Turamenyesha ko uwitwa BYIRINGIRO Kariwabo mwene Kagofero na Kagoyire, utuye mu
Mudugudu wa Kitarimwa, Akagari ka Gikombe, Umurenge wa Nyakiriba, Akarere ka Rubavu, mu
Ntara y’Iburengerazuba wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe
ariyo BYIRINGIRO Kariwabo, akitwa BYIRINGIRO KARIWABO JUSTIN mu gitabo
cy’irangamimerere. Impamvu atanga yo guhinduza izina ni Izina nabatijwe.
Inkuru zigezweho
-
Baker Byatsi yafungiwe ubujura imyaka ine afungurwa kuko yisiramuje nabi muri gereza bikamugwa nabi-Mushiki wa Byatsi byose yabivuze | 28 May 2026
-
AMAFOTO – Mu mukino wakurikiwe na Perezida Kagame, RSSB Tigers BBC yageze ku mukino wa nyuma wa BAL 2026 itsinze AL Ahyly yo mu Misiri | 28 May 2026
-
Stephen Constantine yatangaje urutonde rw’abakinnyi 24 bazifashishwa mu mikino ibiri ya gicuti mpuzamahanga izahuza u Rwanda na Comoros ndetse na Tanzania | 27 May 2026
-
Ambassadeur Thérence Ntahiraja yemeje ko u Rwanda rugomba guterwa | 27 May 2026
-
Rayon Sports yatsinze Bugesera FC yiyongerera amahirwe yo kuzahagararira u Rwanda mu mikino Nyafurika | 26 May 2026
-
Nyuma y’imyaka irindwi, APR VC yegukanye Igikombe cya Memorial Rutsindura itsinze REG VC ku mukino wa nyuma | 26 May 2026




