• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Rayon Sports, Gor Mahia, Jamus na Al Hilal zageze muri ½ cy’Imikino ya CECAFA Kagame Cup 2026   |   02 Aug 2026

  • Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana   |   01 Aug 2026

  • APR FC, Rayon Sports, Police FC na Kiyovu SC zizakina FERWAFA Super Cup 2026 yari isanzwe ikinwa n’amakipe abiri   |   01 Aug 2026

  • Rutahizamu Byiringiro Lague agiye kwerekeza muri Afurika y’Epfo aho yitegura gutangira akazi mu ikipe ya Durban City FC   |   31 Jul 2026

  • Senateri Mukabalisa Donatille yitabye Imana azize Uburwayi   |   30 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’u Rwanda batrengeje imyaka 18 begukanye igikombe cya Zone V   |   29 Jul 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Itangira ry’urubanza rwa Turinabo na bagenzi be babangamiye imikorere y’urukiko rw’Arusha

Itangira ry’urubanza rwa Turinabo na bagenzi be babangamiye imikorere y’urukiko rw’Arusha

Ubwanditsi 22 Oct 2020 Amakuru, INKURU NYAMUKURU

Urubanza rwo gusuzuma kubangamira urubanza urukiko mpanabyaha rw’Arusha rushinzwe kuburanisha ibyaha byakozwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ruhagarariwe n’umushinjacyaha aho aburana na Maximilien Turinabo n’abandi ruzabera imbere y’umucamanza Vagn Joensen, dore ko ari nawe mucamanza umwe rukumbi wahawe uru rubanza, rukaba ruzatangirana n’amagambo yatangijwe n’ababuranyi, hanyuma hakurikiraho gutanga ibimenyetso biteganijwe ku wa mbere, 26 Ukwakira 2020.

Ntabwo ruzabera mu ruhame kubera ingamba zo gukumira COVID-19, ntihazaboneka uburyo bwo kurukurikirana kubahagarariye itangazamakuru ndetse n’abenegihugu bifuza kwitabira iburanisha. Iburanisha rizatangazwa kumugaragaro kurubuga rwa Mechanism bitinzeho iminota 3 0, kandi biboneka ku murongo ukurikira:
https://www.irmct.org/en/cases/arusha-branch-courtroom-broadcast

Amavu n’amavuko y’urabanza
Ku ya 24 Kanama 2018, umucamanza Seon Ki Park yemeje Inyandiko y’ibirego irega Maximilien Turinabo, Anselme Nzabonimpa, Jean de Dieu Ndagijimana, Marie Rose Fatuma, na Dick Prudence Munyeshuli mu rubanza rwahawe izina Turinabo n’abandi, ku ya 5 Kamena 2018 kubera kubangamira imikorere y’urukiko no gushishikariza abantu kugira agasuzuguro, hashingiwe ku mategeko agenga Urukiko mpanabyaha rw’Arusha. Umucamanza Joensen yahawe inshingano yo kuba umucamanza umwe rukumbi muri uru rubanza ku ya 11 Nzeri 2018. Nyuma y’ibibazo by’ubwunganizi ku miterere y’ibirego ndetse n’icyifuzo cy’Ubushinjacyaha cyo guhindura inyandiko y’ibirego yatanzwe ku ya 21 Ukwakira 2019.

Ku ya 10 Ukwakira 2019, Umucamanza Vagn Joensen, mu nshingano ze nk’umucamanza wungirije w’ishami ry’Urukiko Mpabyaha rw’Arusha, yemeje Inyandiko y’ibirego yashinjwaga Augustin Ngirabatware, yo ku ya 9 Kanama 2019, kubera ko yasuzuguye urukiko no gushishikariza gusuzugura, hashingiwe ku ngingo ya mbere mu gika cya kane cy’ingingo ya ya 90 y’Amategeko. Umucamanza Joensen yagizwe umucamanza umwe rukumbi muri uru rubanza ku ya 11 Ukwakira 2019.

Ku ya 10 Ukuboza 2019, umucamanza Vagn Joensen yatanze icyemezo cyo kwinjira mu rubanza rwa Ngirabatware na Turinabo na bagenzi be. Buri wese muri batandatu baregwa yahakanye ibyaha aregwa Amafaranga yishyurwa Ubushinjacyaha buvugako Turinabo na bagenzi be kuva muri 2015 kugeza muri Nzeri 2018 abaregwa bose bagerageje gukuraho igihano cya nyuma Augustin Ngirabatware yari yahawe bivanga mu butabera mu buryo butaziguye cyangwa binyuze mu bandi, harimo gutanga ruswa, aho byagize ingaruka kubatangabuhamya barinzwe. Byongeye kandi, cyangwa mu bundi buryo, ubushinjacyaha bubarega ko bashishikarije abandi gusuzugura bivanga n’abatangabuhamya barinzwe. Byongeye kandi, Ubushinjacyaha burega Dick Prudence Munyeshuli na Maximilien Turinabo ko barenze ku bushake ku ingamba zo gukingira abatangabuhamya .

Ubushinjacyaha buvuga kandi ko mu nyandiko y’ibirego bya Ngirabatware kuva muri Kanama 2015 kugeza muri Nzeri 2018, abaregwa bagerageje kwoshya abatangabuhamya barinzwe kugira ngo bisubire mu buhamya bwabo hagamijwe gukuraho icyemezo yari yafatiwe bityo biba byivanga n’ubutabera.
Uru rwego rwashyizweho ku ya 22 Ukuboza 2010 n’akanama k’umuryango w’abibumbye gashinzwe umutekano.

2020-10-22
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Agathon Rwasa mu mazi abira

Agathon Rwasa mu mazi abira

Ubwanditsi 14 Feb 2018
Abayobozi ba AU basubitse urugendo bagombaga kugirira muri RDC

Abayobozi ba AU basubitse urugendo bagombaga kugirira muri RDC

Ubwanditsi 21 Jan 2019
Kayumba Rugema yatawe muri yombi

Kayumba Rugema yatawe muri yombi

Ubwanditsi 07 Jun 2018
Umuhanzi Danny Vumbi yakebuye abanyamashyari ndetse n’ababiba urwango muri bagenzi babo.

Umuhanzi Danny Vumbi yakebuye abanyamashyari ndetse n’ababiba urwango muri bagenzi babo.

Ubwanditsi 31 May 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Ikoreshwa ry’imihanda kuri uyu wa gatanu
Mu Mahanga

Ikoreshwa ry’imihanda kuri uyu wa gatanu

Ubwanditsi 15 Jul 2016
Perezida Paul Kagame agiye guhabwa igihembo cy’indashyikirwa na CAF kubera guteza imbere siporo
Amakuru

Perezida Paul Kagame agiye guhabwa igihembo cy’indashyikirwa na CAF kubera guteza imbere siporo

Ubwanditsi 28 Feb 2023
Zari yaba ari mu munyenga w’urukundo n’umunyamakuru yasimbuje Diamond?
Mu Mahanga

Zari yaba ari mu munyenga w’urukundo n’umunyamakuru yasimbuje Diamond?

Ubwanditsi 25 Jun 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru