• Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
  • Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ibikorwaremezo, Guteza imbere umukino n’impano, ishoramari ryagutse ku gihugu – inyungu ku Rwanda mu kwakira BAL   |   24 May 2025

  • Bugesera FC yatsinze Rayon Sports 2-1, APR FC ifata umwanya wa mbere w’agateganyo wa Rwanda Premier League   |   21 May 2025

  • Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete   |   21 May 2025

  • I Bugesera hatashywe ikibuga cya Basketball cyubatswe ku bufatanye bwa NBA Africa na Opportunity International   |   20 May 2025

  • Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yavuze ku mvururu zatumye umukino wa Bugesera na Rayon Sports uhagararira ku munota wa 52   |   17 May 2025

  • Rwanda Premier league igiye guhemba abahize abandi Muri shampiyona y’u Rwanda 2024-2025   |   16 May 2025

 
You are at :Home»ITOHOZA»Umunyarwanda Butare Esdras niwe ushinzwe ubucuruzi no kwinjiza Interahamwe mu ngabo z’ u Burundi.

Umunyarwanda Butare Esdras niwe ushinzwe ubucuruzi no kwinjiza Interahamwe mu ngabo z’ u Burundi.

Editorial 31 Oct 2017 ITOHOZA

Abarundi baba hanze y’igihugu ndetse n’abatuye mu gihugu bakomeje kwibaza ku bwenegihugu ndetse n’ inshingano z’ Umunyarwanda Butare Esdras wakomeje gutungwa agatoki ko akorana na Perezida Pierre Nkurunziza.

Esdras Butare ufite ubwenegihugu bw’ Ubunyarwanda ndetse n’ ubw’ ubuholandi, ngo ni umwishywa wa Kabuga Felicien uregwa kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu mwaka wa 1994.

Ikinyamakuru Bwiza kivuga ko M.Félicien Kabuga yageze i Bujumbura mu Burundi mu mwaka wa 2008 ubwo yavaga mu Buholandi aho yabanaga n’ umwishywa we Butare.

Esdras Butare yakoranye na Gén. Adolphe Nshimirimana wishwe

Butare akigera mu mujyi wa Bujumbura mu mwaka wa 2008 yacumbikiwe muri Hotel Safaris Gate yubatse ku nkombe za Lac Tanganyika, yakirwa na Gén. Adolphe Nshimirimana.

Umutekano we n’ imikoranire ye n’ abategetsi bakuru ba Leta ya Pierre Nkurunziza byakomeje bigaragara umunsi ku wundi nk’ uko yagiye yakirwa na perezida w’ u Burundi.

Gufasha inzego z’ ubutasi n’ iperereza (SNR) ubwo Gén. Adolphe Nshimirimana yatozaga Imbonerakure zitorezaga muri Kivu y’ Amajyepfo mu gace ka Kiliba ONDES byatumye Butare Esdras yemerwa mu maso ya Pierre Nkurunziza.

Ibi byose yabifashijwemo n’ ubunararibonye ngo yari afite muri Mafia bitewe n’ ubundi n’ uruhare acyekwaho yagize muri jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994, kuko icyo gihe yari umukozi wa Nyirarume Kabuga.

-8523.jpg

Si ibyo gusa, kuko ku mufuka we bwite ngo Butare niwe waguze isanduka Adolphe Nshimirimana yashinguwemo ubwo yayitumizaga mu Butaliyani kugira ngo yifatanye n’ umuryango we.

Ibikorwa bye yakoze mu Burundi, nibyo yatumye aba inshuti magara ya Gen. Nshimirimana Adolphe ndetse na Pierre Nkurunziza mu gihe gito cyane.

Butare Esdras inshuti magara ya Pierre Nkurunziza n’ ibyegera bye

Mu ntangiriro y’ imyigaragambyo yarwanyaga manda ya 3 ya Pierre Nkurunziza muri Mata 2015, Esdras Butare yahawe misiyo yo kujya kugura ibimodoka by’ ibifaru byateraga amazi ku bigaragambyaga.

Amaze kwese iyi mihigo yose, Butare yanahawe isoko ryo kugura jeep 5 zo mu bwoko bwa v8 zimitamenwa ndetse anahabwa isoko ryo gukora imodoka zose za gisirikare n’ iza polisi biciye mu igaraje rye rizwi nka SAVITEB.

Si ibyo gusa kuko , Esdras Butare yashoboye kumvisha Perezida Nkurunziza n’ ibyegera bye ko kwinjiza Interahamwe mu gisirikare cye na polisi bizatuma ubwoko bw’ Abahutu burushaho kuganza ku ngoma aho mu Burundi.

Ubu bwinshi bw’Interahamwe mu Burundi ngo niyo mpamvu uyu munsi mu Mujyi wa Bujumbura zihagaragara zambaye imyenda ya polisi ziri mu madoka zikora amarondo nk’ uko tubikesha Igihe fr.

Kugeza magingo aya, Esdras Butare ukorana bya hafi n’ abajenerari Alain Guillaume Bunyoni, G Steve Ntakarutimana Gervais Ndirakobuca alias Ndakugarika niwe ushinzwe ubucukuzi n’ ubucuruzi bw’ amabuye y’ agaciro amaze iminsi yarabonetse mu Burundi.

Umupolisi ukora mu rwego rukuru rw’ ubutasi n’ iperereza (SNR), Swedi niwe ushinzwe kuyobora abarinda. Esdras Butare.

Uyu munyarwanda Butare Esdras niwe mutoni wa hafi wa Pierre Nkurunziza kandi ufite ibigwi bidasanzwe mu baherwe nk’ uko biherutse no kuririmbwa n’ umuhanzi Koffi Olomide.

-8522.jpg

Uri mu ruziga, Butare Esdras

2017-10-31
Editorial

IZINDI NKURU

Kigali: Umugabo akurikiranyweho kwiyita umukozi b’ibiro bishinzwe abinjira n’abasohoka

Kigali: Umugabo akurikiranyweho kwiyita umukozi b’ibiro bishinzwe abinjira n’abasohoka

Editorial 27 Sep 2017
Mozambique: Umunyarwanda yarasiwe mu iduka yitaba Imana

Mozambique: Umunyarwanda yarasiwe mu iduka yitaba Imana

Editorial 23 Sep 2017
Kinyinya : Abagore babiri bikekwa ko bicuruzaga [ Indaya ] basanzwe  munzu  zabo bishwe

Kinyinya : Abagore babiri bikekwa ko bicuruzaga [ Indaya ] basanzwe munzu zabo bishwe

Editorial 15 May 2017
Abantu 15 barimo Umunyamerika, bamaze kugwa mu gitero cya Al-Shabaab muri Kenya

Abantu 15 barimo Umunyamerika, bamaze kugwa mu gitero cya Al-Shabaab muri Kenya

Editorial 16 Jan 2019
Kigali: Umugabo akurikiranyweho kwiyita umukozi b’ibiro bishinzwe abinjira n’abasohoka

Kigali: Umugabo akurikiranyweho kwiyita umukozi b’ibiro bishinzwe abinjira n’abasohoka

Editorial 27 Sep 2017
Mozambique: Umunyarwanda yarasiwe mu iduka yitaba Imana

Mozambique: Umunyarwanda yarasiwe mu iduka yitaba Imana

Editorial 23 Sep 2017
Kinyinya : Abagore babiri bikekwa ko bicuruzaga [ Indaya ] basanzwe  munzu  zabo bishwe

Kinyinya : Abagore babiri bikekwa ko bicuruzaga [ Indaya ] basanzwe munzu zabo bishwe

Editorial 15 May 2017
Abantu 15 barimo Umunyamerika, bamaze kugwa mu gitero cya Al-Shabaab muri Kenya

Abantu 15 barimo Umunyamerika, bamaze kugwa mu gitero cya Al-Shabaab muri Kenya

Editorial 16 Jan 2019
Kigali: Umugabo akurikiranyweho kwiyita umukozi b’ibiro bishinzwe abinjira n’abasohoka

Kigali: Umugabo akurikiranyweho kwiyita umukozi b’ibiro bishinzwe abinjira n’abasohoka

Editorial 27 Sep 2017
Mozambique: Umunyarwanda yarasiwe mu iduka yitaba Imana

Mozambique: Umunyarwanda yarasiwe mu iduka yitaba Imana

Editorial 23 Sep 2017
prev
next

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

21 May 2025
AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

15 Jul 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru