• Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
  • Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Bugesera FC yatsinze Rayon Sports 2-1, APR FC ifata umwanya wa mbere w’agateganyo wa Rwanda Premier League   |   21 May 2025

  • Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete   |   21 May 2025

  • I Bugesera hatashywe ikibuga cya Basketball cyubatswe ku bufatanye bwa NBA Africa na Opportunity International   |   20 May 2025

  • Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yavuze ku mvururu zatumye umukino wa Bugesera na Rayon Sports uhagararira ku munota wa 52   |   17 May 2025

  • Rwanda Premier league igiye guhemba abahize abandi Muri shampiyona y’u Rwanda 2024-2025   |   16 May 2025

  • Gutwara igikombe cy’Amahoro atsinze Rayon Sports ku mukino wa nyuma, bimwe mubyo Darko Novic watandukanye na APR FC azibukirwaho   |   14 May 2025

 
You are at :Home»ITOHOZA»Umutekano w’Isi ugerwa ku mashyi kubera Amabuye yo mukirere azwi nk’ ASTEROIDS

Umutekano w’Isi ugerwa ku mashyi kubera Amabuye yo mukirere azwi nk’ ASTEROIDS

Editorial 15 Nov 2016 ITOHOZA

Abahanga mu by’ikirere batubwira ko agace duherereyemo kagizwe n’imibumbe umunane twavuga iyi si dutuyeho, Mars, Venus n’indi. Mu minsi ishize hatangajwe ko havumbuwe umubumbe wa cyenda ariko ntibiremezwa neza.

Uko rero iyo mibumbe iteye hari ibindi bintu bigiye biyigaragiye muri byo hari ibibuye bigenda bikurikira umuvuduko wayo mu cyongereza nibyo bita “asteroids”.

Ikigo NASA cy’abanyamerika gikurikiranira hafi ibyo mu kirere kivuga ko ubu bamaze kuvumbura asteroids 15.000 zizenguruka hafi y’ isi dutuyeho. Muri rusange habaruwe izirenga 580.000 ngo inyinshi ziri hagati y’umubumbe wa Mars na Jupiter.

Amakuru rero yatanzwe n’umuyobozi mukuru w’ikigo NASA bwana Charles Boden, yatangarije itsinda rihagarariye Leta y’Amerika mugihe bari bagiye guhabwa rapport kunyigo nshya yasohotse kubijyanye naya mabuye azenguruka mu kirere. Mu gihe bahabwaga ibisobanuro, umwe mubari bagize iryo tsinda yabajije ikibazo asaba ko bagerageza gutanga ingero ku kintu batekereza ko cyabaho kugira ngo bumve neza ingaruka byabyara. Yagize ati tugerageze gutekereza ko hari ikibuye kimanutse kigana Los Angels, ati ari gito mwabimenyesha abantu mugihe kingana iki cg hakwangirika ibintu bingana iki?

Boden yahise abasubiza ko igihe aho kigeze atari ugukekeranya cg guteganya. Yagize ati ahubwo mu mbaze igihe ibiri munzira byerekeza ku isi aho bigeze.

Umuyobozi wa NASA bwana Charles Boden yababwiye ko hari asteroids ziri munzira zigana ku isi ati ndetse hari izishobora kugwa na New York.

Naho Thomas Zurbuchen yabwiye abari aho ko ubushakashatsi buhanitse burimo gukorwa ngo barebe uko bahangana nibyo bibazo ati ariko ntitwabura kubabwiza ukuri ko icyo kibazo kiriho ati:”Ntagushidikanya hari igihe zizagwa ku isi”.

Iryo tsinda ryamubajije icyakorwa ngo babe babuza ibyo bibuye kuzahagwa hakoreshejwe uburyo bwo kukiyobya cg kugisenyera mu kirere. ? Ngo yariyumviriye mu magambo make ngo arababwira ati: “Musenge gusa”.

-4671.jpg

-4672.jpg

-4673.jpg

-4674.jpg

Yasobanuye ko gusa Atari vuba aha bishobora kuzaba bigeze ku isi kuko biratandukanye mu bunini. Ati: Hari ibifite 300 kugeza kuri 800ft n’ibindi binini cyane bifite nka kilometer 10. Yongeyeho ko babonye hari ikibuye kinini kigiye kugera ahantu runaka ku isi ko icyo gihe abantu bahabwa igihe kingana n’iminsi itatu ngo babe barangije guhunga aho bari. Yavuze ko byaterwa n’ingano yacyo naho ubundi kubiyobya ngo ntabwo ari ikibazo cyoroshye bitewe n’umuvuduko biba bifite.

Batanze ibisobanuro bavuga ko asteroids ntoya nazo ari ikibazo gikomeye kuko zo badashobora kuzigenzura kubera n’ubwinshi bwazo ngo bajya kubona bakabona zigeze ku isi.

Batanze urugero rwa asteroid yaguye mu mugi witwa Chelyabinsk mu Burusiya hari tariki ya 15/2/2013. Iyo asteroid ikaba yaranganaga na metero 18 (50ft) yaje itunguranye ifite umuvuduko uri hagati ya kilometero 60.000 – 69.000 ku isaha. Icyo kibuye cyakomerekeje abantu ibihumbi ndetse ikamenagura ibirahure by’amazu hafi umugi wose. Bavuze ko kari gato kuburyo indorerwamo za telescope bakoresha babigenzurira mu kirere itigeze iyibona. Ngo asteroid nini ishobora kwangiza ibintu bisumba nibyo bombe bateye Hiroshima.

Umutekano w’isi rero uragenda ugerwa kumashyi uko biriya bibuye biyegera.

Biracyaza………

Hakizimana Themistocle

2016-11-15
Editorial

IZINDI NKURU

“Nyamwanga kumva ntiyanze no kubona”. Iyo Idamande Yvonne na Aimable Karasira bumva impanuro, ntibaba bafunze”-Umusomyi wa Rushyashya

“Nyamwanga kumva ntiyanze no kubona”. Iyo Idamande Yvonne na Aimable Karasira bumva impanuro, ntibaba bafunze”-Umusomyi wa Rushyashya

Editorial 02 Jun 2021
N.Korea iratangaza ko yiteguye kurwana intambara y’imperuka na Leta ya Amerika

N.Korea iratangaza ko yiteguye kurwana intambara y’imperuka na Leta ya Amerika

Editorial 28 Sep 2017
Leta y’Afrika y’Epfo, yashyizweho itegeko ribuza impunzi gukina politiki utabyubahirije akirukanwa

Leta y’Afrika y’Epfo, yashyizweho itegeko ribuza impunzi gukina politiki utabyubahirije akirukanwa

Editorial 06 Jan 2020
Uganda irashinjwa kurenga ku mabwiriza abuza kohereza intwaro muri Sudani y’Epfo

Uganda irashinjwa kurenga ku mabwiriza abuza kohereza intwaro muri Sudani y’Epfo

Editorial 30 Nov 2018
“Nyamwanga kumva ntiyanze no kubona”. Iyo Idamande Yvonne na Aimable Karasira bumva impanuro, ntibaba bafunze”-Umusomyi wa Rushyashya

“Nyamwanga kumva ntiyanze no kubona”. Iyo Idamande Yvonne na Aimable Karasira bumva impanuro, ntibaba bafunze”-Umusomyi wa Rushyashya

Editorial 02 Jun 2021
N.Korea iratangaza ko yiteguye kurwana intambara y’imperuka na Leta ya Amerika

N.Korea iratangaza ko yiteguye kurwana intambara y’imperuka na Leta ya Amerika

Editorial 28 Sep 2017
Leta y’Afrika y’Epfo, yashyizweho itegeko ribuza impunzi gukina politiki utabyubahirije akirukanwa

Leta y’Afrika y’Epfo, yashyizweho itegeko ribuza impunzi gukina politiki utabyubahirije akirukanwa

Editorial 06 Jan 2020
Uganda irashinjwa kurenga ku mabwiriza abuza kohereza intwaro muri Sudani y’Epfo

Uganda irashinjwa kurenga ku mabwiriza abuza kohereza intwaro muri Sudani y’Epfo

Editorial 30 Nov 2018
“Nyamwanga kumva ntiyanze no kubona”. Iyo Idamande Yvonne na Aimable Karasira bumva impanuro, ntibaba bafunze”-Umusomyi wa Rushyashya

“Nyamwanga kumva ntiyanze no kubona”. Iyo Idamande Yvonne na Aimable Karasira bumva impanuro, ntibaba bafunze”-Umusomyi wa Rushyashya

Editorial 02 Jun 2021
N.Korea iratangaza ko yiteguye kurwana intambara y’imperuka na Leta ya Amerika

N.Korea iratangaza ko yiteguye kurwana intambara y’imperuka na Leta ya Amerika

Editorial 28 Sep 2017
prev
next

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

21 May 2025
AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

15 Jul 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru