• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana   |   01 Aug 2026

  • APR FC, Rayon Sports, Police FC na Kiyovu SC zizakina FERWAFA Super Cup 2026 yari isanzwe ikinwa n’amakipe abiri   |   01 Aug 2026

  • Rutahizamu Byiringiro Lague agiye kwerekeza muri Afurika y’Epfo aho yitegura gutangira akazi mu ikipe ya Durban City FC   |   31 Jul 2026

  • Senateri Mukabalisa Donatille yitabye Imana azize Uburwayi   |   30 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’u Rwanda batrengeje imyaka 18 begukanye igikombe cya Zone V   |   29 Jul 2026

  • Bwa mbere mu mateka u Rwanda rwabonye umudali mu Mikino ya Commonwealth   |   29 Jul 2026

 
You are at :Home»SHOWBIZ»Meddy yasobanuye byinshi ku ndirimbo “Ntawamusimbura” bamushinja gushishura ndetse anagira n’icyo avuga ku kuza i Kigali

Meddy yasobanuye byinshi ku ndirimbo “Ntawamusimbura” bamushinja gushishura ndetse anagira n’icyo avuga ku kuza i Kigali

Ubwanditsi 15 Jun 2017 SHOWBIZ

Mu ndirimbo zose Meddy yakoze iyitwa Ntawamusimbura niyo yavuzweho cyane kuba yariganywe ndetse bamwe mu bayivuzeho bakayisanisha n’indirimbo nyinshi zitandukanye Meddy yaba yarayishishuyeho, mu kiganiro n’itangazamakuru Meddy yongeye kwibutsa abantu inkomoka y’iyi Ndirimbo.

Ubwo yabazwaga niba kuba Ntawamusimbura itarahise igera kure cyane ugereranyije n’izidni ndirimbo yakoze, niba nanone bifitanye isano n’uburyo abantu bayivuze, umuhanzi Meddy yahisemo kongera gusobanurira mu buryo burambuye uburyo iyi ndirimbo yakozwemo anavuga ko aho ntawamusimbura yageze ari kure cyane ahubwo kurusha n’izindi ndirimbo yakoze.

Meddy yagize ati’’ Ubwo nari maze kandika amagambo y’indirimbo ntawamusimbura, nahisemo kuyishyira mu njyana za kera kuko amagambo y’iyi ndirimbo ni amagambo akuze, nahisemo injyana yitwa Blues ni injyana yakozwe kuva kera yatangiriye muri Amerika, niyo njyana nahisemo muri Ntawamusimbura’’.

Yakomeje avuga ko injyana ya Blues ifite uburyo igenda kimwe ku bantu bayikora bose ndetse n’abayikoze bose, ifite ukwigenda kwihariye, Papa wanjye niwe wankundishije iyi njyana yarayicurangaga kera nanjye rero nari narahigiye kuzayiko.
Meddy kandi avuga mu ndirimbo zibisope naho habamo Blues cyane, urugero nko mu ndirimbo za ba Canco Hamisi nawe yaririmbaga muri iyi njyana.

Blues ni injyana yakera y’abantu bakoze umuziki kera, kuruhande rwa Meddy kuba yarakoze Blues ngo yabikoze mu rwego rwo kubahisha injyana ya Blues.

Mu ndirimbo zitiranywaga n’indirimbo ya Meddy harimo Woman Loves ya Robert Kelly, Earned it ya The weekend n’izindi, izi zose Rero meddy avuga ko impamvu bazitiranyije n’indirimbo ye Ntawamusimbura ari uko ziri mu njyana imwe ya Blues.
Meddy yasoje avuga ko abavuga ko yiganye injyana z’abandi ari ukubeshya ko ntahantu nahamwe bihuriye ahubwo ari uko bakoze injyana zimwe, injyana itari imenyerewe injyana itandukanye na Jazz, Zouk n’izindi.

-6973.jpg

Meddy kandi yasoje avuga ko n’ubwo bitaranozwa neza mu minsi iri imbere ashobora kuzatangaza itariki nyayo azagarukira mu Rwanda, nubwo aterura neza asobanura ko hari ibiganiro akirimo n’abantu bari gutegura ibikorwa azazamo mu Rwanda.

2017-06-15
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Umunyabigwi w’Umufaransa Yannick Noah yageze mu Rwanda aho aje kwitabira irushanwa rya ATP Challenger 50 Tour

Umunyabigwi w’Umufaransa Yannick Noah yageze mu Rwanda aho aje kwitabira irushanwa rya ATP Challenger 50 Tour

Ubwanditsi 29 Feb 2024
Safi avuga ko Humble na Nizzo ari bo bashatse gusezera muri Urban Boyz mbere ye

Safi avuga ko Humble na Nizzo ari bo bashatse gusezera muri Urban Boyz mbere ye

Ubwanditsi 29 Nov 2017
Hugh Masekela:Umwami w’injyana ya Jazz muri South Africa yitabye Imana

Hugh Masekela:Umwami w’injyana ya Jazz muri South Africa yitabye Imana

Ubwanditsi 24 Jan 2018
Rick Hilton arasaba imbabazi Judith n’umuryango we nyuma yo kumwandagaza mu ruhame no gushyira hanze ubwambure bwe

Rick Hilton arasaba imbabazi Judith n’umuryango we nyuma yo kumwandagaza mu ruhame no gushyira hanze ubwambure bwe

Ubwanditsi 18 Oct 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Knowless abafana bamwijunditse bana mwigisha kuvuga uziga  kubera kwishongora (ikimenyetso)
IMIKINO

Knowless abafana bamwijunditse bana mwigisha kuvuga uziga kubera kwishongora (ikimenyetso)

Ubwanditsi 01 Jul 2016
Kigali: Ubushinjacyaha bwateye utwatsi ubusabe bwa Diane Rwigara na nyina
ITOHOZA

Kigali: Ubushinjacyaha bwateye utwatsi ubusabe bwa Diane Rwigara na nyina

Ubwanditsi 02 Oct 2018
Mauritania: Perezida Kagame N’abandi Bayobozi Bafunguye Umuhanda Witiriwe Nelson Mandela
INKURU NYAMUKURU

Mauritania: Perezida Kagame N’abandi Bayobozi Bafunguye Umuhanda Witiriwe Nelson Mandela

Ubwanditsi 02 Jul 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru