• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • FDLR n’Indi Mitwe ishyigikiwe na Kongo bakomeje Kwica no kumenesha Abakongomani mu mirwano yongeye kubura   |   04 Dec 2025

  • Mukunzi Yannick yasezeye ku ikipe ya Sandvikens IF you muri Sweden yari amaze imyaka itandatu ayikinira   |   03 Dec 2025

  • AMAFOTO: Twagirayezu Thadée wayoboraga Rayon Sports yakoze ihererekanyabubasha na Murenzi Abdallah   |   02 Dec 2025

  • Dr. Usta Kayitesi yasimbuye Gen (Rtd) Kabarebe muri Minaffet, Imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri   |   01 Dec 2025

  • Abakinnyi 80 baturutse mu bihugu 16 byo hirya no hino ku Isi nibo bitabira isiganwa ry’Amagare yo mu rizwi nka Rwandan Epic   |   30 Nov 2025

  • APR FC yakiriye abakinnyi bayo 3 batari bahari barimo Mamadou Sy wari i Doha   |   28 Nov 2025

 
You are at :Home»IMIKINO»Abahanzi nyarwanda batangiye gushaka amajwi muri Guma Guma

Abahanzi nyarwanda batangiye gushaka amajwi muri Guma Guma

Editorial 21 Feb 2016 IMIKINO

Benshi mubahanzi nyarwanda bari gukora cyane ngo babashe kwinjira mu marushanwa ya PGGSS isigaje igihe kitageze ku kwezi ngo ibe.

-2208.jpg
Aha hari tsinda rya TBB

Irushanwa rya Guma Guma ni riwme murituma abahanzi nyarwanda bakora cyane. Ibi bikaba binagaragazwa n’indirimbo zirimo gusohoka ubutitsa z’abahanzi nyarwanda, ingufu barimo gushyiramo mu kuzamamaza ndetse no kwiyegereza abafana babo.

Ibi biragaragarira mu buryo aba bahanzi barimo gushyira hanze indirimbo mu buryo busa n’ubukurikirana, aho uwavuga ko basa n’abari kurushanwa ataba abeshye.

-2209.jpg
Hano hari umuhanzi Mutara Gaby nawe uri gushaka kujyamo

Ibi kandi bikunze kugaragara mu mpera z’umwaka aho uba ubona buri muhanzi wese ashaka gushyira hanze alubumu, dore ko ari kimwe mubintu bireberwaho iyo hagiye kuba amatora y’abahanzi bitabira iri rushanwa.

-2210.jpg

Hari Bruce MELODY

Bimwe mubigenderwaho batora abahanzi bitabira irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star harimo kuba umuhanzi yarakoze cyane, kuba afite ibihangano byakunzwe cyane kurusha iby’abandi.

-2212.jpg

Charly na Nina nabo bakunzwe muri kigihe kubera indirimbo indoro

Iyo urebye abahanzi benshi muri iyi minsi, bari gushyira imbaraga mu kumenyekanisha ibihangano byabo cyane, kugira ngo igihe cyo gutora kizagere bari mu mitwe y’abantu.

-2213.jpg

Nundi mukobwa umenyerewe Oda Paccy

Hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga, urasanga abahanzi nyarwanda banyuranye bari kurushaho gushyira ingufu mu kwegera abafana babo, bitandukanye n’uburyo bari basanzwe babiyegereza.

-2214.jpg

hari Christopher

Mu biganiro ku maradiyo anyuranye, bararushaho kwitabira ibiganiro nyamara iyo nta rushanwa ryegereje uba usanga babigenzamo biguru ntege aho rimwe na rimwe banatumirwa ntibitabire ibiganiro.

-2215.jpg

Active

Babikora mu buryo uwariwe wese atapfa kumenya ko barimo gushaka amajwi nyamara iyo uguhitamo abahanzi baryitabira birangiye za ngufu bakoreshaga mu gihe Guma Guma yari yegereje ukazibura.

-2216.jpg

Hari umugabo ugira udushya SENDERI

Ntawabura gushyima imbaraga abahanzi nyarwanda bari gukoresha mu gushaka amajwi yabinjiza muri PGGSS ariko umuntu akaba yakibaza impamvu izi mbaraga bazikoresha gusa iyo amarushanwa yegereje.

Ni byizako bahatanira kuryinjiramo dore ko ribafasha kugera kuri byinshi, ariko bari bakwiriye kurenza amaso irr rushanwa rya PGGSS, bagaharanira no kugera ku rwego mpuzamahanga.

M.Fils

2016-02-21
Editorial

IZINDI NKURU

Icyinyoma cya Rwemalika Felecitee na Nzamwita Degoule  nicyo cyizambya umupira w’abagore

Icyinyoma cya Rwemalika Felecitee na Nzamwita Degoule nicyo cyizambya umupira w’abagore

Editorial 18 Aug 2016
Ikipe y’igihugu ya Senegal na Côte d’Ivoire zageze muri 1/2 cya Afrobasket ikomeje kubera mu Rwanda

Ikipe y’igihugu ya Senegal na Côte d’Ivoire zageze muri 1/2 cya Afrobasket ikomeje kubera mu Rwanda

Editorial 02 Sep 2021
Mukansanga Salima Rhadia yahawe igihembo cya “FORBES Women Africa Sports Awards 2023” mu birori byabereye muri Afurika y’Epfo

Mukansanga Salima Rhadia yahawe igihembo cya “FORBES Women Africa Sports Awards 2023” mu birori byabereye muri Afurika y’Epfo

Editorial 09 Mar 2023
Umutoza w’amavubi Carlos Alos Feller yakurikiye umukino w’igikombe cy’Amahoro Etincelles yaboneyeho itike yo kugera muri 1/8

Umutoza w’amavubi Carlos Alos Feller yakurikiye umukino w’igikombe cy’Amahoro Etincelles yaboneyeho itike yo kugera muri 1/8

Editorial 31 Mar 2022

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

FA Cup: Chelsea yasezereye Leicester City biyigoye
IMIKINO

FA Cup: Chelsea yasezereye Leicester City biyigoye

Editorial 19 Mar 2018
Abagabo babiri bo muri Uganda bashinjwa kubangamira umudendezo w’ u Rwanda
Mu Mahanga

Abagabo babiri bo muri Uganda bashinjwa kubangamira umudendezo w’ u Rwanda

Editorial 02 Oct 2017
Mwenedata Gilbert washakaga kuyobora u Rwanda yahunze ubutabera
INKURU NYAMUKURU

Mwenedata Gilbert washakaga kuyobora u Rwanda yahunze ubutabera

Editorial 13 Nov 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru