• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2026, APR FC izatangira ihura na Gor Mahia, Rayon Sports izisobanura na KVZ SC yo muri Zanzibar   |   11 Jul 2026

  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Itangira ry’urubanza rwa Turinabo na bagenzi be babangamiye imikorere y’urukiko rw’Arusha

Itangira ry’urubanza rwa Turinabo na bagenzi be babangamiye imikorere y’urukiko rw’Arusha

Ubwanditsi 22 Oct 2020 Amakuru, INKURU NYAMUKURU

Urubanza rwo gusuzuma kubangamira urubanza urukiko mpanabyaha rw’Arusha rushinzwe kuburanisha ibyaha byakozwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ruhagarariwe n’umushinjacyaha aho aburana na Maximilien Turinabo n’abandi ruzabera imbere y’umucamanza Vagn Joensen, dore ko ari nawe mucamanza umwe rukumbi wahawe uru rubanza, rukaba ruzatangirana n’amagambo yatangijwe n’ababuranyi, hanyuma hakurikiraho gutanga ibimenyetso biteganijwe ku wa mbere, 26 Ukwakira 2020.

Ntabwo ruzabera mu ruhame kubera ingamba zo gukumira COVID-19, ntihazaboneka uburyo bwo kurukurikirana kubahagarariye itangazamakuru ndetse n’abenegihugu bifuza kwitabira iburanisha. Iburanisha rizatangazwa kumugaragaro kurubuga rwa Mechanism bitinzeho iminota 3 0, kandi biboneka ku murongo ukurikira:
https://www.irmct.org/en/cases/arusha-branch-courtroom-broadcast

Amavu n’amavuko y’urabanza
Ku ya 24 Kanama 2018, umucamanza Seon Ki Park yemeje Inyandiko y’ibirego irega Maximilien Turinabo, Anselme Nzabonimpa, Jean de Dieu Ndagijimana, Marie Rose Fatuma, na Dick Prudence Munyeshuli mu rubanza rwahawe izina Turinabo n’abandi, ku ya 5 Kamena 2018 kubera kubangamira imikorere y’urukiko no gushishikariza abantu kugira agasuzuguro, hashingiwe ku mategeko agenga Urukiko mpanabyaha rw’Arusha. Umucamanza Joensen yahawe inshingano yo kuba umucamanza umwe rukumbi muri uru rubanza ku ya 11 Nzeri 2018. Nyuma y’ibibazo by’ubwunganizi ku miterere y’ibirego ndetse n’icyifuzo cy’Ubushinjacyaha cyo guhindura inyandiko y’ibirego yatanzwe ku ya 21 Ukwakira 2019.

Ku ya 10 Ukwakira 2019, Umucamanza Vagn Joensen, mu nshingano ze nk’umucamanza wungirije w’ishami ry’Urukiko Mpabyaha rw’Arusha, yemeje Inyandiko y’ibirego yashinjwaga Augustin Ngirabatware, yo ku ya 9 Kanama 2019, kubera ko yasuzuguye urukiko no gushishikariza gusuzugura, hashingiwe ku ngingo ya mbere mu gika cya kane cy’ingingo ya ya 90 y’Amategeko. Umucamanza Joensen yagizwe umucamanza umwe rukumbi muri uru rubanza ku ya 11 Ukwakira 2019.

Ku ya 10 Ukuboza 2019, umucamanza Vagn Joensen yatanze icyemezo cyo kwinjira mu rubanza rwa Ngirabatware na Turinabo na bagenzi be. Buri wese muri batandatu baregwa yahakanye ibyaha aregwa Amafaranga yishyurwa Ubushinjacyaha buvugako Turinabo na bagenzi be kuva muri 2015 kugeza muri Nzeri 2018 abaregwa bose bagerageje gukuraho igihano cya nyuma Augustin Ngirabatware yari yahawe bivanga mu butabera mu buryo butaziguye cyangwa binyuze mu bandi, harimo gutanga ruswa, aho byagize ingaruka kubatangabuhamya barinzwe. Byongeye kandi, cyangwa mu bundi buryo, ubushinjacyaha bubarega ko bashishikarije abandi gusuzugura bivanga n’abatangabuhamya barinzwe. Byongeye kandi, Ubushinjacyaha burega Dick Prudence Munyeshuli na Maximilien Turinabo ko barenze ku bushake ku ingamba zo gukingira abatangabuhamya .

Ubushinjacyaha buvuga kandi ko mu nyandiko y’ibirego bya Ngirabatware kuva muri Kanama 2015 kugeza muri Nzeri 2018, abaregwa bagerageje kwoshya abatangabuhamya barinzwe kugira ngo bisubire mu buhamya bwabo hagamijwe gukuraho icyemezo yari yafatiwe bityo biba byivanga n’ubutabera.
Uru rwego rwashyizweho ku ya 22 Ukuboza 2010 n’akanama k’umuryango w’abibumbye gashinzwe umutekano.

2020-10-22
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Abashinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23 birengagiza ibibonwa na buri wese, bagahitambo guhimba ibyo badafitiye gihamya.

Abashinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23 birengagiza ibibonwa na buri wese, bagahitambo guhimba ibyo badafitiye gihamya.

Ubwanditsi 27 Dec 2022
Major Protais Mpiranya umujenosideri wanashyiriweho igihembo cya miliyoni 5 z’amadolari n’America, yahawe  pasiporo ya Uganda

Major Protais Mpiranya umujenosideri wanashyiriweho igihembo cya miliyoni 5 z’amadolari n’America, yahawe  pasiporo ya Uganda

Ubwanditsi 20 Mar 2019
Rudasingwa, asubiza ibaruwa ya Museveni mu ruhe rwego ?

Rudasingwa, asubiza ibaruwa ya Museveni mu ruhe rwego ?

Ubwanditsi 19 Dec 2018
Patrick Muyaya ati “Ibibera Uvira turimo kubikurikiranira hafi”

Patrick Muyaya ati “Ibibera Uvira turimo kubikurikiranira hafi”

RUSHYASHYA 10 Dec 2025

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

RDC: Umusirikare wa FARDC yishe abana be babiri na we ahita yirasa
HIRYA NO HINO

RDC: Umusirikare wa FARDC yishe abana be babiri na we ahita yirasa

Ubwanditsi 05 Oct 2018
Uko Rugema Kayumba yapanze  umugambi wo gufatisha Fidel Gatsinzi I Kampala
ITOHOZA

Uko Rugema Kayumba yapanze  umugambi wo gufatisha Fidel Gatsinzi I Kampala

Ubwanditsi 16 Dec 2017
Mu minsi 4 ibura ngo amakipe yombi ahure, APR FC yatsinze Etincelles FC yisubiza umwanya wa mbere w’agateganyo, Rayon Sports ikura amanota atatu i Bugesera
Amakuru

Mu minsi 4 ibura ngo amakipe yombi ahure, APR FC yatsinze Etincelles FC yisubiza umwanya wa mbere w’agateganyo, Rayon Sports ikura amanota atatu i Bugesera

Ubwanditsi 22 Feb 2022

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru