• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Mahanga»Ferwafa yanze guhemba abakinnyi,abatoza,abafana,babaye indashyikirwa mu mwaka w’imikino 2015-2016

Ferwafa yanze guhemba abakinnyi,abatoza,abafana,babaye indashyikirwa mu mwaka w’imikino 2015-2016

Editorial 08 Aug 2016 Mu Mahanga

Ni nyuma yaho ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ‘Ferwafa’rifatanyije nu muterankunga wa ryo Azam bahisemo guhemba abahize abandi mu mwaka w’imikino wa 2015-2016,buri umwe akemererwa amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 500 ku bakinnyi n’abatoza ndetse n’ibihumbi 100 kuri buri mufana,bakabwirwa ko bazayahabwa mugihe kitarenze icyumweru gusa kuri ubu haciyeho ibyumweru 2 aya mafaranga batarayahabwa.

Bamwe mubakinnyi batashatseko amazina yabo atangazwa muri iyi nkuru badutangarijeko batarahabwa ibi bihembo ndetse ko niyo babajije kuri Azam bababwira ko bo uruhare rwabo barukoze ahasigaye ari aha ferwafa,uyu yagize ati’’twarabajije (Azam)batubwira ko uruhare rwabo barukoze ahasigaye ari aha ferwafa’’.

Kuruhande rw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ‘’ferwafa’’twagerageje kubavugisha kuri iki kibazo gusa ntibyadukundira kuko umunyamabanga wa gateganyo twamuhamagaye nimero ya telephone ye igendanwa igasona ariko ntayitabe,naho umuyobozi wiri shyirahamwe we kuri ubu ari mu gihugu cya Brezil mu mikino Olympic.

Nubwo nta masezerano yanditse ahari agaragaza ko mu gihe aba batsindiye ibi bihembo batabibonye bagira aho batanga ikirego cyabo,gusa nk’uko bimenyerewe iyo umuntu yemerewe igihembo runaka ntagihabwe afite uburenganzira bwo kujyana munkiko ishyirahawe cyangwa umuryango wamwemereye cya gihembo.

Dore abo ferwafa ibereyemo umwenda w’igihembo.

Umutoza utanga ikizere(Revelation Coach):Masud Djuma (Rayon Sports)
*Umutoza w’umwaka (Coach of the Year): Eric Nshimiyimana (AS Kigali)
*Abatsinze ibitego byinshi (Topscorers):Danny Usengimana (Police FC) na Hakizimana Muhadjili(Mukura VS /APR FC)
*Umuzamu w’umwaka (Best goalkeeper): Ndayishimiye Eric Bakame (Rayon Sports)
*Umusifuzi mwiza wo ku ruhande (Best assistant referee): Niyonkuru Zephanie
*Umusifuzi mwiza wo hagati (Best Central referee): Hakizimana Louis
*Best VIP Fan (Umufana w’icyubahiro):Mike La Garette
*Umukinnyi utanga ikizere (Best Promisng Player):Savio Nshuti Dominique
*Ikipe y’umwaka (Team of the year): Ndayishimiye Eric Bakame (Rayon Sports), Ombolenga Fitina (Kiyovu Sports), Munezero Fiston (Rayon Sports), Rwatubyaye Abdul (APR FC), Imanishimwe Emmanuel (Rayon Sports, Kwizera Pierrot (Rayon Sports), Niyonzima Ally (Mukura VS), Hakizimana Muhadjili (Mukura VS), Savio Nshuti Dominique (Rayon Sports), Ismaila Diarra (Rayon Sports) na Iranzi Jean Claude (APR FC).

2016-08-08
Editorial

IZINDI NKURU

Kwiyambaza abacancuro, ni agasuzuguro  abategetsi ba Kongo bafitiye abakora uko bashoboye ngo ikibazo cyayo gikemuke mu nzira y’amahoro.

Kwiyambaza abacancuro, ni agasuzuguro  abategetsi ba Kongo bafitiye abakora uko bashoboye ngo ikibazo cyayo gikemuke mu nzira y’amahoro.

Editorial 28 Dec 2022
Burundi: Nyuma yo gusimbuka urupfu inshuro nyinshi, Col Richard Niyitanga yarishwe bivugwa ko yari agiye kwiba

Burundi: Nyuma yo gusimbuka urupfu inshuro nyinshi, Col Richard Niyitanga yarishwe bivugwa ko yari agiye kwiba

Editorial 28 Feb 2020
Kunshuro ya kabiri ACP Theos Badege yagizwe Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu

Kunshuro ya kabiri ACP Theos Badege yagizwe Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu

Editorial 24 Oct 2016
Polisi y’u Rwanda yashyikirije Umwongereza  mudasobwa n’ibindi bintu bye byari byibwe

Polisi y’u Rwanda yashyikirije Umwongereza mudasobwa n’ibindi bintu bye byari byibwe

Editorial 24 Jun 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Polisi y’u Rwada yakomereje ubukangurambaga mu kurengera ibidukikije mu karere ka Kamonyi
Mu Mahanga

Polisi y’u Rwada yakomereje ubukangurambaga mu kurengera ibidukikije mu karere ka Kamonyi

Editorial 08 Jan 2016
Kigali: Perezida Kagame azaganira n’abaminisitiri 54 ba Afurika ku ivugururwa rya AU
Mu Rwanda

Kigali: Perezida Kagame azaganira n’abaminisitiri 54 ba Afurika ku ivugururwa rya AU

Editorial 05 May 2017
APR BBC yegukanye igikombe cya shampiyona itsinze Patriots BBC ihabwa miliyoni 15 FRW
Amakuru

APR BBC yegukanye igikombe cya shampiyona itsinze Patriots BBC ihabwa miliyoni 15 FRW

Editorial 22 Sep 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru