• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Baker Byatsi yafungiwe ubujura imyaka ine afungurwa kuko yisiramuje nabi muri gereza bikamugwa nabi-Mushiki wa Byatsi byose yabivuze   |   28 May 2026

  • AMAFOTO – Mu mukino wakurikiwe na Perezida Kagame, RSSB Tigers BBC yageze ku mukino wa nyuma wa BAL 2026 itsinze AL Ahyly yo mu Misiri   |   28 May 2026

  • Stephen Constantine yatangaje urutonde rw’abakinnyi 24 bazifashishwa mu mikino ibiri ya gicuti mpuzamahanga izahuza u Rwanda na Comoros ndetse na Tanzania   |   27 May 2026

  • Agapfa kaburiwe ni impongo; Abagura Indaya bahawe imbuzi   |   27 May 2026

  • Ambassadeur Thérence Ntahiraja yemeje ko u Rwanda rugomba guterwa   |   27 May 2026

  • Rayon Sports yatsinze Bugesera FC yiyongerera amahirwe yo kuzahagararira u Rwanda mu mikino Nyafurika   |   26 May 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Impinduka nto kuri gahunda y’uruzinduko rwa perezida wa FIFA Gianni Infantino mu Rwanda

Impinduka nto kuri gahunda y’uruzinduko rwa perezida wa FIFA Gianni Infantino mu Rwanda

Ubwanditsi 25 Feb 2017 IMIKINO

Perezida w’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi ’FIFA’, Gianni Infantino ari bugere mu Rwanda ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu mu ruzinduko rw’iminsi ibiri, kuri gahunda ye uyu muyobozi arihita ajya kureba umukino wa shampiyona uhuza Police FC na Rayon Sports kuri Stade Amahoro aho guhita ahitira ku Gisozi ku rwibutso rwa Jenoside nk’uko byari bitegamyijwe.

Uru ruzinduko rwajemo impinduka nto aho byari biteganyijwe atazareba uyu mukino aho azagera ku ikibuga cy’indege cya Kanombe ku isaha ya saa 15:30’ agahita yerekeza ku rwibutso rwa Jenocide yakorewe abatutsi ruri ku Gisozi agashyira indabo ku mva ndetse akanunamira imibiri ihashyinguye.

Gianni Infantino

Mu kiganiro n’itangazamakuru cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Gashyantare 2017, Perezida wa FERWAFA Nzamwita Vincent De Gaulle, yatangaje ko uru ruzinduko rwa Infantino mu Rwanda rugamije kuzamura umupira wo mu Rwanda ku rundi rwego. Yavuze kandi ko Infantino akigera ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kanombe ku isaha ya saa 15:00’ ahita yerekeza ku Amahoro kureba umukino wa shampiyona uri buhuze Police FC na Rayon Sports, nyuma ajye gushyira ibuye fatizo ahazubakwa Hoteli y’inyenyeri 4 ya FERWAFA, akaba Urwibutso azarusura ku umunsi w’ejo

Dore uko gahunda ya Infantino mu Rwanda iteye.

15:00 : kugera ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali(Kanombe)
15:30 : Kuva ku kibuga cy’indege yerekeza kuri Stade Amahoro
15:40 : kugera kuri Stade Amahoro
15h40- 16h15 : kureba umukino wa shampiyona, Police FC vs Rayon Sports(arareba igice cya mbere gusa)
16h30 : Kugera ahazubakwa Hoteli ya FERWAFA(Ku abanyamakuru babiherewe uburenganzira)
16h35 : Guha ikaze perezida wa FIFA
16h40 : Kwerekana abashyitsi biri bukorwe na Prisma
16h45 : Ijambo rya perezida wa FERWAFA Vincent NZAMWITA
16h50 : Ijambo ry’umunyamababga uhoraho muri Minisiteri y’umuco ba siporo Lt. Col. Patrice RUGAMBWA,
16h55 : Gushyiraho ibuze fatizo ahazubakwa hoteli, bikorwe na Infantino
17h05 : Ijambo rya perezida wa FIFA Gianni INFANTINO
17h15 : Imbyino gakondo
17h25 : Isozwa ry’umuhango
17h35 : Gusura icyicaro cya FERWAFA
17h45 : Ifoto y’urwibutso
17h55 : Ikiganiro n’itangazamakuru (ku babiherewe uburenganzira)

Ku cyumweru , 26/02/2017

12h00 : Gusura Urwibutso rwa Genocide rwa Kigali
13:00 : Kugera ku kibuga cy’indege cya Kanombe arimo ataha nyuma yo gusoza uruzinduko rwe mu Rwanda ndetse no muri Afurika muri rusange.

2017-02-25
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Rayon Sports inganyije na As Kigali 1-1 itakaza umwanya wa Kabiri wafashwe na Kiyovu SC

Rayon Sports inganyije na As Kigali 1-1 itakaza umwanya wa Kabiri wafashwe na Kiyovu SC

Ubwanditsi 12 Mar 2023
Alikiba yagize icyo avuga ku mushinga wo gukorana na Davido indirimbo

Alikiba yagize icyo avuga ku mushinga wo gukorana na Davido indirimbo

Ubwanditsi 09 Jan 2016
Sanchez Vergara Brayan Stiven yegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2021 kavaga i Kigali kerekeza i Rwamagana, umunyarwanda wa hafi yabaye uwa 14.

Sanchez Vergara Brayan Stiven yegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2021 kavaga i Kigali kerekeza i Rwamagana, umunyarwanda wa hafi yabaye uwa 14.

Ubwanditsi 02 May 2021
Nyuma y’umukino ikipe ya Leicester City yatsinzemo Manchester United, ikipe ya Manchester City yahise itwara igikombe cya shampiyona y’u Bwongereza ibura imikino itatu ngo irangire.

Nyuma y’umukino ikipe ya Leicester City yatsinzemo Manchester United, ikipe ya Manchester City yahise itwara igikombe cya shampiyona y’u Bwongereza ibura imikino itatu ngo irangire.

Ubwanditsi 12 May 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Imikoranire iteye inkeke hagati y’ inzego z’ iperereza za Uganda na RNC
ITOHOZA

Imikoranire iteye inkeke hagati y’ inzego z’ iperereza za Uganda na RNC

Ubwanditsi 25 Dec 2017
RDF : Abasirikare bakuru 5 barimo  Gen. Caesar Kayizari  na Gen. Sam Kaka  basezerewe
Mu Mahanga

RDF : Abasirikare bakuru 5 barimo Gen. Caesar Kayizari na Gen. Sam Kaka basezerewe

Ubwanditsi 09 Jul 2016
Côte d’Ivoire: Perezida Kagame yitabiriye inama izahuza Afurika n’Uburayi
INKURU NYAMUKURU

Côte d’Ivoire: Perezida Kagame yitabiriye inama izahuza Afurika n’Uburayi

Ubwanditsi 29 Nov 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru