• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Amakipe 14 yo mu bihugu 4 birimo U Rwanda, Uganda, Kenya na Benin agiye guhatanira irushanwa ryo Kwibuka muri Volleybal   |   18 Jun 2026

  • Ishimwe Christian watandukanye na Police FC yerekeje muri APR FC yigeze gukinira asimburana na Niyomugabo Claude utarongera amasezerano   |   17 Jun 2026

  • Salomon Kalonda yatangaje ko Tshisekedi ashaka kugundira ubutegetsi, yifashishije kamarampaka   |   16 Jun 2026

  • Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Vestine na Dorcas baheruka gutandukana na MIE, bamaze kwimukira muri Canada   |   15 Jun 2026

  • Ubushinjacyaha bwise Ingabire Mwene Dusabe b’i Butamwa; Umutesi   |   15 Jun 2026

  • Ben Rutabana akomeje kuba “umugati” w’ibigarasha ngo bibone icyo bitamira   |   15 Jun 2026

 
You are at :Home»SHOWBIZ»Meddy yasobanuye byinshi ku ndirimbo “Ntawamusimbura” bamushinja gushishura ndetse anagira n’icyo avuga ku kuza i Kigali

Meddy yasobanuye byinshi ku ndirimbo “Ntawamusimbura” bamushinja gushishura ndetse anagira n’icyo avuga ku kuza i Kigali

Ubwanditsi 15 Jun 2017 SHOWBIZ

Mu ndirimbo zose Meddy yakoze iyitwa Ntawamusimbura niyo yavuzweho cyane kuba yariganywe ndetse bamwe mu bayivuzeho bakayisanisha n’indirimbo nyinshi zitandukanye Meddy yaba yarayishishuyeho, mu kiganiro n’itangazamakuru Meddy yongeye kwibutsa abantu inkomoka y’iyi Ndirimbo.

Ubwo yabazwaga niba kuba Ntawamusimbura itarahise igera kure cyane ugereranyije n’izidni ndirimbo yakoze, niba nanone bifitanye isano n’uburyo abantu bayivuze, umuhanzi Meddy yahisemo kongera gusobanurira mu buryo burambuye uburyo iyi ndirimbo yakozwemo anavuga ko aho ntawamusimbura yageze ari kure cyane ahubwo kurusha n’izindi ndirimbo yakoze.

Meddy yagize ati’’ Ubwo nari maze kandika amagambo y’indirimbo ntawamusimbura, nahisemo kuyishyira mu njyana za kera kuko amagambo y’iyi ndirimbo ni amagambo akuze, nahisemo injyana yitwa Blues ni injyana yakozwe kuva kera yatangiriye muri Amerika, niyo njyana nahisemo muri Ntawamusimbura’’.

Yakomeje avuga ko injyana ya Blues ifite uburyo igenda kimwe ku bantu bayikora bose ndetse n’abayikoze bose, ifite ukwigenda kwihariye, Papa wanjye niwe wankundishije iyi njyana yarayicurangaga kera nanjye rero nari narahigiye kuzayiko.
Meddy kandi avuga mu ndirimbo zibisope naho habamo Blues cyane, urugero nko mu ndirimbo za ba Canco Hamisi nawe yaririmbaga muri iyi njyana.

Blues ni injyana yakera y’abantu bakoze umuziki kera, kuruhande rwa Meddy kuba yarakoze Blues ngo yabikoze mu rwego rwo kubahisha injyana ya Blues.

Mu ndirimbo zitiranywaga n’indirimbo ya Meddy harimo Woman Loves ya Robert Kelly, Earned it ya The weekend n’izindi, izi zose Rero meddy avuga ko impamvu bazitiranyije n’indirimbo ye Ntawamusimbura ari uko ziri mu njyana imwe ya Blues.
Meddy yasoje avuga ko abavuga ko yiganye injyana z’abandi ari ukubeshya ko ntahantu nahamwe bihuriye ahubwo ari uko bakoze injyana zimwe, injyana itari imenyerewe injyana itandukanye na Jazz, Zouk n’izindi.

-6973.jpg

Meddy kandi yasoje avuga ko n’ubwo bitaranozwa neza mu minsi iri imbere ashobora kuzatangaza itariki nyayo azagarukira mu Rwanda, nubwo aterura neza asobanura ko hari ibiganiro akirimo n’abantu bari gutegura ibikorwa azazamo mu Rwanda.

2017-06-15
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Umunsi w’abakundana ‘Valentine’s Day’ wijihijwe gitore

Umunsi w’abakundana ‘Valentine’s Day’ wijihijwe gitore

Ubwanditsi 14 Feb 2017
Migambi Nyawe uri kubarizwa muri Ukraine yatanze ihumure ku ntama  za Yesu Kristo.

Migambi Nyawe uri kubarizwa muri Ukraine yatanze ihumure ku ntama za Yesu Kristo.

Ubwanditsi 26 May 2021
Gukora umuziki, kuwutunganya ndetse no ku wigisha ntacyo bizica ku iterambere rya Igor Mabano bitewe nuko abifatanya kandi bikagenda neza

Gukora umuziki, kuwutunganya ndetse no ku wigisha ntacyo bizica ku iterambere rya Igor Mabano bitewe nuko abifatanya kandi bikagenda neza

Ubwanditsi 14 Mar 2021
Stromae yagiriwe icyizere cyo kwerekana Film mu Bufaransa

Stromae yagiriwe icyizere cyo kwerekana Film mu Bufaransa

Ubwanditsi 08 Mar 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Uko RNC yaje guhuhuka, abayoboke bagatatana n’uko Rutabana yaje kwicwa aciwe umutwe
INKURU NYAMUKURU

Uko RNC yaje guhuhuka, abayoboke bagatatana n’uko Rutabana yaje kwicwa aciwe umutwe

Ubwanditsi 18 Dec 2019
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya magendu ryagaruje imisoro y’arenga miliyari
Mu Rwanda

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya magendu ryagaruje imisoro y’arenga miliyari

Ubwanditsi 25 Sep 2017
Abahagarariye amakipe 26, bahuguwe na FERWAFA kuri ‘CAF Club Licencing’ ikoresha ikoranabuhanga
Amakuru

Abahagarariye amakipe 26, bahuguwe na FERWAFA kuri ‘CAF Club Licencing’ ikoresha ikoranabuhanga

Ubwanditsi 13 Mar 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru