• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

  • Ububabare bwa RPA/F bwashibutsemo icyizere n’agaciro; Mufulukye Fred   |   05 Jul 2026

  • Ukwiyubaka kudasanzwe kwa APR FC na Rayon Sports zitegura CECAFA Kagame Cup izabera i Kigali mu mpera za Nyakanga 2026   |   05 Jul 2026

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Imvugo zihembera urwango za Rusesabagina ntizigomba kwihanganirwa
Paul Rusesabagina na Willis Shalita

Imvugo zihembera urwango za Rusesabagina ntizigomba kwihanganirwa

Ubwanditsi 23 Jan 2020 INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE

Mu minsi ishize mu Mujyi wa San Antonio, upfobya akanahakana Jenoside wibera muri Texas ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Paul Rusesabagina niwe wari ufite ijambo nyamukuru ,mu muhango wiswe DREAM WEEK 2020 OPENING CEREMONY BREAK FAST.

Nkuko  bisanzwe, ubutumwa bwe ntibwigeze buhinduka, nk’umutekamutwe, atoranya ahari Abanyamerika baba batazi ibyabaye.

Za Kaminuza n’amashuli makuru, kuko baje kumutahura, kubera ibinyoma bye, ariko agenda yivuga ibigwi byo kuba yararokoye amagana y’abantu mu gihe cya Jenoside yakorerwaga Abatutsi muri 1994 ubu ntashobora gukozayo ikirenge, bitewe nuko batita ku byo avuga.

Mu ntangiriro Rusesabagina yahawe umudari na Perezida George W Bush mu rwego rwo kugerageza guhisha kuba Amerika yarananiwe kugira icyo ikora mu rwego rwo guhagarika Jenosidde yarimo gukorerwa Abatutsi. Bityo akaba adakwiye kumenywa kubirebana nibyo yita uruhare rwe mu bikorwa by’ubigiraneza yiyitirira.

Inkuru ye ni icyinyoma cyambaye ubusa, ubutekamutwe, kandi akaba yibanda ku bantu baba bataratahura ibye, cyangwa se badafite icyo bazi ku byerecyeranye n’umugabane wa Afurika, n’URwanda by’umwihariko.

Birababaje, Abanyamerika bapfa kwemera buri cyintu cyose giturutse muri Hollywood, bityo filime HOTEL RWANDA ikaba yaratumye uyu mutekamutwe ahabwa ikarita y’umweru imuha amahirwe yo kubona akayabo k’amafaranga, mu maraso n’umubabaro by’Abanyarwanda.

Kuba Rusesabagina akomeje kwiyitirira ubutwari bwo kuba yararokoye ibikorwa by’ubugiraneza, ni igitutsi ku nzirakarengane zatakaje ubuzima bwazo, ndetse bikaba ni igitutsi kuri buri Munyarwanda.  Nyamara kandi niba yibagiza ko igiciro cy’ibinyoma bye ku Rwanda ko ari kinini. Ushobora kwiruka ariko ntushobora kwihisha ubuziraherezo.

Hakaba hari gihamya simusiga igaragaza ko MRCD Ishyaka yashinze afatanije n’abandi ritera inkunga mu rwego rw’amafaranga imitwe yiterabwoba ikorera muri Kongo Kinshasa n’UBurundi.

Byari bigoye kumva ibyo Rusesabagina yarimo avuga, noneho kandi ikibabaje kurutaho nuko byari byateguwe n’ Umunyafurika ukomoka muri Afurika y’Iburengerazuba mu gihugu cya Nigeria, ubwo namubazaga, yavuze ko byose byakozwe mu izina ryo kwishyira ukizana mu kugaragaza ibitekerezo.

Baloney. Nkaba nashyiraho intego ko atari kubona intege zo kwakira umunazi uhakana akanapfobya Jenoside yakorewe Abayahudi.

Bikaba byatera kwibaza impamvu ituma Abanyafurika bamwe na bamwe biyanga, bityo ntibite ku mubabaro w’Abanyafurika bagenzi babo?

Kuba Rusesabagina akomeje guhabwa urubuga muri Amerika ntibitangaje, cyane cyane muri icyi  gihe cy’ingoma ya Trump, aho bagendera ku moko babitewemo  ingabo mu bitugu n’ibiro by’umukuru wicyo gihugu, bityo igitekerezo cy’uko Tump yakongerwa manda gituma ndara ntagohetse.

Birababaje, kumva uyu mugabo ugenda ahembera urwango n’ubutekamutwe avuga ubwo yarabonye Abanyarwanda batahukaga ngo ni abashyitsi, akaba yarabyongoreraga abo bari  bicaranye nabo babajenosideri birumvikana n’izindi ntagondwa z’abahezanguni. Ubutumwa burumvikana neza, kandi no kuba imyumvire ya Rusesabagina yarangiritse yitwaje ko ngo yashakanye n’umututsikazi bityo akaba yibeshya ko byamuhanaguraho ibyaha bye. Ese ubundi ninde yita igicucu?

Ibinyoma by’umusubirizo buri gihe ntibishobora guhindura ukuri n’amateka yacu, bityo amateka yacu akaba adashobora kwandikwa no gusobanurwa n’igikuri mu bwenge nka Rusesabagina

Ni inshingano yacu kuvuga ibyatubayeho, niba imyaka 25 ari ikimenyetso, bityo amateka akazatugirira impuhwe, kuko tuzayandika.

Willis Shalita

2020-01-23
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson

Ubwanditsi 20 Jan 2020
Gukabya kw’Akazu ka Museveni biragaragaza itutumba rigamije guhirika ingoma ye

Gukabya kw’Akazu ka Museveni biragaragaza itutumba rigamije guhirika ingoma ye

Ubwanditsi 13 Feb 2019
Mitali Protais ushakishwa n’ubutabera bw’u Rwanda yagaraye mu nteko ishingamategeko y’Ububiligi

Mitali Protais ushakishwa n’ubutabera bw’u Rwanda yagaraye mu nteko ishingamategeko y’Ububiligi

Ubwanditsi 30 Mar 2019
Nsengiyumva Jotham wari warakatiwe gufungwa burundu yarashwe agerageza gutoroka gereza

Nsengiyumva Jotham wari warakatiwe gufungwa burundu yarashwe agerageza gutoroka gereza

Ubwanditsi 29 Jan 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Adolphe Muzitu watangaje ko igihugu cye cya Kongo-Kinshasa kigomba gutera u Rwanda yahuriye mu nama n’abahakanyi ba Jenoside yakorewe Abatutsi
INKURU NYAMUKURU

Adolphe Muzitu watangaje ko igihugu cye cya Kongo-Kinshasa kigomba gutera u Rwanda yahuriye mu nama n’abahakanyi ba Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubwanditsi 10 Mar 2020
FERWABA yatangaje ko imikino y’ikiciro cya kabiri izatangira mu ntangiriro za Mata inaboneraho kumurika ikirango gishya cya shampiyona
Amakuru

FERWABA yatangaje ko imikino y’ikiciro cya kabiri izatangira mu ntangiriro za Mata inaboneraho kumurika ikirango gishya cya shampiyona

Ubwanditsi 24 Mar 2022
Umutoza Masudi Djuma watoje Rayon Sports ndetse na AS Kigali yagizwe umutoza wa Dodoma Jiji yo muri Tanzania
Amakuru

Umutoza Masudi Djuma watoje Rayon Sports ndetse na AS Kigali yagizwe umutoza wa Dodoma Jiji yo muri Tanzania

Ubwanditsi 25 Feb 2022

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru