• Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
  • Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ibyo Urubyiruko Rugomba Kumenya kuri Ingabire Victoire   |   04 Jun 2025

  • Ibihugu Umunani byo ku migabane itandukanye, bigiye guhurira mu Rwanda mu irushanwa ryo Kwibuka ku ncuro ya 31 Genocide yakorewe Abatutsi 1994   |   03 Jun 2025

  • Minisitiri Bizimana yakurugutuye Gustave Mbonyumutwa washakaga “kugira abatagatifu” abajenosideri barimo se Shingiro Mbonyumutwa na Ngirumpatse   |   03 Jun 2025

  • Amavubi yatangiye umwiherero muri Algeria, Manishimwe Djabel yangiwe kwinjira mu gihugu , Rafael York ntiyatanze impamvu yo kutitabira umwihero   |   02 Jun 2025

  • Niyigena Clément wa APR FC n’uwahoze ari umutoza we Darko Novic mu begukanye ibikombe by’abahize abandi muri Rwanda Premier League 2024-2025   |   31 May 2025

  • Umunya-Tunisia Afhamia Lotfi watozaGA ikipe ya Mukura VS yagizwe Umutoza Mukuru mushya wa Rayon Sports FC   |   30 May 2025

 
You are at :Home»ITOHOZA»DONALD TRUMP Ashobora kuba atazi ikimuhatse n’ubwo agiye kuba Perezida w’Amerika

DONALD TRUMP Ashobora kuba atazi ikimuhatse n’ubwo agiye kuba Perezida w’Amerika

Editorial 14 Jan 2017 ITOHOZA

Mbere yuko itariki ya 20 Mutarama 2017 igera ngo perezida watowe Donald Trump yicare mu ntebe yo gufatiramo ibyemezo, hari ibintu birimo kuba muri politike ya Amerika kuburyo bitanga isura y’ibibazo ubutegetsi bwa Trump buzahura nabyo. Ibi bikaba biterwa n’imyitwarire arimo kugaragaza y’ukuntu ashaka guhindura ibintu byose icyarimwe, akerekana ko abandi ntacyo bakoze ndetse inzego nyinshi akaba yaraziciye amazi, ibi bikaba ari muri bimwe bishobobora gutuma ashobora kugonga urukuta rwa beto.

Kuva aho inzego zitandukanye z’iperereza muri Amerika zitangiye kugirana ubwumvikane buke na perezida watowe Donald Trump, biragaragara ko nabo hari ibyemezo bashobora kuba barimo gufata kuko bari kubona ko imyitwarire ya Trump kuri bo itari myiza kandi ishobora kubabangamira mukazi kabo kihariye.

Nkuko tubikesha inkuru ya The Assoiated Press y’abanyamerika, umunyamakuru wayo washoboye kuganira numwe mubayobozi b’inzego z’iperereza yabwiwe ko nyuma yaho Trump agaragaje imyitwarire yo gusuzugura inzego zitandukanye z’igihugu, noneho mukiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuwa gatatu taliki 11 Mutarama 2017 Trump akagereranya imikorere y’inzego z’iperereza n’abanazi bo mubudage, ngo ibi ntibishobora gukomeza gutya ngo ntamuntu ufite uburenganzira bwo gutesha agaciro inzego z’igihugu cyabo kandi ariwe wakabaye uwambere kuzirengera ngo nubwo hari aho zaba zaragize intege nke muburyo runaka.

-5363.jpg

Visi Perezida Joe Biden

Mukiganiro visiperezida Joe Biden yagiranye n’umunyamakuru Josh Lederman yamubwiye ko hari impamvu zatumye inzego z’ubutasi z’amerika zemera ko amakuru ajyanye n’imyitwarire Trump yagiriye muri Russia mubyo aregwa byuko yakoreyeyo ubusambanyi ndetse nuko hari ibintu by’amafaranga ahabwa cg yaba yarahawe n’abarusiya. Biden yongeye ho ko kandi FBI yabanjye kubimenyesha Obama na Joe Biden babiganiraho ngo kubera uburemere bwabyo hafatwa icyemezo cyuko bigomba kujya hanze. Ariko yasobanuye ko yaba we cg Obama ataribo bafashe icyemezo cyo gusohora ayo makuru, ndetse nabo batunguwe no kumva ayo makuru ngo bo bakaba badashobora kubibazwa.

Ikindi Visi-prezida w’Amerika Joe Biden yavuze ko biragaragara ko Trump ari muruhande rw’umwanzi w’igihugu cyabo ariwe Uburusiya. Biden akomeza avuga ko kwangiza isura y’abanyamerika kandi uri muyobozi ko bidashobora kwihanganirwa ko bizagira aho bigarukira.

Umuyobozi Mukuru w’inzego z’ubutasi James Clapper we yavuze ko ariya makuru ari kumpapuro 35 bayafite kuva mukwezi kwa munani 2016, ngo nubwo yasohotse muri iki cyumweru ngo bafite impamvu byakozwe. Uyu muyobozi nawe yavuze ko Obama yamubajije impamvu babimumenyesheje amubwira ko ari ngombwa kandi ko na Trump azabimenyeshwa ngo kubera uburemere bwabyo. Gusa Obama na Joe Biden babimenyeshwa n’inzego ziperereza zababwiye ko bakigenzura niba koko ayo makuru ariyo mbere yuko hafatwa umwanzuro uwari wose cg se bisohoka.

-5364.jpg

Mu gihe harimo kugaragara urwobo runini mubwumvikane hagati ya Trump n’inzego ziperereza, nyuma yaho uyu perezida mushya w’ Amerika atukiye itangazamakuru akavuga ko ibigo bimwe byitangazamakuru ari ingarane z’ibishingwe by’amakuru hari impirimbanyi zishize hamwe zibarirwa mubihumbi zikaba ziturutse munzego zose harimo abanyamakuru, abashakashatsi,abakinnyi ba filime, aba rero barahamagarira umuntu wese ubishoboye kubafasha gutangira imyigaragambyo ya rukokoma kuhera kuwa gatandatu taliki 14 Mutarama 2017. Icyo bagamije rero barashaka guhagarika ubuzima mu gihugu cyane umunsi wirahira rya Trump ngo kuko bagomba kwanga ubuyobozi bwa Donald Trump na visi perezida we Pence Mike bakabwigomekaho.

Nkuko tubizi ko mubihugu byinshi atari umuntu uyobora ahubwo icyo twakwita amahame yashyizweho (system ) ariyo iyobora umuntu, kuri Trump we ashobora kuba atabikozwa, ibi bikaba bidashobora kuzamworohere mumitegekere ye kuko inzego zose ntabwo yazishyiramo abantu bafite imyumvire nkiye cyane mugihugu nka kiriya ibyemezo byinshi bigomba kwemezwa n’inzego zitandukanye.

Hakizimana Themistocle

2017-01-14
Editorial

IZINDI NKURU

Umubano w’u Rwanda n’u Bufaransa ukomeje gusubira irudubi :Ambasaderi w’u Rwanda i Paris yahamagajwe

Umubano w’u Rwanda n’u Bufaransa ukomeje gusubira irudubi :Ambasaderi w’u Rwanda i Paris yahamagajwe

Editorial 24 Oct 2017
Dr. Rudasingwa asigaye avumwa n’umuhisi n’umugenzi ndetse ngo ahuje imyumvire n’abagororwa bo muri Gereza ya Muhanga

Dr. Rudasingwa asigaye avumwa n’umuhisi n’umugenzi ndetse ngo ahuje imyumvire n’abagororwa bo muri Gereza ya Muhanga

Editorial 19 Aug 2016
Isari isumbye iseseme: Na Jenerali Habyarimana ashakiye ibirayi kuri YouTube!

Isari isumbye iseseme: Na Jenerali Habyarimana ashakiye ibirayi kuri YouTube!

Editorial 20 Aug 2024
Intambara ishobora kuba hagati y’Ibihugu by’Ibihangange

Intambara ishobora kuba hagati y’Ibihugu by’Ibihangange

Editorial 25 Dec 2016
Umubano w’u Rwanda n’u Bufaransa ukomeje gusubira irudubi :Ambasaderi w’u Rwanda i Paris yahamagajwe

Umubano w’u Rwanda n’u Bufaransa ukomeje gusubira irudubi :Ambasaderi w’u Rwanda i Paris yahamagajwe

Editorial 24 Oct 2017
Dr. Rudasingwa asigaye avumwa n’umuhisi n’umugenzi ndetse ngo ahuje imyumvire n’abagororwa bo muri Gereza ya Muhanga

Dr. Rudasingwa asigaye avumwa n’umuhisi n’umugenzi ndetse ngo ahuje imyumvire n’abagororwa bo muri Gereza ya Muhanga

Editorial 19 Aug 2016
Isari isumbye iseseme: Na Jenerali Habyarimana ashakiye ibirayi kuri YouTube!

Isari isumbye iseseme: Na Jenerali Habyarimana ashakiye ibirayi kuri YouTube!

Editorial 20 Aug 2024
Intambara ishobora kuba hagati y’Ibihugu by’Ibihangange

Intambara ishobora kuba hagati y’Ibihugu by’Ibihangange

Editorial 25 Dec 2016
Umubano w’u Rwanda n’u Bufaransa ukomeje gusubira irudubi :Ambasaderi w’u Rwanda i Paris yahamagajwe

Umubano w’u Rwanda n’u Bufaransa ukomeje gusubira irudubi :Ambasaderi w’u Rwanda i Paris yahamagajwe

Editorial 24 Oct 2017
Dr. Rudasingwa asigaye avumwa n’umuhisi n’umugenzi ndetse ngo ahuje imyumvire n’abagororwa bo muri Gereza ya Muhanga

Dr. Rudasingwa asigaye avumwa n’umuhisi n’umugenzi ndetse ngo ahuje imyumvire n’abagororwa bo muri Gereza ya Muhanga

Editorial 19 Aug 2016
prev
next

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

21 May 2025
AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

15 Jul 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru