Kuva ku wa 19 kugera ku wa 20 Ukuboza 2019, i Kigali muri Convention Centre, hateraniye Inama y’Igihugu y’Umushyikirano ya 17, yayobowe na Perezida wa ...
Soma »
Mutangana Jean Bosco wari Umushinjacyaha Mukuru wa Repubulika y’u Rwanda kuva kuwa 9 Ukuboza 2016, ntakiri kuri uwo mwanya, akaba yasimbuwe na Havugiyaremye Aimable wari ...
Soma »
Umuyobozi w’Akarere ka Nyagatare, Mushabe David Claudien ari kumwe n’Umuyobozi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba, ACP Hatari Emmanuel bashyikirije abayobozi ba Uganda imirambo y’abaturage babiri ...
Soma »
Kuri uyu wa Kane tariki 31 Ukwakira 2019 ubwo hamurikwaga icyegeranyo ku nshuro ya Gatandatu, mu bipimo umunani byakozweho ubushakashatsi inkingi y’umutekano n’ituze rusange ry’abaturage ...
Soma »
Bamwe mu bana b’impfubyi za jenoside yakorewe Abatutsi, bavukijwe uburenganzira ku mitungo yasizwe n’ababyeyi babo yigabijwe, cyangwa yarigishijwe ku kagambane ka bamwe mu bavandimwe, ndetse ...
Soma »
Polisi y’Igihugu yatangaje ko mu byumweru umunani bishize abantu 652 bamaze gufatwa batwaye imodoka banyoye ibisindisha, ibi bikaba byaragize akamaro mu kugabanya impanuka zo mu ...
Soma »
Sena ya kabiri y’u Rwanda kuri uyu wa 10 Ukwakira yasoje imirimo yayo, kandi umwe mu basenateri 20 bujuje manda yabo baratangiye kuwa 10 Ukwakira ...
Soma »
Brig. Gen. Vincent Gatama, Komanda wa division ya kabiri y’Ingabo z’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Amajyaruguru, yijeje ko nta muterabwoba ukiri ku butaka bw’u Rwanda ...
Soma »
Ibiro bikuru by’u Rwanda bishinzwe Abinjira n’abasohoka (DGIE) ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere byasubije iwabo Umunyamerika, Gregg Schoof Brian, wari Umuyobozi wa Radio ...
Soma »