• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • FDLR n’Indi Mitwe ishyigikiwe na Kongo bakomeje Kwica no kumenesha Abakongomani mu mirwano yongeye kubura   |   04 Dec 2025

  • Mukunzi Yannick yasezeye ku ikipe ya Sandvikens IF you muri Sweden yari amaze imyaka itandatu ayikinira   |   03 Dec 2025

  • AMAFOTO: Twagirayezu Thadée wayoboraga Rayon Sports yakoze ihererekanyabubasha na Murenzi Abdallah   |   02 Dec 2025

  • Dr. Usta Kayitesi yasimbuye Gen (Rtd) Kabarebe muri Minaffet, Imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri   |   01 Dec 2025

  • Abakinnyi 80 baturutse mu bihugu 16 byo hirya no hino ku Isi nibo bitabira isiganwa ry’Amagare yo mu rizwi nka Rwandan Epic   |   30 Nov 2025

  • APR FC yakiriye abakinnyi bayo 3 batari bahari barimo Mamadou Sy wari i Doha   |   28 Nov 2025

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Leta yubitse imbehe z’abatujuje ibyangombwa

Leta yubitse imbehe z’abatujuje ibyangombwa

Editorial 02 Mar 2018 Mu Rwanda

Kimwe mu byatangaje Papa umukuru wa Kiliziya Gatolika muri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 kandi yaravuye mu Rwanda nuko yari yabwiwe ko hari abagatolika benshi baruta ababa i Roma.

Ikindi giteza urujijo abanyarwanda cyane cyane abakiri bato n’amazina y’abanyarwanda agenura iby’Imana akaba ari nabyo bituma benshi batagishaka kuyitwa kuko izina atariryo muntu.

Ayo mazina ninka: Bizimana, Nsengimana, Uwimana, Nsabimana, Niyonsenga, Nzayisenga n’ayandi nka Bizimungu…

Iyo usesenguye ugasasanura neza usanga harimo icyo umuntu yakwita ikinamico, gushakisha kubeshya cyangwa kwishakira indonke n’amaramuko hakoreshejwe izina ry’Imana.

Ibi kandi sibishya kuko na cyera Imandwa, kubandwa, gucuragura, kuraguza byaritabirwaga cyane kandi mubyukuri ntacyo byatangaga ahubwo hari nababivanagamo ubusazi no guta umutwe.

Mugihe umwana w’Umutambyi ariwe mwanditsi w’iyi nkuru yari ashinzwe protocole y’u Rwanda mu 1995, amadini yari mu Rwanda ntiyageraga no ku icumi. Mugihe cyitarenze imyaka 20, amadini n’insengero bimaze kugera kubihumbi bibiri (2,000). Ibyo se niki bagenzi?

Umunyarwanda ati mwitende? Undi ati Ngirente? Nanjye musubize nti kora nka Leta y’u Rwanda uko yabigenje.

Reba abasengera mu mahema, mu ndaki, mu myobo no guhindura amazu y’abandi ingirwansengero no kudakurikiza amategeko y’iyobokamana kuko ntawakwizera cyangwa ngo asobanure neza ikigamijwe.

Nawe se hari Insengero, Imisigiti yubatswe neza isobanutse iri ahagaragara, Insengero z’Icyongereza, Igifaransa, Igiswahili n’Ikinyarwanda zigaragara zifite aba Pasitoro b’imfura, babyigiye hari abapadiri n’abashehe uti shwi da! Reka njye kwishakira imbehe, mbone amaturo n’amaramuko ahantu hadafututse!

Niba ari umushinga nabyo simbyanze cyane ariko abantu bige gukorera mu mucyo no kugendera ku mategeko y’igihugu twirinde akajagari ariko bafunga. Naho abasenga basengere heza kandi bamenye ko Uwiteka we ntakinishwa kandi abavuga ngo”Mana! Mana! Mana!!” sibo yumva kurusha abandi kuko Uwiteka, Rurema cyangwa Nyagasani ntarya ahubwo atanga umugati kubamushakisha bicisha bugufi kandi mu kuri.

Prof Pacifique MALONGA.

Umwanditsi n’umunyamakuru wigenga.

2018-03-02
Editorial

IZINDI NKURU

Nzamwita muri FERWAFA aravuna umuheha akongezwa undi, ese koko ahagarikiwe n’ingwe?

Nzamwita muri FERWAFA aravuna umuheha akongezwa undi, ese koko ahagarikiwe n’ingwe?

Editorial 29 Mar 2017
Imodoka zisaga 1,000 zakorewe isuzuma ry’ubuziranenge mu Ntara y’Amajyaruguru

Imodoka zisaga 1,000 zakorewe isuzuma ry’ubuziranenge mu Ntara y’Amajyaruguru

Editorial 08 May 2018
Dore impamvu Ingabire Victoire ari we muyobozi mukuru w’ikirenga wa FDU Inkingi

Dore impamvu Ingabire Victoire ari we muyobozi mukuru w’ikirenga wa FDU Inkingi

Editorial 29 Jul 2021
Nyamagabe: Bane bafunzwe bakekwaho kwihanira ukekwaho ubujura bikamuviramo urupfu

Nyamagabe: Bane bafunzwe bakekwaho kwihanira ukekwaho ubujura bikamuviramo urupfu

Editorial 08 Mar 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

MTN yatangije poromosiyo ’Izihirwe’ mu gushimira abakiliya yizihiza isabukuru y’imyaka 20
IKORANABUHANGA

MTN yatangije poromosiyo ’Izihirwe’ mu gushimira abakiliya yizihiza isabukuru y’imyaka 20

Editorial 19 Sep 2018
U Burundi bwikomye Leta y’u Rwanda kubera urupfu rwa Perezida Ntaryamira Cyprien
INKURU NYAMUKURU

U Burundi bwikomye Leta y’u Rwanda kubera urupfu rwa Perezida Ntaryamira Cyprien

Editorial 06 Apr 2018
Twagirayezu ukekwaho Jenoside yagejejwe mu Rwanda yoherejwe na Danemark
ITOHOZA

Twagirayezu ukekwaho Jenoside yagejejwe mu Rwanda yoherejwe na Danemark

Editorial 12 Dec 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru