• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Bombori bombori hagati ya Kayumba Placide na Pierre Celestin Rwalinda wamusimbuye ku buyobozi bwa FDU Inkingi   |   15 May 2026

  • APR FC na Rayon Sports zageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro 2026, zizahatanira miliyoni 12 z’Amafaranga y’u Rwanda   |   14 May 2026

  • Habura iminsi 3 ngo shampiyona irangire, Al Hilal yegukanye igikombe cy’icyubahiro cya BK Pro League 2025-2026   |   13 May 2026

  • Rwanda Premier League yemeje ko hazatangwa ibikombe bibiri bya shampiyona, bitandukanye n’ibyo FERWAFA yari yatangaje   |   12 May 2026

  • Itangazamakuru si inzira yo gushakiramo amaronko binyuze mu gukora ibyaha, ubutabera bugomba gukora akazi kabwo   |   11 May 2026

  • U Rwanda rwegukanye ibikombe bibiri bya Men’s IHF Trophy Africa/Zone 5 mu batarengeje imyaka 18 na 20   |   09 May 2026

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Mwenedata Gilbert yeruye ko yiyongereye mu mubare w’ abagamije guhirika ubutegetsi buriho mu Rwanda

Mwenedata Gilbert yeruye ko yiyongereye mu mubare w’ abagamije guhirika ubutegetsi buriho mu Rwanda

Ubwanditsi 10 May 2018 INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE

Gilbert Mwenedata uheruka kugerageza kwiyamamariza kuyobora igihugu mu matora aheruka,  akaba aherutse  gutangaza  ko yahunze igihugu  nyuma y’uko yakurikiranwagaho ibyaha birimo gukoresha impapuro mpimbano ubwo yashakishaga ibyangombwa byaherekeza kandidatire ye.

Ku wa 7 Nyakanga 2017, nibwo Komisiyo y’Amatora (NEC) yatangaje ko Gilbert Mwenedata na Diane Rwigara batemerewe kwiyamamaza mu matora ya Perezida wa Repubulika yabaye muri Kanama, kubera kubura ibyangombwa, aho byatangajwe ko babasinyiye harimo amazina y’abapfuye.

Kuri uyu wa Kane taliki ya 10 Gicurusi  2018, nibwo Mwenedata Gilbert yatangarije abamukurikira ku mbugankoranyambaga ko umwaka ushize aribwo yatangaje ko agiye kwiyamamariza kuyobora u Rwanda ariko nti bimukuindire kubera impamvu zitaturutse ku bamushigikiye cyangwa kuri we ubwe.

Mu magambo ye menshi yiganjemo gusebya cyane leta ya Kigali no kugaragaza ko hari akarengane we ubwe n’abari bamushyigikiye mu gihe yashakaga kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu nibyo yagarutseho cyane gusa asoza avuga ko atazahagarika ibikorwa bya Politiki agaragaza ko batemeranya n’ubtegetsi buriho mu Rwanda bwatowe n’abaturage nubwo atavuze inzira nshya azakoresha ngo agere ku butegetsi.

 

2018-05-10
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Mu basilikare 65, Museveni yazamuye mu ntera,  Kandiho wa CMI ntarimo !

Mu basilikare 65, Museveni yazamuye mu ntera, Kandiho wa CMI ntarimo !

Ubwanditsi 08 Feb 2019
Gilbert Mwenedata, Mpemukendamuke, Umunyaburiganya Wahunze U Rwanda, Ubu Niwe Muzindaro w’Abarutuka!

Gilbert Mwenedata, Mpemukendamuke, Umunyaburiganya Wahunze U Rwanda, Ubu Niwe Muzindaro w’Abarutuka!

Ubwanditsi 26 Aug 2020
Perezida Kagame yahaye imbabazi  Kizito Mihigo na Ingabire Victoire

Perezida Kagame yahaye imbabazi Kizito Mihigo na Ingabire Victoire

Ubwanditsi 15 Sep 2018
Mu Rwanda ntawe uri hejuru y’amategeko, Gen Ibingira na Lt Gen Muhire batawe muri yombi bazira kurenga ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19

Mu Rwanda ntawe uri hejuru y’amategeko, Gen Ibingira na Lt Gen Muhire batawe muri yombi bazira kurenga ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19

Ubwanditsi 28 Apr 2021

7 Ibitekerezo

  1. Sharon A.
    May 11, 201812:10 pm -

    Ni mwicecekere, ntacyo mushobora kubona Murega Gilbert Mwene data, ari imbere y Imana cyangwa se abantu BAZIMA.
    NIYO mwatekinika gute nta BYAHA mwamubonaho . Ni Inyangamugayo bya Kavukire, akaba n umukristo w intangarugero. Musigeho. Ahubwo dutegereze turebe .

    Subiza
    • MWENEDATA FELIX
      May 11, 20189:28 pm -

      nimuvuge ratako afatanyije na FDRL NIBWO BIIBWUMVIKANE NEZA

      Subiza
    • Lucky
      May 12, 20188:08 am -

      Umukristo si kuriya akora

      Subiza
  2. Afred
    May 14, 20183:09 am -

    Nibarize abanyarwanda, kubera iki abanyapolitike bose bo mu Rwanda baregwa icyaha kimwe cyo gukoresha impapuro mpimbano. Ngo Diane Rwigara na Gilbert Mwenedata ngo basinyishije abaphuye.
    Nubwo bwose njye ntumva neza buryoki abantu baphuye basinyishwa impapuro. Nanone sinumva buryoki abantu babiri bakora icyaha kimwe.
    Ubanza nambere yaba bombi ngo hari n’abandi banyapolitike benshi bafunzwe kandi baregwa gukoresha impapuro mpimbano.
    Njye ndatekereza ahubwo ko icyo kirego ari igihimbano. Kuko byoroshe guhimba impapuro ukazitirira uwo ushaka kurega no kwicya.
    Muzakore statistiques mu nkiko murebe abanyapolitique baregwa icyo cyaha… byenda gusetsa

    Subiza
  3. mbarushe J.
    May 15, 20188:12 pm -

    Nibyo ntawe ukwiriye kubabazwa n’amagambo ya Gilbert nk’uko utababazwa n’aya Barafinda. Ubu se RUTIKANGA umwe ukunda kuba mu biganiro kuri Televiziyo w’umuteramakofe nawe yiyamamaje hanyuma akajya nawe avuga amagambi nk’aya Gilbert mwababara? Ni nk’ibyo. Ndabashushanyirije kuko njye nzi abantu benshi.

    Ubuse bariya ba Perezida baje mw’irahira rya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika bari kuza Gilbert yabaye Perezida w’ U Rwanda? Hari uburyo bwinshi igihugu kitagomba gusuzugurwamo. Nibyo abakuru bababwira ariko ntitwumve.

    Murakoze.

    Subiza
  4. musa551
    May 17, 20183:25 pm -

    Gilbert njye mufata nk’umuntu udafite ubwenge,kuba yaranahunze ni inyungu cyane kuko ntasosi y’igikeri umuntu ufite ibyo yahindura afata umwanya wo kwitegereza uyoboye neza uko abikora bikamwereka impamvu akundwa naho guhimba inyandiko ngo yereke ba mpatsibihugu ko yarenganyijwe mu matora,abandi babikoze neza se ntibiyamamaje?

    Subiza
  5. Lolo keza
    June 7, 20187:18 pm -

    Ariko se uretse n’igihugu buriya Mwenedata uwamuha akagari ko yagashobora koko? Mugabo mu idini yari kuba Diakoni mwiza none ibisazi byaramufashe ngo arashaka ubuperezida? Abahahuzi bagira ayabo buriya ntihabuze uwamushutse ngo Imana yabimubwiye. Sha satani araguhemukiye ugiye kwirirwa wangara ku gasozi gusa. Utuye agahinda!

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Iryavuzwe riratashye Kayumba yirukanye mu ishyaka Rudasingwa,Gahima,Musonera na Ngarambe
ITOHOZA

Iryavuzwe riratashye Kayumba yirukanye mu ishyaka Rudasingwa,Gahima,Musonera na Ngarambe

Ubwanditsi 01 Jul 2016
U Rwanda rwinjiye mu bufatanye n’ibindi bihugu mu mushinga wo kubaka icyogajur
IKORANABUHANGA

U Rwanda rwinjiye mu bufatanye n’ibindi bihugu mu mushinga wo kubaka icyogajur

Ubwanditsi 13 Mar 2018
Sénégal yari icyizere cya Afurika mu Gikombe cy’Isi yasezerewe izize amakarita y’umuhondo
IMIKINO

Sénégal yari icyizere cya Afurika mu Gikombe cy’Isi yasezerewe izize amakarita y’umuhondo

Ubwanditsi 29 Jun 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru