• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Jambo ASBL yongeye kwerekana ko ari umuvugizi wa FDLR, ntiyifuza ko uyu mutwe wamburwa intwaro ku ngufu   |   07 Aug 2026

  • FERWAFA yahagaritse Imurora Japhet imyaka itanu mu bikorwa byose bya ruhago   |   07 Aug 2026

  • Mukura VS yakiriye umutoza mushya ukomoka muri Serbia   |   06 Aug 2026

  • Abadepite basabye ko inzego zirindwi zakoresheje amafaranga mu buryo budasobanutse zikurikiranwa   |   05 Aug 2026

  • Nyuma y’imyaka 28 Rayon Sports isubiye ku mukino wa nyuma wa CECAFA Kagame Cup   |   05 Aug 2026

  • Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe   |   05 Aug 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Abahanzi nyarwanda batangiye gushaka amajwi muri Guma Guma

Abahanzi nyarwanda batangiye gushaka amajwi muri Guma Guma

Ubwanditsi 21 Feb 2016 IMIKINO

Benshi mubahanzi nyarwanda bari gukora cyane ngo babashe kwinjira mu marushanwa ya PGGSS isigaje igihe kitageze ku kwezi ngo ibe.

-2208.jpg
Aha hari tsinda rya TBB

Irushanwa rya Guma Guma ni riwme murituma abahanzi nyarwanda bakora cyane. Ibi bikaba binagaragazwa n’indirimbo zirimo gusohoka ubutitsa z’abahanzi nyarwanda, ingufu barimo gushyiramo mu kuzamamaza ndetse no kwiyegereza abafana babo.

Ibi biragaragarira mu buryo aba bahanzi barimo gushyira hanze indirimbo mu buryo busa n’ubukurikirana, aho uwavuga ko basa n’abari kurushanwa ataba abeshye.

-2209.jpg
Hano hari umuhanzi Mutara Gaby nawe uri gushaka kujyamo

Ibi kandi bikunze kugaragara mu mpera z’umwaka aho uba ubona buri muhanzi wese ashaka gushyira hanze alubumu, dore ko ari kimwe mubintu bireberwaho iyo hagiye kuba amatora y’abahanzi bitabira iri rushanwa.

-2210.jpg

Hari Bruce MELODY

Bimwe mubigenderwaho batora abahanzi bitabira irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star harimo kuba umuhanzi yarakoze cyane, kuba afite ibihangano byakunzwe cyane kurusha iby’abandi.

-2212.jpg

Charly na Nina nabo bakunzwe muri kigihe kubera indirimbo indoro

Iyo urebye abahanzi benshi muri iyi minsi, bari gushyira imbaraga mu kumenyekanisha ibihangano byabo cyane, kugira ngo igihe cyo gutora kizagere bari mu mitwe y’abantu.

-2213.jpg

Nundi mukobwa umenyerewe Oda Paccy

Hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga, urasanga abahanzi nyarwanda banyuranye bari kurushaho gushyira ingufu mu kwegera abafana babo, bitandukanye n’uburyo bari basanzwe babiyegereza.

-2214.jpg

hari Christopher

Mu biganiro ku maradiyo anyuranye, bararushaho kwitabira ibiganiro nyamara iyo nta rushanwa ryegereje uba usanga babigenzamo biguru ntege aho rimwe na rimwe banatumirwa ntibitabire ibiganiro.

-2215.jpg

Active

Babikora mu buryo uwariwe wese atapfa kumenya ko barimo gushaka amajwi nyamara iyo uguhitamo abahanzi baryitabira birangiye za ngufu bakoreshaga mu gihe Guma Guma yari yegereje ukazibura.

-2216.jpg

Hari umugabo ugira udushya SENDERI

Ntawabura gushyima imbaraga abahanzi nyarwanda bari gukoresha mu gushaka amajwi yabinjiza muri PGGSS ariko umuntu akaba yakibaza impamvu izi mbaraga bazikoresha gusa iyo amarushanwa yegereje.

Ni byizako bahatanira kuryinjiramo dore ko ribafasha kugera kuri byinshi, ariko bari bakwiriye kurenza amaso irr rushanwa rya PGGSS, bagaharanira no kugera ku rwego mpuzamahanga.

M.Fils

2016-02-21
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Abayobozi , abakinnyi ndetse n’abafana b’ikipe ya Kiyovu Sports basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ku Gisozi.

Abayobozi , abakinnyi ndetse n’abafana b’ikipe ya Kiyovu Sports basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ku Gisozi.

Ubwanditsi 13 Apr 2021
Igikombe kirajya mu bindi twibitseho, ubutumwa bwa Gen. MK Mubarakh yageneye abafana ba APR FC yitegura gukina CECAFA Kagame Cup 2026

Igikombe kirajya mu bindi twibitseho, ubutumwa bwa Gen. MK Mubarakh yageneye abafana ba APR FC yitegura gukina CECAFA Kagame Cup 2026

RUSHYASHYA 22 Jul 2026
Dore ibintu 3 byari byihishe inyuma y’urugendo rwa Safi Madiba i Dubai “INKURU IRAMBUYE”

Dore ibintu 3 byari byihishe inyuma y’urugendo rwa Safi Madiba i Dubai “INKURU IRAMBUYE”

Ubwanditsi 07 Nov 2016
Rwamagana City yasimbuwe na AS Muhanga gukina imikino ya 1/2 cy’ikiciro cya kabiri 2021-2022 kubera gukinisha umukinnyi utabyemerewe

Rwamagana City yasimbuwe na AS Muhanga gukina imikino ya 1/2 cy’ikiciro cya kabiri 2021-2022 kubera gukinisha umukinnyi utabyemerewe

Ubwanditsi 14 Jun 2022

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Jay Polly yakatiwe igifungo cy’amezi atanu
Mu Rwanda

Jay Polly yakatiwe igifungo cy’amezi atanu

Ubwanditsi 24 Aug 2018
Natnael Tesfatsion yegukanye Tour du Rwanda 2020
IMIKINO

Natnael Tesfatsion yegukanye Tour du Rwanda 2020

Ubwanditsi 01 Mar 2020
Mozambique: Mu myaka 4 ingabo z’u Rwanda zimaze muri Cabo Delgado zaranzwe n’ubumuntu, ubwitange n’ubuhanga
Amakuru

Mozambique: Mu myaka 4 ingabo z’u Rwanda zimaze muri Cabo Delgado zaranzwe n’ubumuntu, ubwitange n’ubuhanga

Ubwanditsi 04 Aug 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru