Kuri ubu inkuru iri kuvugwa mu bigarasha ni uko Paulo Rusesabagina wakoze ibikorwa by’iterabwoba ku Rwanda agatsindwa ku manwa y’ihangu ubu yaba yihaye akazi ko ...
Soma »
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwatangaje ko iyi kipe izakoresha ingengo y’imari ya miliyari 2 Frw mu mwaka w’imikino wa 2025/26. Ibi byagarutsweho n’Umunyamabanga Mukuru ...
Soma »
Umuryango wa Habyarimana n’Akazu kabo waranzwe no kumena amaraso y’Abatutsi kuva mu myaka ya za 90 kugeza mu 1994 ubwo Jenoside yakorewe Abatutsi yagezaga igihugu ...
Soma »
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, ari kumwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo, Rwego Ngarambe, bitabiriye ibirori byo gufungura ku mugaragaro Igikombe cya Afurika ...
Soma »
Mu mukino wa gicuti wabereye kuri Kigali Pele Stadium, Rayon Sports yatsinze Vipers SC yo muri Uganda ibitego 4–1. Muri uyu mukino waranzwe no kwitabirwa, ...
Soma »
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki 30 Kanama 2025 nibwo Ngoga Shema Fabrice yatrorewe kuyobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) mu gihe cy’Imyaka ine iri ...
Soma »
Mu ntangiriro z’ukwezi kwa Nzeri 2025, umujyi wa Kigali, urakira abakinnyi bakiri bato bazaturuka mu bihugu bitandukanye ku mugabane wa Afurika, aho baza baje gukina ...
Soma »
Bumwe mu buryo bukoreshwa mu gukorera ihohoterwa uwarokotse jenoside yakorewe abatutsi ni ababeshya ko bayirokotse ari amayeri yo kuyobya uburari ku rwango bakwiza. Muribo harimo ...
Soma »