Turamenyesha ko uwitwa KUBWIMANA Eliphase mwene Ngezahayo Samuel na Mukarubayiza,
utuye mu Mudugudu wa Gasharu, Akagari ka Kamutwa, Umurenge wa Kacyiru, Akarere ka
Gasabo, mu Mujyi wa Kigali wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe
ariyo KUBWIMANA Eliphase, akitwa RWAKIBIBI Eliphase mu gitabo cy’irangamimerere. Impamvu atanga yo guhinduza izina ni Izina ry’umuryango.
Inkuru zigezweho
-
APR BBC yegukanye Igikombe cya Shampiyona ku nshuro ya kane yikurikiranya | 25 Aug 2026
-
Rurageretse hagati y’ibigarasha Noble Marara na Jean Paul Turayishimye | 24 Aug 2026
-
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yashyikirije ibendera ikipe y’u Rwanda y’Abagore yerekeje i Nairobi mu Gikombe cya Afurika | 23 Aug 2026
-
Ubuyobe bw’Ubuhanuzi butuma FDLR Yitera Ikinya mu mashyamba ya DRC kugirango irebe ko yamara kabiri | 22 Aug 2026
-
Ndi gupfa ndeba- Luvumbu yashinje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kumutererana nyuma yo kuva mu Rwanda | 21 Aug 2026
-
Dr. Bahati Bernard yavuze ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/26 abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza batsinze ku rugero rwa 88,21% | 20 Aug 2026



