• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Baker Byatsi yafungiwe ubujura imyaka ine afungurwa kuko yisiramuje nabi muri gereza bikamugwa nabi-Mushiki wa Byatsi byose yabivuze   |   28 May 2026

  • AMAFOTO – Mu mukino wakurikiwe na Perezida Kagame, RSSB Tigers BBC yageze ku mukino wa nyuma wa BAL 2026 itsinze AL Ahyly yo mu Misiri   |   28 May 2026

  • Stephen Constantine yatangaje urutonde rw’abakinnyi 24 bazifashishwa mu mikino ibiri ya gicuti mpuzamahanga izahuza u Rwanda na Comoros ndetse na Tanzania   |   27 May 2026

  • Agapfa kaburiwe ni impongo; Abagura Indaya bahawe imbuzi   |   27 May 2026

  • Ambassadeur Thérence Ntahiraja yemeje ko u Rwanda rugomba guterwa   |   27 May 2026

  • Rayon Sports yatsinze Bugesera FC yiyongerera amahirwe yo kuzahagararira u Rwanda mu mikino Nyafurika   |   26 May 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Mahanga»Ferwafa yanze guhemba abakinnyi,abatoza,abafana,babaye indashyikirwa mu mwaka w’imikino 2015-2016

Ferwafa yanze guhemba abakinnyi,abatoza,abafana,babaye indashyikirwa mu mwaka w’imikino 2015-2016

Ubwanditsi 08 Aug 2016 Mu Mahanga

Ni nyuma yaho ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ‘Ferwafa’rifatanyije nu muterankunga wa ryo Azam bahisemo guhemba abahize abandi mu mwaka w’imikino wa 2015-2016,buri umwe akemererwa amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 500 ku bakinnyi n’abatoza ndetse n’ibihumbi 100 kuri buri mufana,bakabwirwa ko bazayahabwa mugihe kitarenze icyumweru gusa kuri ubu haciyeho ibyumweru 2 aya mafaranga batarayahabwa.

Bamwe mubakinnyi batashatseko amazina yabo atangazwa muri iyi nkuru badutangarijeko batarahabwa ibi bihembo ndetse ko niyo babajije kuri Azam bababwira ko bo uruhare rwabo barukoze ahasigaye ari aha ferwafa,uyu yagize ati’’twarabajije (Azam)batubwira ko uruhare rwabo barukoze ahasigaye ari aha ferwafa’’.

Kuruhande rw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ‘’ferwafa’’twagerageje kubavugisha kuri iki kibazo gusa ntibyadukundira kuko umunyamabanga wa gateganyo twamuhamagaye nimero ya telephone ye igendanwa igasona ariko ntayitabe,naho umuyobozi wiri shyirahamwe we kuri ubu ari mu gihugu cya Brezil mu mikino Olympic.

Nubwo nta masezerano yanditse ahari agaragaza ko mu gihe aba batsindiye ibi bihembo batabibonye bagira aho batanga ikirego cyabo,gusa nk’uko bimenyerewe iyo umuntu yemerewe igihembo runaka ntagihabwe afite uburenganzira bwo kujyana munkiko ishyirahawe cyangwa umuryango wamwemereye cya gihembo.

Dore abo ferwafa ibereyemo umwenda w’igihembo.

Umutoza utanga ikizere(Revelation Coach):Masud Djuma (Rayon Sports)
*Umutoza w’umwaka (Coach of the Year): Eric Nshimiyimana (AS Kigali)
*Abatsinze ibitego byinshi (Topscorers):Danny Usengimana (Police FC) na Hakizimana Muhadjili(Mukura VS /APR FC)
*Umuzamu w’umwaka (Best goalkeeper): Ndayishimiye Eric Bakame (Rayon Sports)
*Umusifuzi mwiza wo ku ruhande (Best assistant referee): Niyonkuru Zephanie
*Umusifuzi mwiza wo hagati (Best Central referee): Hakizimana Louis
*Best VIP Fan (Umufana w’icyubahiro):Mike La Garette
*Umukinnyi utanga ikizere (Best Promisng Player):Savio Nshuti Dominique
*Ikipe y’umwaka (Team of the year): Ndayishimiye Eric Bakame (Rayon Sports), Ombolenga Fitina (Kiyovu Sports), Munezero Fiston (Rayon Sports), Rwatubyaye Abdul (APR FC), Imanishimwe Emmanuel (Rayon Sports, Kwizera Pierrot (Rayon Sports), Niyonzima Ally (Mukura VS), Hakizimana Muhadjili (Mukura VS), Savio Nshuti Dominique (Rayon Sports), Ismaila Diarra (Rayon Sports) na Iranzi Jean Claude (APR FC).

2016-08-08
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Joseph Hakizimana, Umunyarwanda wa mbere wifuza intebe mu Nteko Ishinga Amategeko ya Canada

Joseph Hakizimana, Umunyarwanda wa mbere wifuza intebe mu Nteko Ishinga Amategeko ya Canada

Ubwanditsi 12 Sep 2019
Mu mateka y’imikino y’igikombe cya Afurika, umunyarwandakazi Mukansanga Salima yabaye umusifuzi wa mbere w’umugore ugisifuye

Mu mateka y’imikino y’igikombe cya Afurika, umunyarwandakazi Mukansanga Salima yabaye umusifuzi wa mbere w’umugore ugisifuye

Ubwanditsi 11 Jan 2022
Uganda: Umupasiteri ari gutanga uburozi yita umuti uvura indwara zirimo Sida

Uganda: Umupasiteri ari gutanga uburozi yita umuti uvura indwara zirimo Sida

Ubwanditsi 19 May 2019
Nyaruguru: Abantu icumi bafungiwe gutema ibiti mu mashyamba  ya Leta bakabitwikamo amakara

Nyaruguru: Abantu icumi bafungiwe gutema ibiti mu mashyamba ya Leta bakabitwikamo amakara

Ubwanditsi 13 Apr 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Jambo asbl yatangije ubukangurambaga bwo gufasha imitwe y’iterabwoba ku manywa y’ihangu
Amakuru

Jambo asbl yatangije ubukangurambaga bwo gufasha imitwe y’iterabwoba ku manywa y’ihangu

Ubwanditsi 14 Dec 2020
Moïse Katumbi yemeje ko agiye gusubira muri RDC kwiyamamaza
POLITIKI

Moïse Katumbi yemeje ko agiye gusubira muri RDC kwiyamamaza

Ubwanditsi 28 Apr 2018
Ifoto y’umunsi
Mu Mahanga

Ifoto y’umunsi

Ubwanditsi 13 Jan 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru