• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ingoma Ibihumbi u Rwanda ruticaranye ku meza n’abaruhekuye bashaka kwambara Uruhu rwera kandi ari ibirura   |   04 Aug 2026

  • Omar Artan witegura gusifura UEFA Super Cup izahuza PSG na Aston Villa, azasifura umumukino wa nyuma wa CECAFA KAGAME Cup 2026   |   03 Aug 2026

  • Rayon Sports, Gor Mahia, Jamus na Al Hilal zageze muri ½ cy’Imikino ya CECAFA Kagame Cup 2026   |   02 Aug 2026

  • Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana   |   01 Aug 2026

  • APR FC, Rayon Sports, Police FC na Kiyovu SC zizakina FERWAFA Super Cup 2026 yari isanzwe ikinwa n’amakipe abiri   |   01 Aug 2026

  • Rutahizamu Byiringiro Lague agiye kwerekeza muri Afurika y’Epfo aho yitegura gutangira akazi mu ikipe ya Durban City FC   |   31 Jul 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Kanyankore Yaounde atsinzwe umukino we wambere nk’umutoza wa APR FC

Kanyankore Yaounde atsinzwe umukino we wambere nk’umutoza wa APR FC

Ubwanditsi 08 Aug 2016 IMIKINO

Ikipe y’ingabo z’u Rwanda ari nayo ihagarariye igihugu mu mikino iriguhuza ingabo zo muri kano karere ka Afurika y’i burasira zuba yatangijwe ku mugaragaro kuri uyu wa mbere tariki ya 8 Kanama,APR FC yatsindzwe 1:0 na ulinzi ihagrariye igihugu cya Kenya muri aya marushanwa.

Wari umukino wishyiraniro gusa utahiriye abasore babanyarwanda kuko Ulinzi yabonye igitego hakiri ku munota wa 10 w’umukino, gitsinzwe na Mohammed Hassan ku mupira wa Onyango Samuel.

APR FC kuri ubu iri gutozwa na Kanyankore Yaounde,yagaragaje urwego ruciriritse muri uyu mukino,bamyugariro bayo basaga nabananiwe cyane,wanagera mu bakina imbere bigasa nibihomera ku ishongo kuko nta musaruro batanze.

Dusubije amaso inyuma ikipe ya APR FC niyo yaherukaga intsinzi hagati yayo na Ulinzi mu mikino iheruka kubera mu gihugu cya Uganda,g
usa ariko hano i kigali abasore bayoborwa na Afande Musemakweli bananiwe kwihagararaho imbere y’isinzi ry’abafana bari babari inyuma.

Dore abasore aya makipe y’ingabo yifashishije

ku ruhande rw’APR FC: Mvuyekure Emery, Ngabo Albert, Imanishimwe Emmanuel, Rugwiro Herve, Usengimana Faustin, Nshimiyimana Amran, Patrick Sibomana, Benedata Janvier, Twizerimana Onesme, Hakizimana Muhadjiri,Habyarimana Innocent

Abasimbura: Kimenyi Yves, Rusheshangoga Michel, Nsabimana Aimable, Bizimana Djihad, Mukunzi Yannick, Nkinzingabo Fiston na Butera Andrew.

kuruhande rwa Ulinzi Stars: Saruni, Shitote, Mbongi, Kokoyo, Hassan, Apul, Onyango, Muloma, Waruru, Makwata na Waweru.

Abasimbura: Odhiambo, Birgen, Sande, B.Onyango, na Ochieng.

Tugarutse ku kkiganiro umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda,Patrick Nyamvumba aherutse kugeza ku banyamakuru yari yatangaje ko ikipe izahagararira u Rwanda muri iyi mikino ihagaze neza kuburyo yari yijeje abanyarwanda ko nubwo abandi biteguye bo biteguye kubarusha nk’igihugu cyakiriye iyi mikino.

Uyu mukino kandi kurundi ruhande wanafatwa nkigipimo cyiza ku mutoza Kanyankore umaze kuyiramutwa mu minsi mike ishize.

na Ntakirutimana Alfred

2016-08-08
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Mu mukino utarabereye igihe, APR FC yatsinze Musanze FC 2-1

Mu mukino utarabereye igihe, APR FC yatsinze Musanze FC 2-1

Ubwanditsi 07 Oct 2023
AS Kigali yatsinze Muhazi United 1-0 isoreza umwaka w’imikino wa 2023-2024 ku mwanya wa 5

AS Kigali yatsinze Muhazi United 1-0 isoreza umwaka w’imikino wa 2023-2024 ku mwanya wa 5

Ubwanditsi 10 May 2024
Kabishi mu bakinnyi bashya muri Mukura VS yasinyishije umunyarwanda wakinaga mu Burundi

Kabishi mu bakinnyi bashya muri Mukura VS yasinyishije umunyarwanda wakinaga mu Burundi

Ubwanditsi 23 Jan 2018
Euro 2016: Portugal ikatishije itike yo gukina 1/2 kirangiza

Euro 2016: Portugal ikatishije itike yo gukina 1/2 kirangiza

Ubwanditsi 01 Jul 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Abafaransa ntibishimiye gahunda ya AU yo kwishakamo ibisubizo iyobowe na Perezida Kagame
INKURU NYAMUKURU

Abafaransa ntibishimiye gahunda ya AU yo kwishakamo ibisubizo iyobowe na Perezida Kagame

Ubwanditsi 31 Jan 2018
UEFA CL: Hagati ya Real na Bayern imwe igomba gusezererwa muri 1/4 – DORE UKO AMAKIPE AZAHURA
MULTIMEDIA

UEFA CL: Hagati ya Real na Bayern imwe igomba gusezererwa muri 1/4 – DORE UKO AMAKIPE AZAHURA

Ubwanditsi 17 Mar 2017
Perezida wa Zambia Edgar Lungu ategerejwe  mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu
INKURU NYAMUKURU

Perezida wa Zambia Edgar Lungu ategerejwe mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu

Ubwanditsi 20 Feb 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru