• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Senateri Mukabalisa Donatille yitabye Imana azize Uburwayi   |   30 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’u Rwanda batrengeje imyaka 18 begukanye igikombe cya Zone V   |   29 Jul 2026

  • Bwa mbere mu mateka u Rwanda rwabonye umudali mu Mikino ya Commonwealth   |   29 Jul 2026

  • Abarwanyi ba FDLR na Wazalendo bavurirwa mu Burundi ku ngengo y’igisirikare cy’u Burundi   |   24 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’Umukino wa Volleyball mu Bagabo yatangiye imyiteguro y’igikombe cya Afurika cyaherukaga kuba muri 2023   |   23 Jul 2026

  • Igikombe kirajya mu bindi twibitseho, ubutumwa bwa Gen. MK Mubarakh yageneye abafana ba APR FC yitegura gukina CECAFA Kagame Cup 2026   |   22 Jul 2026

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Nyuma yo gutsindwa urugamba rw’amasasu na Politiki, Paul Rusesabagina yayobotse inzira ya propaganda nyuma yo kubona ko ariyo ntwaro yonyine asigaranye.

Nyuma yo gutsindwa urugamba rw’amasasu na Politiki, Paul Rusesabagina yayobotse inzira ya propaganda nyuma yo kubona ko ariyo ntwaro yonyine asigaranye.

Ubwanditsi 10 Mar 2020 INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE, ITOHOZA

Hamaze iminsi hakwirakwizwa ku mbunga nkoranyambaga zitandukanye, video yakiniwe mu gihugu cya Cameroun igamije guharabika U Rwanda. Ababiri inyuma ntabandi, ni wamugabo wahiriwe n’umurimo wo mu gikoni nyuma akaza kwibeshya ko yaba na Perezida wa Repubulika. Uwo ntawundi ni Paul Rusesabagina wiyita Robert Nsekuye kuri Facebook .

Mu gihe hazwi uburyarya no gushaka amaramuko biba mu madini y’inzaduka, aho bakora ikinamico bamwe mu ba Pasiteri bakishyura abantu bakavuga ko bakize indwara, Rusesabagina yishyuye umu pasiteri wo mu burengerazuba bw’Afurika ngo avuge amagambo menshi asebya u Rwanda ndetse ko yanabonekewe akabyerekwa binyuze mu gusobanura amagambo yavugwaga n’”umukirisitu” we!

Bigishako U Rwanda ari abicanyi noneho bagaha abantu batoje ibyo bavuga bakanabishyura bakavugako u Rwanda rwabatumye kwica no gutata kandi batazi naho u Rwanda ruherereye. Ikigamijwe ni ugukangurira ibihugu byo muri Afurika y’iburengerazuba ndetse nibivuga igifaransa kurwanya U Rwanda.

Kubinyuza mu nsengero ni ubutekamutwe bwo gushaka kubyitirira Imana ko ariyo yabihishuye mubyo bita kubonekerwa, ariko ibigaragara ni ugukwirakwiza urwango bityo ukaba utanabyita politiki. Ibyo bavuga byose bavuga ko batumwe n’Imana.

Umuntu yakwibaza impamvu biri gukwirakwizwa muri iki gihe; bisaba gusubiza amaso inyuma, ukibuka ibitero ingabo za Kongo FARDC zagabye ku mitwe y’iterabwoba itandukanye irwanya u Rwanda. Muri uwo mutwe harimo MRCD/FLN iyobowe na Paul Rusesabagina na Faustin Twagiramungu, naho uwa gatatu bari bafatanyije kuyobora uwo mutwe ariwe Callixte Nsabimana yarafashwe azanwa mu Rwanda.

Ikindi barashaka gukwirakwiza ko FLN/MRCD ihari kandi ishingiye ku myemerere. Igihugu cya Cameroun ni igihugu gifite impunzi nyinshi z’Abanyarwanda harimo abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Abenshi bagezeyo igihe ingabo za AfDL za Laurent Desire Kabila zimaze gufata Kinshasa bagahungira muri Kongo-Brazaville nyuma bakerekeza muri Cameroun.

Twibuke ko abanyap0litiki bakomeye bo muri MRND n’abasirikari bakuru ba Ex. FAR ariho babonye ubuhungiro kubera imibanire ibihugu byombi byari bifitanye binyuze muri Francophonie. Cameroun niho hafatiwe Col Theoneste Bagosora na bagenzi be uyu, ufatwa nkaho ariwe wayoboye umugambi wa Jenoside. Haracyariyo abihisha ubutabera ariko bahakorera ubucuruzi bakomeye akaba ariyo mpamvu Rusesabagina ashaka kuhimurira indiri y’ingengabitekerezo ya Jenoside dore ko arinaho yize amashuri ye mbere yo kuza gukorera mu Rwanda.

Mu minsi iri imbere, Rushyashya izashyira hanze imyirondoro y’ibigarasha bikorera muri Afurika y’Iburengerazuba byihishe inyuma y’imitwe y’iterabwoba ishaka gutera u Rwanda, duhereye kuri JMV Ndagijimana n’imitungo ye muri Cote d’Ivoire ndetse n’uburyo akomeje kwiyegereza Charles Onana ngo amufashe kwegera abantu bo muri Cameroun; tuzababwira kandi  mwibuke ko Anastase Gasana n’agatsiko ke gakorera muri ako karere.

2020-03-10
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Interahamwe yabeshye yuko yarokotse Jenoside, Amerika iyikatira imyaka 15

Interahamwe yabeshye yuko yarokotse Jenoside, Amerika iyikatira imyaka 15

Ubwanditsi 03 Mar 2017
USA  : Umunyarwanda Dr Ntakirutimana Eliel ( Nataki) ashobora kwisanga mu kaga  nyuma y’uko iwe hapfiriye  Umuntu muburyo budasobanutse

USA : Umunyarwanda Dr Ntakirutimana Eliel ( Nataki) ashobora kwisanga mu kaga nyuma y’uko iwe hapfiriye Umuntu muburyo budasobanutse

Ubwanditsi 10 Jul 2017
Urukiko rw’Ubujurire rwanzuye ko itegeko ryo gutererana Abatutsi muri ETO ritatanzwe n’u Bubiligi

Urukiko rw’Ubujurire rwanzuye ko itegeko ryo gutererana Abatutsi muri ETO ritatanzwe n’u Bubiligi

Ubwanditsi 16 Jun 2018
Burundi : Gerenade yatewe mu kabari k’urwagwa ikomeretsa abantu 11

Burundi : Gerenade yatewe mu kabari k’urwagwa ikomeretsa abantu 11

Ubwanditsi 12 Feb 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Muri Amerika baragaragaza impamvu u Bufaransa bugomba kuba  bwaragize uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi
ITOHOZA

Muri Amerika baragaragaza impamvu u Bufaransa bugomba kuba  bwaragize uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi

Ubwanditsi 15 Dec 2017
Ikipe y’igihugu y’abahungu U19 muri Cricket yerekeje muri Nigeria guhatanira itike yo kuzakina imikino ya nyuma  y’igikombe cya Afurika
Amakuru

Ikipe y’igihugu y’abahungu U19 muri Cricket yerekeje muri Nigeria guhatanira itike yo kuzakina imikino ya nyuma y’igikombe cya Afurika

Ubwanditsi 29 Sep 2022
Inkwakuzi zamaze kurambagiza abakinnyi bakeneye, Uko byifashe ku isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi mu Rwanda
Amakuru

Inkwakuzi zamaze kurambagiza abakinnyi bakeneye, Uko byifashe ku isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi mu Rwanda

Ubwanditsi 05 Jul 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru