• Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
  • Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Victoire Ingabire: Yahisemo kuba Umugaragu w’abifuza gusubiza u Rwanda habi   |   25 Jun 2025

  • Tuyishime Placide uzwi nka Trump yakoze ihererekanyabubasha na Nsengiyumva Richard umusimbuye mu kuyobora Musanze FC   |   25 Jun 2025

  • Uko Opération Turquoise Yakamye Ikimasa Mu Rwanda   |   25 Jun 2025

  • Amerika na Israel batangaje ibikomeye ku ntambara na Iran: “Ni igihe cyo guhitamo amahoro cyangwa kurimbuka”   |   24 Jun 2025

  • Intambara ziri kubera ku Isi muri iki gihe: Ingaruka, Impamvu n’Impungenge Mpuzamahanga   |   24 Jun 2025

  • AMAFOTO: APR FC yerekanye abakinnyi bashya barimo uwabaye umukinnyi mwiza muri Burkina Faso   |   22 Jun 2025

 
You are at :Home»ITOHOZA»U Rwanda n’u Butaliyani mu bufatanye bw’ingabo zirwanira mu kirere

U Rwanda n’u Butaliyani mu bufatanye bw’ingabo zirwanira mu kirere

Editorial 24 Jun 2018 ITOHOZA

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira mu Kirere, Gen Maj. Charles Karamba, yasoje uruzinduko rw’akazi rw’iminsi itanu mu Butaliyani, rwaranzwe n’ibiganiro byagarutse ku bufatanye mu bya gisirikare hagati y’impande zombi harimo n’imyitozo.

Uru ruzinduko rwa Gen Karamba n’itsinda yari ayoboye rwatangiye ku wa 18 Kamena rusozwa ku wa 23 Kamena 2018, rugamije “guhuza imbaraga zikomeye mu bufatanye mu bya gisirikare ku mpande zombi, by’umwihariko ku ngabo zirwanira mu kirere” nk’uko Minisiteri y’Ingabo y’u Rwanda yabitangaje.

Muri urwo ruzinduko Gen Karamba yaherekejwe na Enrico Lalia Morra uhagarariye inyungu z’u Rwanda mu Butaliyani hamwe n’abapilote babiri b’ Ingabo z’u Rwanda, umutwe urwanira mu kirere, Lt Col Jean Kamana na Maj. Jackson Kalisa.

Mu butumwa yanyujije kuri Twitter ku wa 19 Kamena 2017, Lalia Morra yavuze ko uru ruzinduko rugamije gushimangira ubufatanye hagati y’Ingabo z’u Rwanda zirwanira mu kirere na bagenzi babo bo mu Butaliyani.

Yakomeje avuga ko harimo no kwagura ibiganiro hagati ya Minisiteri y’Ingabo y’u Rwanda n’Ingabo z’u Butaliyani zirwanira mu kirere ku myitozo n’ubufasha mu bya tekiniki.

Uwo munsi nibwo iryo tsinda ryaturutse mu Rwanda ryakiriwe na Lt Gen Enzo Vecciarelli, Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira mu Kirere mu Butaliyani ku cyicaro gikuru cy’ingabo z’icyo gihugu i Roma.

Abo bayobozi basuzumiye hamwe uko umubano w’ibihugu byombi mu bya gisirikare uhagaze.

Mu gihe cy’iminsi itanu Gen Maj Karamba n’itsinda ayoboye bamaze mu gihugu cy’u Butariyani, basuye Ikigo cyitwa LEONARDO gikora ibijyanye n’indege ndetse anasura ishuri rikuru ryigisha abatwara indege i Venegono.

Ku wa Gatanu nibwo Gen Karamba yasuye Ikigo cy’abasirikare barwanira mu kirere cya Galatina, gikoreramo umutwe ushinzwe gukanika indege z’intambara, hakanatorezwa abahanga mu kuzikoresha.

Iki kigo cyatangijwe mu 1931 kimaze kuba ubukombe mu rwego mpuzamahanga haba mu kugurutsa indege za gisirikare no gutanga amahugurwa mu gukoresha amakuru zitanga, ku buryo ari kimwe mu bigo by’icyitegererezo bigezweho ku Isi.

Uruzinduko rwa Gen Maj Karamba mu Butaliyani rwakurikiye urwo Lt Gen Enzo Vecciarelli yagiriye mu Rwanda kuva tariki ya 25 kugeza ku wa 27 Nyakanga 2017.

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira mu Kirere, Gen Maj. Charles Karamba, yasuye Ikigo cy’abasirikare barwanira mu kirere cya Galatina mu Butaliyani

Gen Maj. Charles Karamba yajyanye mu Butaliyani n’abapilote babiri b’Ingabo z’u Rwanda

Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira mu Kirere mu Butaliyani, Gen Enzo Vecciarelli yakiriye Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda zirwanira mu Kirere, Gen Maj. Charles Karamba

U Rwanda n’u Butaliyani bagiranye ibiganiro ku bufatanye mu bya gisirikare

2018-06-24
Editorial

IZINDI NKURU

“Demokarasi yanyu irababereye, nimuyigumanire, twe muduhe amahoro”-Tito Rutaremara abwira ba mpatsibihugu

“Demokarasi yanyu irababereye, nimuyigumanire, twe muduhe amahoro”-Tito Rutaremara abwira ba mpatsibihugu

Editorial 18 Jul 2024
Kagame yakomoje ku mpamvu yatumye Bizimungu yivumbura, agata akazi

Kagame yakomoje ku mpamvu yatumye Bizimungu yivumbura, agata akazi

Editorial 12 Jun 2019
Ibaruwa yandikiwe uwacitse ku icumu muri iki gihe cyo kwibuka Jenoside kunshuro ya 24

Ibaruwa yandikiwe uwacitse ku icumu muri iki gihe cyo kwibuka Jenoside kunshuro ya 24

Editorial 09 Apr 2018
Kayumba ni umuterabwoba, aho kuba umudemokarate nkuko yifuza ko isi imumenya gutyo

Kayumba ni umuterabwoba, aho kuba umudemokarate nkuko yifuza ko isi imumenya gutyo

Editorial 07 May 2019
“Demokarasi yanyu irababereye, nimuyigumanire, twe muduhe amahoro”-Tito Rutaremara abwira ba mpatsibihugu

“Demokarasi yanyu irababereye, nimuyigumanire, twe muduhe amahoro”-Tito Rutaremara abwira ba mpatsibihugu

Editorial 18 Jul 2024
Kagame yakomoje ku mpamvu yatumye Bizimungu yivumbura, agata akazi

Kagame yakomoje ku mpamvu yatumye Bizimungu yivumbura, agata akazi

Editorial 12 Jun 2019
Ibaruwa yandikiwe uwacitse ku icumu muri iki gihe cyo kwibuka Jenoside kunshuro ya 24

Ibaruwa yandikiwe uwacitse ku icumu muri iki gihe cyo kwibuka Jenoside kunshuro ya 24

Editorial 09 Apr 2018
Kayumba ni umuterabwoba, aho kuba umudemokarate nkuko yifuza ko isi imumenya gutyo

Kayumba ni umuterabwoba, aho kuba umudemokarate nkuko yifuza ko isi imumenya gutyo

Editorial 07 May 2019
“Demokarasi yanyu irababereye, nimuyigumanire, twe muduhe amahoro”-Tito Rutaremara abwira ba mpatsibihugu

“Demokarasi yanyu irababereye, nimuyigumanire, twe muduhe amahoro”-Tito Rutaremara abwira ba mpatsibihugu

Editorial 18 Jul 2024
Kagame yakomoje ku mpamvu yatumye Bizimungu yivumbura, agata akazi

Kagame yakomoje ku mpamvu yatumye Bizimungu yivumbura, agata akazi

Editorial 12 Jun 2019
prev
next

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

21 May 2025
AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

15 Jul 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru