Turamenyesha ko uwitwa KUBWAYO Bayingana lenze mwene BAYINGANA Emmanuel na
NTIRANYIBAGIRA Marie Scholastique, utuye mu Mudugudu wa Muhabura, Akagari ka Cyivugiza,
Umurenge wa Nyamirambo, Akarere ka Nyarugenge, mu Mujyi wa Kigali wanditse asaba
uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ariyo KUBWAYO Bayingana lenze, akitwa
KUBWAYO Lenz mu gitabo cy’irangamimerere. Impamvu atanga yo guhinduza izina ni Izina niswe
n’ababyeyi.
Inkuru zigezweho
-
APR FC yagabanyije ikinyuranyo cy’amanota atatu hagati yayo na Rayon Sports, Kiyovu SC yatsinze Police FC – Ibyaranze umunsi wa 22 wa RPL | 31 Mar 2025
-
Rayon Sports izakirira Mukura VS muri Sitade Amahoro, umukino wa Kiyovu na Police FC wimuwe – iby’umunsi wa 22 wa Rwanda Premier League | 27 Mar 2025
-
Meya w’umujyi wa Paris wo mu Bufaransa, Anne Hidalgo yasabye Polisi gukumira igitaramo cya Maître Gims | 26 Mar 2025
-
Amavubi yanganyije na Lesotho i Kigali yuzuza amanota 8 ayicaje ku mwanya wa Kabiri inyuma ya Afurika y’Epfo | 25 Mar 2025
-
Jean Lambert Gatare watabarutse asigiye umurage ubyibushye itangazamakuru ry’u Rwanda | 25 Mar 2025
-
Jambo asbl ni agatsiko k’abana b’interahamwe bagamije guhakana no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi | 24 Mar 2025