• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Amakipe 14 yo mu bihugu 4 birimo U Rwanda, Uganda, Kenya na Benin agiye guhatanira irushanwa ryo Kwibuka muri Volleybal   |   18 Jun 2026

  • Ishimwe Christian watandukanye na Police FC yerekeje muri APR FC yigeze gukinira asimburana na Niyomugabo Claude utarongera amasezerano   |   17 Jun 2026

  • Salomon Kalonda yatangaje ko Tshisekedi ashaka kugundira ubutegetsi, yifashishije kamarampaka   |   16 Jun 2026

  • Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas baheruka gutandukana na MIE, bamaze kwimukira muri Canada   |   15 Jun 2026

  • Ubushinjacyaha bwise Ingabire Mwene Dusabe b’i Butamwa; Umutesi   |   15 Jun 2026

  • Ben Rutabana akomeje kuba “umugati” w’ibigarasha ngo bibone icyo bitamira   |   15 Jun 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Impinduka nto kuri gahunda y’uruzinduko rwa perezida wa FIFA Gianni Infantino mu Rwanda

Impinduka nto kuri gahunda y’uruzinduko rwa perezida wa FIFA Gianni Infantino mu Rwanda

Ubwanditsi 25 Feb 2017 IMIKINO

Perezida w’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi ’FIFA’, Gianni Infantino ari bugere mu Rwanda ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu mu ruzinduko rw’iminsi ibiri, kuri gahunda ye uyu muyobozi arihita ajya kureba umukino wa shampiyona uhuza Police FC na Rayon Sports kuri Stade Amahoro aho guhita ahitira ku Gisozi ku rwibutso rwa Jenoside nk’uko byari bitegamyijwe.

Uru ruzinduko rwajemo impinduka nto aho byari biteganyijwe atazareba uyu mukino aho azagera ku ikibuga cy’indege cya Kanombe ku isaha ya saa 15:30’ agahita yerekeza ku rwibutso rwa Jenocide yakorewe abatutsi ruri ku Gisozi agashyira indabo ku mva ndetse akanunamira imibiri ihashyinguye.

Gianni Infantino

Mu kiganiro n’itangazamakuru cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Gashyantare 2017, Perezida wa FERWAFA Nzamwita Vincent De Gaulle, yatangaje ko uru ruzinduko rwa Infantino mu Rwanda rugamije kuzamura umupira wo mu Rwanda ku rundi rwego. Yavuze kandi ko Infantino akigera ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kanombe ku isaha ya saa 15:00’ ahita yerekeza ku Amahoro kureba umukino wa shampiyona uri buhuze Police FC na Rayon Sports, nyuma ajye gushyira ibuye fatizo ahazubakwa Hoteli y’inyenyeri 4 ya FERWAFA, akaba Urwibutso azarusura ku umunsi w’ejo

Dore uko gahunda ya Infantino mu Rwanda iteye.

15:00 : kugera ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali(Kanombe)
15:30 : Kuva ku kibuga cy’indege yerekeza kuri Stade Amahoro
15:40 : kugera kuri Stade Amahoro
15h40- 16h15 : kureba umukino wa shampiyona, Police FC vs Rayon Sports(arareba igice cya mbere gusa)
16h30 : Kugera ahazubakwa Hoteli ya FERWAFA(Ku abanyamakuru babiherewe uburenganzira)
16h35 : Guha ikaze perezida wa FIFA
16h40 : Kwerekana abashyitsi biri bukorwe na Prisma
16h45 : Ijambo rya perezida wa FERWAFA Vincent NZAMWITA
16h50 : Ijambo ry’umunyamababga uhoraho muri Minisiteri y’umuco ba siporo Lt. Col. Patrice RUGAMBWA,
16h55 : Gushyiraho ibuze fatizo ahazubakwa hoteli, bikorwe na Infantino
17h05 : Ijambo rya perezida wa FIFA Gianni INFANTINO
17h15 : Imbyino gakondo
17h25 : Isozwa ry’umuhango
17h35 : Gusura icyicaro cya FERWAFA
17h45 : Ifoto y’urwibutso
17h55 : Ikiganiro n’itangazamakuru (ku babiherewe uburenganzira)

Ku cyumweru , 26/02/2017

12h00 : Gusura Urwibutso rwa Genocide rwa Kigali
13:00 : Kugera ku kibuga cy’indege cya Kanombe arimo ataha nyuma yo gusoza uruzinduko rwe mu Rwanda ndetse no muri Afurika muri rusange.

2017-02-25
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Gor Mahia yageze i Kigali, umutoza avuga ko yimwe amakuru na Mamelodi Sundowns

Gor Mahia yageze i Kigali, umutoza avuga ko yimwe amakuru na Mamelodi Sundowns

Ubwanditsi 05 May 2018
Tour du Rwanda: Umudage Hellmann yegukanye agace ka Huye-Musanze, Mugisha aracyayoboye

Tour du Rwanda: Umudage Hellmann yegukanye agace ka Huye-Musanze, Mugisha aracyayoboye

Ubwanditsi 07 Aug 2018
Shampiyona y’u Rwanda irakomeza hakinwa umunsi wa 7, umukino wa Police FC na Gicumbi FC wahinduriwe amasaha

Shampiyona y’u Rwanda irakomeza hakinwa umunsi wa 7, umukino wa Police FC na Gicumbi FC wahinduriwe amasaha

Ubwanditsi 04 Dec 2021
Didier Drogba yasezeye mu kibuga

Didier Drogba yasezeye mu kibuga

Ubwanditsi 22 Nov 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Umusirikare wa RDF wari ufunzwe yarasiwe ku rukiko ashaka gutoroka
Mu Rwanda

Umusirikare wa RDF wari ufunzwe yarasiwe ku rukiko ashaka gutoroka

Ubwanditsi 20 Oct 2017
Umunyabigwi w’Umufaransa Yannick Noah yageze mu Rwanda aho aje kwitabira irushanwa rya ATP Challenger 50 Tour
Amakuru

Umunyabigwi w’Umufaransa Yannick Noah yageze mu Rwanda aho aje kwitabira irushanwa rya ATP Challenger 50 Tour

Ubwanditsi 29 Feb 2024
Ibyamamare ku Isi byokeje igitutu Perezida Museveni kubera ifungwa rya Bobi Wine
INKURU NYAMUKURU

Ibyamamare ku Isi byokeje igitutu Perezida Museveni kubera ifungwa rya Bobi Wine

Ubwanditsi 23 Aug 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru