Turamenyesha ko uwitwa KUBWIMANA Eliphase mwene Ngezahayo Samuel na Mukarubayiza,
utuye mu Mudugudu wa Gasharu, Akagari ka Kamutwa, Umurenge wa Kacyiru, Akarere ka
Gasabo, mu Mujyi wa Kigali wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe
ariyo KUBWIMANA Eliphase, akitwa RWAKIBIBI Eliphase mu gitabo cy’irangamimerere. Impamvu atanga yo guhinduza izina ni Izina ry’umuryango.
Inkuru zigezweho
-
APR BBC yabaye ikipe ya mbere mu Rwanda igeze ku mwanya wa Gatatu mu irushanwa rya Basketball Africa League (BAL) | 13 Jun 2025
-
Ububirigi, ibere ritindi ryonsa imitwe yo guhungabanya umutekano w’u Rwanda | 12 Jun 2025
-
Burundi: Ntagitunguranye CNDD-FDD yihaye imyanya yose mu matora atarimo abo bari bahanganye | 12 Jun 2025
-
Wisunga umugabo mbwa mugakubitirwa hamwe, bizwi na Frank Ntwali nyuma yo kwisunga Kayumba Nyamwasa | 11 Jun 2025
-
Ipfundo ry’urwango rutera abanyaburayi gusebya u Rwanda mu bitangazamakuru | 11 Jun 2025
-
Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yakiriye Itsinda ry’abaturutse mu ikipe ya Benfica yo muri Portugal | 10 Jun 2025