• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Igikombe kirajya mu bindi twibitseho, ubutumwa bwa Gen. MK Mubarakh yageneye abafana ba APR FC yitegura gukina CECAFA Kagame Cup 2026   |   22 Jul 2026

  • Police FC yatangaje umunya-Maroc, Jaafar Rkyek nk’umutoza mukuru wayo asimbuye Ben Moussa watandukanye n’iyi kipe   |   21 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza wa Mukura VS, Tomáš Trucha, yageze mu Rwanda aho aje gutangira akazi   |   20 Jul 2026

  • AMAFOTO – Rayon Spotrs yasinyanye amasezerayo y’ubufatanye na Bank of Kigali y’igihe cy’imyaka 5, ikazabona arenga Miliyari 1 ku mwaka   |   18 Jul 2026

  • Dr Eugène Rwamucyo yahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi, akatirwa imyaka 27 y’igifungo mu Bufaransa   |   18 Jul 2026

  • Bombori bombori muri RNC yageze no mu muryango bwite wa Kayumba Nyamwasa   |   17 Jul 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Uganda: Umukuru wa Polisi wungirije Jenerali de Brig. Sabiti Mzee Mugyenyi ashobora kwicwa na Jeannette Museveni

Uganda: Umukuru wa Polisi wungirije Jenerali de Brig. Sabiti Mzee Mugyenyi ashobora kwicwa na Jeannette Museveni

Ubwanditsi 20 Mar 2018 ITOHOZA

Dukomeje kubacukumburira amakuru y’ibibera mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda, muri uyu mwanya turabagezeho itohoza ku mubano wa madamu Jeannette Museveni n’uwagizwe komiseri wungirije wa Polisi Brig Sabiti Mzee Mugyenyi.

Ubwo yahabwaga amabanga yo kuyobora ingabo zidasanzwe, Jenerali de Burigade Nabaasa, yavuze ko Sabiiti wari warashyizweho umwitangirizwa mu kwesa imihigo, mu rwego rw’ikinyabupfura, no gukora atikoresheje ku buryo buhanitse cyane, ashimangira ko igisirikare cyigomba kudateshuka kuri uru rugero.

Yashimagije Sabiiti nk’umuntu w’igicumbi cy’ikinyabupfura, urangwa no kubahiriza igihe, yongeraho ko ngo ” Ngo kamere ye yo kubahiriza igihe, gukora yivuye inyuma, no kuba ari ntamakemwa, ubwitange bwe mu ngabo bidasanzwe.”Ubwo yaganiraga n’itangazamakuru nyuma yo gushingwa amabanga mashyashya, Sabiiti yagize ati, ” Nzakumbura Military Police” ariko ngo yiteguye gufata umwanya we mushyashya, kandi nzakora ntikoresheje.”

 Uko yayoboye batayo idasanzwe yasubije Perezida Nkurunzi i Burundi yakorewe coup d’etat.

Sabiti azwiho kurangwa n’ikinyabupfura, ubwo yari akiri umuyobozi w’ingabo zidasanzwe. Ubwo igisa nka kudeta yari igiye gukorwa mu gihugu cy’uBurundi, Perexida Museveni wari hamwe na Perezida Nkurunziza w’uBurundi mu ndege ye ya Perezidansi yo mu bwoko bwa Gulf Stream, yahise ahamagaza bamwe mu bayobozi b’ingabo zidasanzwe barimo na Sabiiti, abategeka gushyiraho batayo yazobereye mu bikorwa by’intambara, kuko bagombaga kujya iBurundi bajyanye Nkurunziza, bityo bakamusubiza ku ntebe nka Perezida.

Résultat de recherche d'images pour "Brig. Sabiti Mzee"

Akaba yarahaye Sabiiti inshingano zo kubakurira, amubwira ko agiye kujyana na Nkurunziza iBujumbura. Aba basirikare bari barashiririjwe n’intambara barateguwe, dore ko bamwe bari bagikubuka muri Somalia, mu gihe abandi batumijwe kuva mu itsinda ry’abakomando bazwi nka ” Elite Commando 2, bari barateguriwe mu mashyamba y’ahitwa Lira, aho kandi Sabiiti yaramaze iminsi mike avuye kwitoreza. Iri tsinda rikaba ryarakoze inshingano ryari ryahawe ku buryo bunoze, ndetse bamwe mur’izo ngabo zasigaye I Burundi, kugeza magingo aya. Biyoberanya mu mpuzankano z’igisilikare cy’uburundi.

Ubwumvikane buke na Janet Museveni

Amakuru aturuka muri SFC yabwiye uyu munyamakuru ko Sabiiti yihishahishaga Janet Museveni [ Umugore wa Perezida Museveni ], nkuko n’abandi basirikare benshi bamerewe. Aya makuru  y’ibanga yahishuwe na Rushyashya.net yifashishije intasi za Museveni avuga ko Janet yatekerezaga ko yari kuzasimbura Muhoozi Kainerugaba umuhungu we w’imfura, kuberako yari yarahindutse inshuti magara y’ingabo nyinshi muri iryo tsinda ry’ingabo zidasanzwe, akizerwa na Perezida Museveni[ Bivugwa ko yaba ari n’umuhunguwe yabyaye hanze], kandi bikaba bivugwa ko ariwe wagiriye Museveni inama yo gukura abasirikare badasanzwe barindaga Janet, akabasimbuza abapolisi. Ibi byaje kuba nyuma yuko abasirikare bakomeje kujya bitotomba ngo kuko Janet yabafataga nabi, aho benshi muri bo bataga akazi mu gihe babaga batahiwe kujya kumurinda.

Tuzakomeza kubacukumburira aya makuru……

2018-03-20
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Urwikekwe mu ishyaka Ishakwe-RNC, Ngarambe Joseph arahinjwa ubugambanyi

Urwikekwe mu ishyaka Ishakwe-RNC, Ngarambe Joseph arahinjwa ubugambanyi

Ubwanditsi 10 May 2018
Iryavuzwe riratashye Kayumba yirukanye mu ishyaka Rudasingwa,Gahima,Musonera na Ngarambe

Iryavuzwe riratashye Kayumba yirukanye mu ishyaka Rudasingwa,Gahima,Musonera na Ngarambe

Ubwanditsi 01 Jul 2016
Mu kiyovu cya bacyene haravugwa Inkuru y’umugore wafashwe agiye gusambana N’umugabo ufite umugore maze Umugore wo murugo arabafa

Mu kiyovu cya bacyene haravugwa Inkuru y’umugore wafashwe agiye gusambana N’umugabo ufite umugore maze Umugore wo murugo arabafa

Ubwanditsi 27 Apr 2017
Urukiko rwemeje ko Protais Zigiranyirazo akomeza kwimwa viza yo gutura mu Bufaransa

Urukiko rwemeje ko Protais Zigiranyirazo akomeza kwimwa viza yo gutura mu Bufaransa

Ubwanditsi 19 Jul 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Perezida Kagame yitabiriye ‘Car Free Day’ agaragaza ubuhanga bwo ku nyonga igare
IMIKINO

Perezida Kagame yitabiriye ‘Car Free Day’ agaragaza ubuhanga bwo ku nyonga igare

Ubwanditsi 21 Oct 2018
Nyuma y’Itaramo yakoreye i Kigali,  Icyamamare  Davido yatahanye  na Kate Bashabe.
INKURU ZAKUNZWE CYANE

Nyuma y’Itaramo yakoreye i Kigali, Icyamamare Davido yatahanye na Kate Bashabe.

Ubwanditsi 05 Mar 2018
Abandi Banyarwanda biganjemo abana bajugunywe ku mupaka wa Gatuna
ITOHOZA

Abandi Banyarwanda biganjemo abana bajugunywe ku mupaka wa Gatuna

Ubwanditsi 09 Feb 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru