• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Mwenedata Gilbert yeruye ko yiyongereye mu mubare w’ abagamije guhirika ubutegetsi buriho mu Rwanda

Mwenedata Gilbert yeruye ko yiyongereye mu mubare w’ abagamije guhirika ubutegetsi buriho mu Rwanda

Ubwanditsi 10 May 2018 INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE

Gilbert Mwenedata uheruka kugerageza kwiyamamariza kuyobora igihugu mu matora aheruka,  akaba aherutse  gutangaza  ko yahunze igihugu  nyuma y’uko yakurikiranwagaho ibyaha birimo gukoresha impapuro mpimbano ubwo yashakishaga ibyangombwa byaherekeza kandidatire ye.

Ku wa 7 Nyakanga 2017, nibwo Komisiyo y’Amatora (NEC) yatangaje ko Gilbert Mwenedata na Diane Rwigara batemerewe kwiyamamaza mu matora ya Perezida wa Repubulika yabaye muri Kanama, kubera kubura ibyangombwa, aho byatangajwe ko babasinyiye harimo amazina y’abapfuye.

Kuri uyu wa Kane taliki ya 10 Gicurusi  2018, nibwo Mwenedata Gilbert yatangarije abamukurikira ku mbugankoranyambaga ko umwaka ushize aribwo yatangaje ko agiye kwiyamamariza kuyobora u Rwanda ariko nti bimukuindire kubera impamvu zitaturutse ku bamushigikiye cyangwa kuri we ubwe.

Mu magambo ye menshi yiganjemo gusebya cyane leta ya Kigali no kugaragaza ko hari akarengane we ubwe n’abari bamushyigikiye mu gihe yashakaga kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu nibyo yagarutseho cyane gusa asoza avuga ko atazahagarika ibikorwa bya Politiki agaragaza ko batemeranya n’ubtegetsi buriho mu Rwanda bwatowe n’abaturage nubwo atavuze inzira nshya azakoresha ngo agere ku butegetsi.

 

2018-05-10
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Abapolisi 288 basoje imyitozo y’ibikorwa by’ibanze byihariye

Abapolisi 288 basoje imyitozo y’ibikorwa by’ibanze byihariye

Ubwanditsi 15 Sep 2023
Abahakanyi ba Jenoside yakorewe Abatutsi biyamamarizaga ubudepite Iburayi no mu Bubiligi batashye amaramasa

Abahakanyi ba Jenoside yakorewe Abatutsi biyamamarizaga ubudepite Iburayi no mu Bubiligi batashye amaramasa

Ubwanditsi 10 Jun 2024
Bitunguranye, Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yirukanye Minisitiri w’Inteba Bunyoni yashinjaga gutegura Coup d’Etat

Bitunguranye, Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yirukanye Minisitiri w’Inteba Bunyoni yashinjaga gutegura Coup d’Etat

Ubwanditsi 07 Sep 2022
Lt Gen (rtd) Charles Kayonga yagizwe Ambasaderi w’u Rwanda muri Turikiya, Marie Grace Nishimwe agirwa Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubutaka.

Lt Gen (rtd) Charles Kayonga yagizwe Ambasaderi w’u Rwanda muri Turikiya, Marie Grace Nishimwe agirwa Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubutaka.

Ubwanditsi 30 Nov 2023

7 Ibitekerezo

  1. Sharon A.
    May 11, 201812:10 pm -

    Ni mwicecekere, ntacyo mushobora kubona Murega Gilbert Mwene data, ari imbere y Imana cyangwa se abantu BAZIMA.
    NIYO mwatekinika gute nta BYAHA mwamubonaho . Ni Inyangamugayo bya Kavukire, akaba n umukristo w intangarugero. Musigeho. Ahubwo dutegereze turebe .

    Subiza
    • MWENEDATA FELIX
      May 11, 20189:28 pm -

      nimuvuge ratako afatanyije na FDRL NIBWO BIIBWUMVIKANE NEZA

      Subiza
    • Lucky
      May 12, 20188:08 am -

      Umukristo si kuriya akora

      Subiza
  2. Afred
    May 14, 20183:09 am -

    Nibarize abanyarwanda, kubera iki abanyapolitike bose bo mu Rwanda baregwa icyaha kimwe cyo gukoresha impapuro mpimbano. Ngo Diane Rwigara na Gilbert Mwenedata ngo basinyishije abaphuye.
    Nubwo bwose njye ntumva neza buryoki abantu baphuye basinyishwa impapuro. Nanone sinumva buryoki abantu babiri bakora icyaha kimwe.
    Ubanza nambere yaba bombi ngo hari n’abandi banyapolitike benshi bafunzwe kandi baregwa gukoresha impapuro mpimbano.
    Njye ndatekereza ahubwo ko icyo kirego ari igihimbano. Kuko byoroshe guhimba impapuro ukazitirira uwo ushaka kurega no kwicya.
    Muzakore statistiques mu nkiko murebe abanyapolitique baregwa icyo cyaha… byenda gusetsa

    Subiza
  3. mbarushe J.
    May 15, 20188:12 pm -

    Nibyo ntawe ukwiriye kubabazwa n’amagambo ya Gilbert nk’uko utababazwa n’aya Barafinda. Ubu se RUTIKANGA umwe ukunda kuba mu biganiro kuri Televiziyo w’umuteramakofe nawe yiyamamaje hanyuma akajya nawe avuga amagambi nk’aya Gilbert mwababara? Ni nk’ibyo. Ndabashushanyirije kuko njye nzi abantu benshi.

    Ubuse bariya ba Perezida baje mw’irahira rya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika bari kuza Gilbert yabaye Perezida w’ U Rwanda? Hari uburyo bwinshi igihugu kitagomba gusuzugurwamo. Nibyo abakuru bababwira ariko ntitwumve.

    Murakoze.

    Subiza
  4. musa551
    May 17, 20183:25 pm -

    Gilbert njye mufata nk’umuntu udafite ubwenge,kuba yaranahunze ni inyungu cyane kuko ntasosi y’igikeri umuntu ufite ibyo yahindura afata umwanya wo kwitegereza uyoboye neza uko abikora bikamwereka impamvu akundwa naho guhimba inyandiko ngo yereke ba mpatsibihugu ko yarenganyijwe mu matora,abandi babikoze neza se ntibiyamamaje?

    Subiza
  5. Lolo keza
    June 7, 20187:18 pm -

    Ariko se uretse n’igihugu buriya Mwenedata uwamuha akagari ko yagashobora koko? Mugabo mu idini yari kuba Diakoni mwiza none ibisazi byaramufashe ngo arashaka ubuperezida? Abahahuzi bagira ayabo buriya ntihabuze uwamushutse ngo Imana yabimubwiye. Sha satani araguhemukiye ugiye kwirirwa wangara ku gasozi gusa. Utuye agahinda!

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Uwigaga muri Kaminuza ya Makerere ni umwe mu ba FDLR bagabye igitero i Musanze
HIRYA NO HINO

Uwigaga muri Kaminuza ya Makerere ni umwe mu ba FDLR bagabye igitero i Musanze

Ubwanditsi 07 Oct 2019
Aline GAHONGAYIRE ukubutse muri Amerika
IMIKINO

Aline GAHONGAYIRE ukubutse muri Amerika

Ubwanditsi 14 Oct 2016
BNR iraburira abashoye imari mu bigo bya baringa birimo na Supermarketing.
UBUKUNGU

BNR iraburira abashoye imari mu bigo bya baringa birimo na Supermarketing.

Ubwanditsi 03 Jun 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru