yerekeje muri Senegal mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’Isi 2023, basabwe na Minisitiri Aurore guhesha ishema igihugu
Amakuru

Ikipe y’igihugu y’umukino w’intoki wa Basketball yerekeje muri Senegal mu mikino yo gushaka itike y’igikombe cy’Isi 2023, basabwe na Minisitiri Aurore guhesha ishema igihugu

Editorial 19 Feb 2022
Urunturuntu ku rupfu rw’Umupolisi Mukuru muri Uganda, AIGP Kaweesi
ITOHOZA

Urunturuntu ku rupfu rw’Umupolisi Mukuru muri Uganda, AIGP Kaweesi

Editorial 09 Nov 2017
Mu mafoto 30: Irebere abayobozi bakuru b’igihugu bari mu myitozo ngororamubiri
IMIKINO

Mu mafoto 30: Irebere abayobozi bakuru b’igihugu bari mu myitozo ngororamubiri

Editorial 27 Feb 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru