• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ubuyobe bw’Ubuhanuzi butuma FDLR Yitera Ikinya mu mashyamba ya DRC kugirango irebe ko yamara kabiri   |   22 Aug 2026

  • Ndi gupfa ndeba- Luvumbu yashinje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kumutererana nyuma yo kuva mu Rwanda   |   21 Aug 2026

  • Dr. Bahati Bernard yavuze ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/26 abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza batsinze ku rugero rwa 88,21%   |   20 Aug 2026

  • Ikibazo cy’Ubuzima n’Umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, iki gihugu cyambuwe kwakira Shampiyona Nyafurika ya Volleyball y’Abagabo 2026   |   20 Aug 2026

  • Etienne Gatanazi akura gakiza ki mu kuba umuzindaro w’interahamwe?   |   20 Aug 2026

  • Rimwe mu makosa Leta ya Ndayishimiye izicuza ni ukuba yaragennye Edouard Bizimana nka Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga; Nininahazwe Pacifique   |   18 Aug 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Asinah yatangaje umukunzi mushya yasimbuje Riderman wamubenze

Asinah yatangaje umukunzi mushya yasimbuje Riderman wamubenze

Ubwanditsi 23 Aug 2017 Mu Rwanda

Mukasine Asinah ni muto mu myaka akaba mukuru mu rukundo n’ibyamamare.Yabanye mu buzima bw’umunezero na Riderman bwuzuye gusohokana, gusura inshuti no kubwirana amagambo yuzuye icyizere cy’ejo hazaza nubwo byarangiye ntawubashije gucyebura undi.

Aba bombi bahuye ubwo Riderman yari mu myiteguro yo kumurika album ya mbere yise’ ‘Rutenderi’. Icyo gihe yashakishije ababyinnyi ariko abura umutoza wabo kugirango bazahuze mu jyana.

Muyoboke Alex wabaye umujyanama w’abahanzi batandukanye barimo na Charly na Nina kugeza ubu, niwe wafashaga Riderman gutegura icyo gitaramo yaje kwisunga Queen Ally(nyirasenge w’uyu muhanzi) bashakisha umutoza w’ababyinnyi.

Amakuru avuga ko icyo gihe bahuye na Asinah wari uzi kubyina atangira gutoza aba bana bagombaga kubyinira Ridermana.Asinah na Riderman bakomeje guhurira mu bikorwa bitandukanye, igitutu cy’itangazamakuru gituma berura ko bari mu Rwanda.

Mu mwaka wa 2012 ubwo Riderman yavaga muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu nama nyunguranabitekerezo yitwa “Hip Hop and Physic Engagement”, yakiriwe ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kanombe n’abafana batandukanye barimo na Asinah wahageze mbere y’abandi ndetse na Nadia wabaye nyampinga wa Mount kenya.

Nadia Farid Ishmael washakanye na Riderman kuri ubu niwe watumye inshuti zakera[ Riderman na Asinah[ bashwana. Uyu mugore ubana na Riderman byagizwemo uruhare rukomeye na M Izzo kugirango bihuze.

Urukundo rwa Asinah na Riderman rwashyizweho akadomo ubwo Nadia yasamaga inda, Riderman akiyemeza kumurongora nyuma y’uko Asinah yari yakomeje kumubwira ko bashyingiranwa ariko undi akabyima amatwi.

Imyaka umunani bamaranye yashyizweho iherezo ndetse buri wese atangira ubuzima bwe, Riderman yahise arongora ndetse aranibaruka mu gihe Asinah we yahise yinjira muri muzika avuga ko yihebeye.

Mu mwaka ibiri ishize, uyu mukobwa yagiye yumvikana mu itangazamakuru avuga ko nta mukunzi afite ndetse ko atarakira ibikomere by’urukundo Riderman yamuteye kuburyo yasubira mu rukundo.

Uyu muhanzi yashyize hanze ifoto ari kumwe n’umuraperi Diplomate maze yandika yiba niba umukunzi we mushya bari gukundana ubu bitaza kumutera ishyari bitewe n’uko ari kumwe n’undi musore.Ati “Nizereko bitaza gutera ishyari umukunzi wanjye .”

Mu banditse kuri iyi foto bavuze ko haba ari kare kugirango uyu mukobwa asubire mu rukundo, ngo yagakwiye gutegereza nibura imyaka 8 igashira nk’iyo yamaranye mu rukundo na Riderman.

Abandi bavuze ko ‘Asinah ari umukobwa mwiza arabura iki?. Abandi nabo bavuze ko aramutse akundanye na Diplomate byaba ari byiza kurusha uko yakomeza kubaho wenyine.

Ifoto Asinah yakoresheje amenyesha abakunzi be ko yamaze kubona umusore bakundana.

-7726.jpg

Game is over by Asinah ft Neg G The General New Rwandan Music Video 2016

-7727.jpg

Asinah yamaze kwiyakira ndetse kuri ubu yamaze kwiyegurira muzika

2017-08-23
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Indaya 500 n’abakiriya bazo ba bagabo 300 mu maboko ya polisi muri Panda gale

Indaya 500 n’abakiriya bazo ba bagabo 300 mu maboko ya polisi muri Panda gale

Ubwanditsi 17 Mar 2016
Muri EAC Tanzania na Uganda nibyo bihugu bitigeze bipfusha umuperezida akiri ku butegetsi

Muri EAC Tanzania na Uganda nibyo bihugu bitigeze bipfusha umuperezida akiri ku butegetsi

Ubwanditsi 28 Mar 2017
“Demokarasi yanyu irababereye, nimuyigumanire, twe muduhe amahoro”-Tito Rutaremara abwira ba mpatsibihugu

“Demokarasi yanyu irababereye, nimuyigumanire, twe muduhe amahoro”-Tito Rutaremara abwira ba mpatsibihugu

Ubwanditsi 18 Jul 2024
Umurambo w’Umunyarwandakazi watowe mu mugezi muri Canada washyinguwe

Umurambo w’Umunyarwandakazi watowe mu mugezi muri Canada washyinguwe

Ubwanditsi 06 Nov 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

HIMBARA YACITSE URURONDOGORO NYUMA YO KUBONA UKO KAGAME YAKIRIWE MURI SENEGAL NA GUINEA-CONAKRY
ITOHOZA

HIMBARA YACITSE URURONDOGORO NYUMA YO KUBONA UKO KAGAME YAKIRIWE MURI SENEGAL NA GUINEA-CONAKRY

Ubwanditsi 14 Mar 2016
Clare Akamanzi yahawe impamyabumenyi y’ikirenga y’icyubahiro
UBUKUNGU

Clare Akamanzi yahawe impamyabumenyi y’ikirenga y’icyubahiro

Ubwanditsi 08 Jun 2018
Umurundi akaba n’Umunyamabanga Mukuru wa EAC akomeje kuvugwaho kunyereza umutungo
INKURU NYAMUKURU

Umurundi akaba n’Umunyamabanga Mukuru wa EAC akomeje kuvugwaho kunyereza umutungo

Ubwanditsi 22 Feb 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru