• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana   |   01 Aug 2026

  • APR FC, Rayon Sports, Police FC na Kiyovu SC zizakina FERWAFA Super Cup 2026 yari isanzwe ikinwa n’amakipe abiri   |   01 Aug 2026

  • Rutahizamu Byiringiro Lague agiye kwerekeza muri Afurika y’Epfo aho yitegura gutangira akazi mu ikipe ya Durban City FC   |   31 Jul 2026

  • Senateri Mukabalisa Donatille yitabye Imana azize Uburwayi   |   30 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’u Rwanda batrengeje imyaka 18 begukanye igikombe cya Zone V   |   29 Jul 2026

  • Bwa mbere mu mateka u Rwanda rwabonye umudali mu Mikino ya Commonwealth   |   29 Jul 2026

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Mwenedata Gilbert yeruye ko yiyongereye mu mubare w’ abagamije guhirika ubutegetsi buriho mu Rwanda

Mwenedata Gilbert yeruye ko yiyongereye mu mubare w’ abagamije guhirika ubutegetsi buriho mu Rwanda

Ubwanditsi 10 May 2018 INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE

Gilbert Mwenedata uheruka kugerageza kwiyamamariza kuyobora igihugu mu matora aheruka,  akaba aherutse  gutangaza  ko yahunze igihugu  nyuma y’uko yakurikiranwagaho ibyaha birimo gukoresha impapuro mpimbano ubwo yashakishaga ibyangombwa byaherekeza kandidatire ye.

Ku wa 7 Nyakanga 2017, nibwo Komisiyo y’Amatora (NEC) yatangaje ko Gilbert Mwenedata na Diane Rwigara batemerewe kwiyamamaza mu matora ya Perezida wa Repubulika yabaye muri Kanama, kubera kubura ibyangombwa, aho byatangajwe ko babasinyiye harimo amazina y’abapfuye.

Kuri uyu wa Kane taliki ya 10 Gicurusi  2018, nibwo Mwenedata Gilbert yatangarije abamukurikira ku mbugankoranyambaga ko umwaka ushize aribwo yatangaje ko agiye kwiyamamariza kuyobora u Rwanda ariko nti bimukuindire kubera impamvu zitaturutse ku bamushigikiye cyangwa kuri we ubwe.

Mu magambo ye menshi yiganjemo gusebya cyane leta ya Kigali no kugaragaza ko hari akarengane we ubwe n’abari bamushyigikiye mu gihe yashakaga kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu nibyo yagarutseho cyane gusa asoza avuga ko atazahagarika ibikorwa bya Politiki agaragaza ko batemeranya n’ubtegetsi buriho mu Rwanda bwatowe n’abaturage nubwo atavuze inzira nshya azakoresha ngo agere ku butegetsi.

 

2018-05-10
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri ya mbere mu 2020

Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri ya mbere mu 2020

Ubwanditsi 29 Jan 2020
Hakomeje kwibazwa impamvu abaturage ba Uganda bafunze umuhanda k’umupaka inzego zabo zirebera

Hakomeje kwibazwa impamvu abaturage ba Uganda bafunze umuhanda k’umupaka inzego zabo zirebera

Ubwanditsi 22 Dec 2017
Nyuma yo gukora ibara, agafata ku ngufu umwana yibyariye w’imyaka 15 yasinze, Sergeant Major Robert Kabera yahise ahungira muri Uganda inzoga zimushizemo

Nyuma yo gukora ibara, agafata ku ngufu umwana yibyariye w’imyaka 15 yasinze, Sergeant Major Robert Kabera yahise ahungira muri Uganda inzoga zimushizemo

Ubwanditsi 23 Nov 2020
U Burundi burashinja u Bubiligi kuba inyuma y’iyicwa ry’Intwari yabwo

U Burundi burashinja u Bubiligi kuba inyuma y’iyicwa ry’Intwari yabwo

Ubwanditsi 14 Oct 2018

7 Ibitekerezo

  1. Sharon A.
    May 11, 201812:10 pm -

    Ni mwicecekere, ntacyo mushobora kubona Murega Gilbert Mwene data, ari imbere y Imana cyangwa se abantu BAZIMA.
    NIYO mwatekinika gute nta BYAHA mwamubonaho . Ni Inyangamugayo bya Kavukire, akaba n umukristo w intangarugero. Musigeho. Ahubwo dutegereze turebe .

    Subiza
    • MWENEDATA FELIX
      May 11, 20189:28 pm -

      nimuvuge ratako afatanyije na FDRL NIBWO BIIBWUMVIKANE NEZA

      Subiza
    • Lucky
      May 12, 20188:08 am -

      Umukristo si kuriya akora

      Subiza
  2. Afred
    May 14, 20183:09 am -

    Nibarize abanyarwanda, kubera iki abanyapolitike bose bo mu Rwanda baregwa icyaha kimwe cyo gukoresha impapuro mpimbano. Ngo Diane Rwigara na Gilbert Mwenedata ngo basinyishije abaphuye.
    Nubwo bwose njye ntumva neza buryoki abantu baphuye basinyishwa impapuro. Nanone sinumva buryoki abantu babiri bakora icyaha kimwe.
    Ubanza nambere yaba bombi ngo hari n’abandi banyapolitike benshi bafunzwe kandi baregwa gukoresha impapuro mpimbano.
    Njye ndatekereza ahubwo ko icyo kirego ari igihimbano. Kuko byoroshe guhimba impapuro ukazitirira uwo ushaka kurega no kwicya.
    Muzakore statistiques mu nkiko murebe abanyapolitique baregwa icyo cyaha… byenda gusetsa

    Subiza
  3. mbarushe J.
    May 15, 20188:12 pm -

    Nibyo ntawe ukwiriye kubabazwa n’amagambo ya Gilbert nk’uko utababazwa n’aya Barafinda. Ubu se RUTIKANGA umwe ukunda kuba mu biganiro kuri Televiziyo w’umuteramakofe nawe yiyamamaje hanyuma akajya nawe avuga amagambi nk’aya Gilbert mwababara? Ni nk’ibyo. Ndabashushanyirije kuko njye nzi abantu benshi.

    Ubuse bariya ba Perezida baje mw’irahira rya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika bari kuza Gilbert yabaye Perezida w’ U Rwanda? Hari uburyo bwinshi igihugu kitagomba gusuzugurwamo. Nibyo abakuru bababwira ariko ntitwumve.

    Murakoze.

    Subiza
  4. musa551
    May 17, 20183:25 pm -

    Gilbert njye mufata nk’umuntu udafite ubwenge,kuba yaranahunze ni inyungu cyane kuko ntasosi y’igikeri umuntu ufite ibyo yahindura afata umwanya wo kwitegereza uyoboye neza uko abikora bikamwereka impamvu akundwa naho guhimba inyandiko ngo yereke ba mpatsibihugu ko yarenganyijwe mu matora,abandi babikoze neza se ntibiyamamaje?

    Subiza
  5. Lolo keza
    June 7, 20187:18 pm -

    Ariko se uretse n’igihugu buriya Mwenedata uwamuha akagari ko yagashobora koko? Mugabo mu idini yari kuba Diakoni mwiza none ibisazi byaramufashe ngo arashaka ubuperezida? Abahahuzi bagira ayabo buriya ntihabuze uwamushutse ngo Imana yabimubwiye. Sha satani araguhemukiye ugiye kwirirwa wangara ku gasozi gusa. Utuye agahinda!

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Abakozi ba nyakabyizi barasaba koroherezwa gutora
Mu Rwanda

Abakozi ba nyakabyizi barasaba koroherezwa gutora

Ubwanditsi 25 May 2017
Nyuma yo gukekwaho ubutinganyi birangiye avukijwe umugati
ITOHOZA

Nyuma yo gukekwaho ubutinganyi birangiye avukijwe umugati

Ubwanditsi 04 Mar 2017
Perezida Kagame yakiriwe mu biro bya Perezida wa Isiraheli
Mu Rwanda

Perezida Kagame yakiriwe mu biro bya Perezida wa Isiraheli

Ubwanditsi 10 Jul 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru