• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Inganda z’inzoga zitujuje ubuziranenge nk’Ibyuma zarimo ibibazo byinshi bigira ingaruka ku buzima bw’abaturage   |   09 Aug 2026

  • AMAFOTO: Amateka aranditswe, bisabye imyaka 28 ngo Rayon Sports itware CECAFA Kagame Cup ya kabiri mu mateka yayo   |   07 Aug 2026

  • Jambo ASBL yongeye kwerekana ko ari umuvugizi wa FDLR, ntiyifuza ko uyu mutwe wamburwa intwaro ku ngufu   |   07 Aug 2026

  • FERWAFA yahagaritse Imurora Japhet imyaka itanu mu bikorwa byose bya ruhago   |   07 Aug 2026

  • Mukura VS yakiriye umutoza mushya ukomoka muri Serbia   |   06 Aug 2026

  • Abadepite basabye ko inzego zirindwi zakoresheje amafaranga mu buryo budasobanutse zikurikiranwa   |   05 Aug 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Nyuma y’imyaka 28 Rayon Sports isubiye ku mukino wa nyuma wa CECAFA Kagame Cup

Nyuma y’imyaka 28 Rayon Sports isubiye ku mukino wa nyuma wa CECAFA Kagame Cup

RUSHYASHYA 05 Aug 2026 Amakuru, IMIKINO, Mu Mahanga, Mu Rwanda

Kuri uyu wa Kabiri, ikipe ya Rayon Sports yageze ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2026 yaherukagaho mu 1998 itwara igikombe, nyuma yo gusezerera Jamus SC yo muri Sudani y’Epfo muri 1/2 iyitsinze ibitego 3-1.

Ni amateka Rayon Sports yasubiyemo nyuma yo gusezerera Jamus SC yo muri Sudani y’Epfo iyitsindiye ibitego 3-1 kuri Kigali Pele Stadium mu mukino wa 1/2. Ibi bitego byaranze uyu mukino wari uryoheye ijisho byatsinzwe na Muderi Akbar ku munota wa 17.

Ibrahim Djingarey yatsinze icya kabiri ku munota wa 59, Jamus SC yishyuramo kimwe ku munota wa 59 mu gihe Tambwe Gloire yatsinze igitego cya gatatu ku munota wa 90 w’uyu mukino wongereweho iminota itandatu nayo yarangiye Rayon Sports itsinze umukino n’ibitego 3-1.

Rayon Sportsyaherukaga gukina umukinowanyuma wa CECAFA KagameCup mu 1998 ubwo yatsindaga Mlandege yo muri Zanzibar ibitego 2-1 ubwo iri ruhanwa ryari ryanabereye muri iki gihugu.

Abafana ba Rayon Sports benshi bari biganje muri Kigali Pele Stadium yari yuzuye mu bice byose batahanye ibyishimo by’ikipe yabonye igeze ku mukino wa nyuma idatsinzwe na rimwe kuko batsinze imikino itatu yose.

Uyu mukino wakinwe Saa Moya z’ijoro aho wari ukurikiye uwari watangiye Saa Cyenda z’igicamunsi, ikipe ya Gor Mahia FC yakinnye na Al Hilal SC. Ikipe ya Gor Mahia FC niyo yafunguye amazamu ku munota wa 37 ku gitego cyitsinzwe na myugariro wa Al Hilal SC Steven Ebuela cyishyurwa ariko n’Umunya-Gambia Samura ku munota wa 45 igice cya mbere kirangira ari 1-1.

Amakipe yombi yakinnye igice cya kabiri ashakisha igitego cy’intsinzi ariko imimota 90 isanzwe irangira bikiri igitego 1-1 maze nkuko amategeko abiteganya hongerwaho iminota 30 nayo yarangiye amakipe ananiranwe hakitabazwa penaliti. Izi penaliti zatewe bagera muri penaliti icumi ikipe ya Gor Mahia FC itsindamo umunani, Al Hilal SC itsinze zirindwi(8-7) itsinda umukino igera ku mukino wa nyuma.

Kuri uyu mukino wa nyuma, ikipe ya Gor Mahia FC izahahurira na Rayon Sports kuri uyu wa Gatanu, Saa Kumi n’Ebyiri z’umugoroba kuri Stade Amahoro mu gihe Al Hilal SC na Jamus FC bazakinira umwanya wa gatatu.

ImageImageImageImageImageImageImage

2026-08-05
RUSHYASHYA

IZINDI NKURU

Ibisa birasabirana:Urupfu rw’umugome Tewonesiti Bagosora rwatamaje n’ababeshyaga ko bababajwe na Jenoside yakorewe Abatutsi

Ibisa birasabirana:Urupfu rw’umugome Tewonesiti Bagosora rwatamaje n’ababeshyaga ko bababajwe na Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubwanditsi 26 Sep 2021
Amavubi y’abagore ntakitabiriye amajonjora yo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika

Amavubi y’abagore ntakitabiriye amajonjora yo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika

Ubwanditsi 13 Oct 2021
Ali Kiba yahigitse Diamond mu bahanzi bo muri Tanzania bitwaye neza muri 2015

Ali Kiba yahigitse Diamond mu bahanzi bo muri Tanzania bitwaye neza muri 2015

Ubwanditsi 07 Jan 2016
Thomas Nahimana aravuga intambara ngo yibonere amaronko kuko azi neza icyo yabyariye Rusesabagina

Thomas Nahimana aravuga intambara ngo yibonere amaronko kuko azi neza icyo yabyariye Rusesabagina

Ubwanditsi 04 Nov 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Minisiteri y’Uburezi yahagaritse amashami atatu ya Kaminuza ya Gitwe, abanyeshuri basabwa gutaha
Amakuru

Minisiteri y’Uburezi yahagaritse amashami atatu ya Kaminuza ya Gitwe, abanyeshuri basabwa gutaha

Ubwanditsi 18 Mar 2017
“Uzitura impene yamara kurenga imbibe ugahebeba nka yo”-Umugani w’ikirundi
Amakuru

“Uzitura impene yamara kurenga imbibe ugahebeba nka yo”-Umugani w’ikirundi

Ubwanditsi 04 Feb 2025
Volleybal : Urukiko rwafunguye abayobozi batawe muri yombi bakekwaho ruswa
Mu Rwanda

Volleybal : Urukiko rwafunguye abayobozi batawe muri yombi bakekwaho ruswa

Ubwanditsi 02 Mar 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru