• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»Amakuru»Kwiga ni urufunguzo rw’ubuzima – ishimwe rya Muvandimwe Jean Marie Vianney ukinira Police FC warangije icyiciro cya kabiri cya Kaminuza mu ishami ry’icungamari.

Kwiga ni urufunguzo rw’ubuzima – ishimwe rya Muvandimwe Jean Marie Vianney ukinira Police FC warangije icyiciro cya kabiri cya Kaminuza mu ishami ry’icungamari.

Editorial 08 May 2021 Amakuru, IMIKINO, Mu Rwanda

Myugariro w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi ndetse n’ikipe ya Police FC Muvandimwe Jean Marie Vienney arishimira kuba yashoje icyiciro cya kabiri cya kaminuza mu ishami ry’ibaruramari, uyu mukinnyi ukina inyuma akaba yasoreje amasomo ye muri Kaminuza y’igenga ya Kigali izwi nka ULK.

Uyu mukinnyi ukina nka Myugariro w’ibumoso inyuma ni umwe mubarangije amasomo yabo kuri uyu wa gatanu tariki ya 7 Gicurasi 2021 ubwo hatangwaga imyamabumenyi y’icyiciro cya kabiri muri Kaminuza yigenga ya Kigali.

Nyuma yo gusoza aya masomo ye, Muvandimwe Jean Marie Vianney yatangarije RUSHYASHYA NEWS ko yishimiye kurangiza kaminuza ndetse anavuga ko yagiye agira zimwe mu nzitizi zashoboraga no kuba yatuma atanakomeza ariko bitewe n’ubushake yashyizemo uyu mukinnyi akigomwa bimwe byatumye yitwara neza.

Yagize ati “Urugendo ntabwo rwari rworoshye kuko kwiga unabifatanya n’akazi (umupira w’amaguru) ni ibintu bisaba ubwitange bw’akarataboneka”.

“Byari bikomeye kuko akenshi twagiraga ama exams dufite na match bikangora, ntanze nk’urugero hari igihe twari twagiye gukina i Musanze kandi dufite na Exam naraje nsanga amasaha yarangiye biba ngombwa ko nzayikora mu buryo bwihariye gusa ku bw’amahirwe naratsinze, urumva ni urugamba rutoroshye.”

Uyu mukinnyi akomeza avuga ko kwiga ari urufunguzo rw’ubuzima ndetse kandi avuga ko ntakidashoboka wihaye intego, yagize ati “Kwiga ni urufunguzo rw’ubuzima kuko bikwigisha gufata ibyemezo ndetse no kwagura imishinga bigendana cyane cyane no kwiteza imbere ndetse no kubana n’abantu bose amahoro.”

“Isomo nasangiza abandi nuko ntakidashoboka mu buzima , kuko iyo nsubije amaso inyuma nkareba uburyo nize bingoye kubera n’akazi nagomba kwitanga 100% niho mpera mvugako ikidashoboka ari ikitabaho gusa.”

Mu gusoza ikiganiro twagiranye uyu myugariro yavuze ko ashima Imana cyane yamufashije muri uru rugendo rwe rwo gusoza aya masomo, ashimira umuryango we wamubaye hafi ndetse n’uyubobozi bw’ikipe ye ya Police FC kuri ubu irimo guhatanira igikombe cya shampiyona y’u Rwanda 2020-2021.

Uyu mukinnyi akaba atarimo gufasha bagenzi be kuko afite imvune amaranye iminsi ariko akaba yavuze ko kuri ubu ameze neza ndetse ko mugihe cya vuba ari bube agarutse mu kibuga.

2021-05-08
Editorial

IZINDI NKURU

APR FC yashoje amatsinda ari iya mbere ihita ibona itike ya 1/2 cy’imikino ya CECAFA Kagame Cup 2025

APR FC yashoje amatsinda ari iya mbere ihita ibona itike ya 1/2 cy’imikino ya CECAFA Kagame Cup 2025

Editorial 08 Sep 2025
Kiyovu SC  yanganyije na Marines ibura umwanya wa mbere

Kiyovu SC yanganyije na Marines ibura umwanya wa mbere

Editorial 17 Dec 2017
u Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa mbere muri Afrika mu bijyanye no kugendera ku mategeko

u Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa mbere muri Afrika mu bijyanye no kugendera ku mategeko

Editorial 15 Oct 2021
Manchester United yatsikiye bihesha Manchester City igikombe cya Shampiyona

Manchester United yatsikiye bihesha Manchester City igikombe cya Shampiyona

Editorial 16 Apr 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

MISS RWANDA 2018: Ibiciro byo kwinjira mu birori byo gutora Nyampinga w’u Rwanda 2018 byamenyekanye
SHOWBIZ

MISS RWANDA 2018: Ibiciro byo kwinjira mu birori byo gutora Nyampinga w’u Rwanda 2018 byamenyekanye

Editorial 09 Feb 2018
Amagambo ya Tumukunde yagaragaje imitekerereze y’abayobozi ba Uganda
INKURU NYAMUKURU

Amagambo ya Tumukunde yagaragaje imitekerereze y’abayobozi ba Uganda

Editorial 31 Jul 2019
Perezida Kagame yatanzweho urugero rw’Umukuru w’Igihugu muri Afurika warwanyije ruswa
INKURU NYAMUKURU

Perezida Kagame yatanzweho urugero rw’Umukuru w’Igihugu muri Afurika warwanyije ruswa

Editorial 24 Feb 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru