Turamenyesha ko uwitwa KUBWIMANA Eliphase mwene Ngezahayo Samuel na Mukarubayiza,
utuye mu Mudugudu wa Gasharu, Akagari ka Kamutwa, Umurenge wa Kacyiru, Akarere ka
Gasabo, mu Mujyi wa Kigali wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe
ariyo KUBWIMANA Eliphase, akitwa RWAKIBIBI Eliphase mu gitabo cy’irangamimerere. Impamvu atanga yo guhinduza izina ni Izina ry’umuryango.
Inkuru zigezweho
-
Sibomana Athanase wavuze ko ntacyo atinya kuki yikanga baringa? | 16 Sep 2026
-
Ibyabapfu biribwa n’abapfumu; uburyo Thomas Nahimana akomeje kurya imitsi ibigarasha birangaye | 14 Sep 2026
-
Police VC yinjije abakinnyi batatu bashya, barimo Rosaly Chioma uvuye muri Macedonia y’Amajyaruguru | 14 Sep 2026
-
AMAFOTO – APR FC na Rayon Sports zageze mu kiciro cya cya kabiri cy’Imikino Nyafurika ya CAF, Al Hilal na Al Merrikh zihagaze neza | 13 Sep 2026
-
Hon. Havugimana Emmanuel yatwibukije Inkomoko ya Masudi na Giraso yiturwa indi Ikinani cyamugereyemo | 11 Sep 2026
-
Abana b’abagize uruhare muri Jenoside bongeye kwibutsa imigambi yapfubye y’ababyeyi babo | 11 Sep 2026



