• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Rwanda Premier League yasinyanye na Banki ya Kigali amasezerano yo kwitirirwa shampiyona y’u Rwanda mu gihe cy’imyaka 5 n’igice, afite agaciro k’arenga miliyari Eshatu z’amafaranga y’u Rwanda   |   24 Apr 2026

  • FERWAFA yafatiye ibihano abagaragayeho match-fixing’mu ikipe y’Amagaju FC n’uwa Gorilla wasutse ibitamenyekanye mu kibuga   |   24 Apr 2026

  • Perezida Paul Kagame yitabiriye itangizwa rya Shampiyona Nyafurika yʼAmakipe yʼAbagabo muri Volleyball, yatangiye APR VC yitwara neza   |   22 Apr 2026

  • APR VC irakina na Black Rhinos VC mu mukino wo gufungura ku mugaragaro Shampiyona Nyafurika, CAVB Men’s Club Championship 2026   |   22 Apr 2026

  • U Rwanda rwatsinze Reta Zunze Ubumwe za Amerika ku kinyuranyo k’inota rimwe muri ICC Women’s Challenge   |   21 Apr 2026

  • Prudence Nsengumukiza akomeje kuba umuyoboro w’interahamwe mu gushaka amaronko   |   20 Apr 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Umunyarwanda Butare Esdras niwe ushinzwe ubucuruzi no kwinjiza Interahamwe mu ngabo z’ u Burundi.

Umunyarwanda Butare Esdras niwe ushinzwe ubucuruzi no kwinjiza Interahamwe mu ngabo z’ u Burundi.

Ubwanditsi 31 Oct 2017 ITOHOZA

Abarundi baba hanze y’igihugu ndetse n’abatuye mu gihugu bakomeje kwibaza ku bwenegihugu ndetse n’ inshingano z’ Umunyarwanda Butare Esdras wakomeje gutungwa agatoki ko akorana na Perezida Pierre Nkurunziza.

Esdras Butare ufite ubwenegihugu bw’ Ubunyarwanda ndetse n’ ubw’ ubuholandi, ngo ni umwishywa wa Kabuga Felicien uregwa kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu mwaka wa 1994.

Ikinyamakuru Bwiza kivuga ko M.Félicien Kabuga yageze i Bujumbura mu Burundi mu mwaka wa 2008 ubwo yavaga mu Buholandi aho yabanaga n’ umwishywa we Butare.

Esdras Butare yakoranye na Gén. Adolphe Nshimirimana wishwe

Butare akigera mu mujyi wa Bujumbura mu mwaka wa 2008 yacumbikiwe muri Hotel Safaris Gate yubatse ku nkombe za Lac Tanganyika, yakirwa na Gén. Adolphe Nshimirimana.

Umutekano we n’ imikoranire ye n’ abategetsi bakuru ba Leta ya Pierre Nkurunziza byakomeje bigaragara umunsi ku wundi nk’ uko yagiye yakirwa na perezida w’ u Burundi.

Gufasha inzego z’ ubutasi n’ iperereza (SNR) ubwo Gén. Adolphe Nshimirimana yatozaga Imbonerakure zitorezaga muri Kivu y’ Amajyepfo mu gace ka Kiliba ONDES byatumye Butare Esdras yemerwa mu maso ya Pierre Nkurunziza.

Ibi byose yabifashijwemo n’ ubunararibonye ngo yari afite muri Mafia bitewe n’ ubundi n’ uruhare acyekwaho yagize muri jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994, kuko icyo gihe yari umukozi wa Nyirarume Kabuga.

-8523.jpg

Si ibyo gusa, kuko ku mufuka we bwite ngo Butare niwe waguze isanduka Adolphe Nshimirimana yashinguwemo ubwo yayitumizaga mu Butaliyani kugira ngo yifatanye n’ umuryango we.

Ibikorwa bye yakoze mu Burundi, nibyo yatumye aba inshuti magara ya Gen. Nshimirimana Adolphe ndetse na Pierre Nkurunziza mu gihe gito cyane.

Butare Esdras inshuti magara ya Pierre Nkurunziza n’ ibyegera bye

Mu ntangiriro y’ imyigaragambyo yarwanyaga manda ya 3 ya Pierre Nkurunziza muri Mata 2015, Esdras Butare yahawe misiyo yo kujya kugura ibimodoka by’ ibifaru byateraga amazi ku bigaragambyaga.

Amaze kwese iyi mihigo yose, Butare yanahawe isoko ryo kugura jeep 5 zo mu bwoko bwa v8 zimitamenwa ndetse anahabwa isoko ryo gukora imodoka zose za gisirikare n’ iza polisi biciye mu igaraje rye rizwi nka SAVITEB.

Si ibyo gusa kuko , Esdras Butare yashoboye kumvisha Perezida Nkurunziza n’ ibyegera bye ko kwinjiza Interahamwe mu gisirikare cye na polisi bizatuma ubwoko bw’ Abahutu burushaho kuganza ku ngoma aho mu Burundi.

Ubu bwinshi bw’Interahamwe mu Burundi ngo niyo mpamvu uyu munsi mu Mujyi wa Bujumbura zihagaragara zambaye imyenda ya polisi ziri mu madoka zikora amarondo nk’ uko tubikesha Igihe fr.

Kugeza magingo aya, Esdras Butare ukorana bya hafi n’ abajenerari Alain Guillaume Bunyoni, G Steve Ntakarutimana Gervais Ndirakobuca alias Ndakugarika niwe ushinzwe ubucukuzi n’ ubucuruzi bw’ amabuye y’ agaciro amaze iminsi yarabonetse mu Burundi.

Umupolisi ukora mu rwego rukuru rw’ ubutasi n’ iperereza (SNR), Swedi niwe ushinzwe kuyobora abarinda. Esdras Butare.

Uyu munyarwanda Butare Esdras niwe mutoni wa hafi wa Pierre Nkurunziza kandi ufite ibigwi bidasanzwe mu baherwe nk’ uko biherutse no kuririmbwa n’ umuhanzi Koffi Olomide.

-8522.jpg

Uri mu ruziga, Butare Esdras

2017-10-31
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Isesengura; Komite nshya ya RNC Uganda, ikimenyetso simusiga cyuko RNC yabaye nkaya nkende ishaje yananiwe kurizwa igiti yiyurizaga

Isesengura; Komite nshya ya RNC Uganda, ikimenyetso simusiga cyuko RNC yabaye nkaya nkende ishaje yananiwe kurizwa igiti yiyurizaga

Ubwanditsi 22 Nov 2019
Minisitiri Mushikiwabo yakuye  igihu ku bivugwa ku kibazo cya Ambasaderi Richard Gasana

Minisitiri Mushikiwabo yakuye igihu ku bivugwa ku kibazo cya Ambasaderi Richard Gasana

Ubwanditsi 08 Oct 2016
Inzira Bad Rama yanyuzemo akaba umukire akaba asoje ari umusazi

Inzira Bad Rama yanyuzemo akaba umukire akaba asoje ari umusazi

RUSHYASHYA 24 Feb 2026
Perezida Ndayishimiye yohereje Batayo ya 9 muri congo,  gusimbura iya 7 yashiriye kurugamba barwanamo na M23.

Perezida Ndayishimiye yohereje Batayo ya 9 muri congo, gusimbura iya 7 yashiriye kurugamba barwanamo na M23.

Ubwanditsi 07 Feb 2024

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Umuhanzi J Cole yemejwe nk’umwe mu bakinnyi bazakinira ikipe ya Patriots BBC mu mikino ya BAL igiye kubera mu Rwanda.
Amakuru

Umuhanzi J Cole yemejwe nk’umwe mu bakinnyi bazakinira ikipe ya Patriots BBC mu mikino ya BAL igiye kubera mu Rwanda.

Ubwanditsi 11 May 2021
Kisangani :  Inkambi y’abahoze ari abarwanyi ba FDLR barenga 800 igiye gufungwa
ITOHOZA

Kisangani : Inkambi y’abahoze ari abarwanyi ba FDLR barenga 800 igiye gufungwa

Ubwanditsi 15 Sep 2018
Amaherezo y’inzira ni mu nzu: Umujenosideri Col. Cyprien Kayumba agiye gushyikirizwa inkiko mu Bufaransa.
Amakuru

Amaherezo y’inzira ni mu nzu: Umujenosideri Col. Cyprien Kayumba agiye gushyikirizwa inkiko mu Bufaransa.

Ubwanditsi 05 Sep 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru