• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Baker Byatsi yafungiwe ubujura imyaka ine afungurwa kuko yisiramuje nabi muri gereza bikamugwa nabi-Mushiki wa Byatsi byose yabivuze   |   28 May 2026

  • AMAFOTO – Mu mukino wakurikiwe na Perezida Kagame, RSSB Tigers BBC yageze ku mukino wa nyuma wa BAL 2026 itsinze AL Ahyly yo mu Misiri   |   28 May 2026

  • Stephen Constantine yatangaje urutonde rw’abakinnyi 24 bazifashishwa mu mikino ibiri ya gicuti mpuzamahanga izahuza u Rwanda na Comoros ndetse na Tanzania   |   27 May 2026

  • Ambassadeur Thérence Ntahiraja yemeje ko u Rwanda rugomba guterwa   |   27 May 2026

  • Rayon Sports yatsinze Bugesera FC yiyongerera amahirwe yo kuzahagararira u Rwanda mu mikino Nyafurika   |   26 May 2026

  • Nyuma y’imyaka irindwi, APR VC yegukanye Igikombe cya Memorial Rutsindura itsinze REG VC ku mukino wa nyuma   |   26 May 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Padiri Nahimana akomeje kwiba impunzi akoresheje numero za Compte

Padiri Nahimana akomeje kwiba impunzi akoresheje numero za Compte

Ubwanditsi 31 Oct 2016 ITOHOZA

Abanyarwanda bakunda Igihugu ntibahwemye kwamagana “idéologie” ya Padri Thomas NAHIMANA,ibitekerezo bye bisenya Igihugu n’Ubumwe bw’Abanyarwanda, bibiba amacakubiri, byandagaza Abapadiri bagenzi be, biharabika Abayobozi ba Kiliziya Gatolika mu Rwanda n’Inzego nkuru z’Igihugu, bikwirakwiza”idéologie ya PARMEHUTU,MDR-POWER na CDR…

Padiri Thomas Nahimana amaze kubona ko amasezerano yo kuba i Bulayi amaze kurangira yahindutse mayibobo, akwira imishwaro,maze yiga amayeri yo kubeshya ngo ko ashaka kujya mu Rwanda gukora politiki no kwiyamamariza kuba umukuru w’igihugu mu Rwanda.

Kuri ubu Padiri Thomas Nahimana amaze kuzenguruka ibihugu byinshi mu Burayi, Canada n’ahandi..ateka umutwe kumpunzi z’abanyarwanda ko agiye mu Rwanda gukuraho Perezida Kagame, muri uko kubatekera umutwe niko abasigira numero ya Compte aho bagomba kunyuza amafaranga kuri Compte ye AIPAD-ISHEMA: IBA : FR76 3000 3010 2000 0372 8024 158 BIC : SOGEFRPP RIB : 30003 01020 00037280241 58, biherekezwa n’urwandiko rugira ruti : « Niyo mpamvu dukeneye inkunga ya buri wese, yaba nto, yaba nini », agasoza agira ati : « Nkwandikiye rero ngira ngo nkumenyeshe ko inkunga yawe tuyikeneye rwose kandi ko ushobora kuyitugezaho unyuze muri imwe muri izi nzira eshatu.

Padiri Thomas Nahimana abeshya impunzi ko hasigaye amezi atagera kuri abiri akaba yasesekaye mu Rwanda.ati : Ntabwo nzagenda njyenyine. Mu Ikipe ya mbere tuzaba turi« Abataripfana batagendera kuri baranyica »bagera kuri batandatu (6), barangajwe imbere na Padiri Thomas NAHIMANA, Umukandida wacu ku mwanya wa Perezida wa Repubulika. Hari abandi bazaza nyuma. Mu gihugu tuzahasanga kandi n’abandi basore n’inkumi b’intwari cyane badutegereje tuzafatanya.

Iyi misanzu Padiri Thomas amaze iminsi akusanya niyo yateye bombri bombori yadutse mu ishyaka ISHEMA, amakuru agera kuri Rushyashya aravuga ko haba hari ibibazo by’ingutu muri iryo shyaka ku buryo bamwe mu barwanashyaka b’imena b’iryo shyaka batakiribarizwamo.

Abo ni Dr Déogratias Basesayabo wari Umunyamabanga mukuru wungirije na Sixbert Bitangisha beguye ku mirimo yabo kubera ubwumvikane bucye n’ubuyobozi bw’ishyaka buri mu maboko ya Padiri Thomas Nahimana, amakuru dufite ni uko hari n’abandi barwanashyaka b’imena bashatse kwegura ariko kubera ubucuti bwihariye bafitanye na Padiri Thomas bwo kuvanga amaraso, barabireka, abo ninka Jeanne Mukamurenzi wari munama yabereye i Oslo muri Norway, iyo nama yarimo n’umuvugizi wa Perezida w’u Burundi Willy Nyamitwe.

-4494.jpg

Willy Nyamitwe na Jeanne Mukamurenzi

-4495.jpg

Jeanne Mukamurenzin n’umwana yabyaranye na Padiri Thomas Nahimana

Ibi bikorwa bya Padiri Thomas Nahimana byo kugambanira u Rwanda, kubiba amacakubiri mu banyarwanda no kurya iby’impunzi azibeshyeshya kujya mu Rwanda kwiyamamaza kandi mubyukuri ntaho azajya nibyo byatumye umwe mu banyarwanda utifuje ko dutangaza izina rye atubwira ko Padiri Thomas Nahimana akwiye kwamaganirwa kure ndetse byabangombwa agashyikirizwa ubutabera mpuzamahanga.

-4496.jpg

Cyiza Davidson

2016-10-31
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Burundi: Byinshi Ku Butegetsi Bw’igitugu Bwa Petero Nkurunziza Bushimuta Abantu, bagakorerwa iyicarubozo bafungiye mu ma kontineri – Igice cya II

Burundi: Byinshi Ku Butegetsi Bw’igitugu Bwa Petero Nkurunziza Bushimuta Abantu, bagakorerwa iyicarubozo bafungiye mu ma kontineri – Igice cya II

Ubwanditsi 16 Sep 2019
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

Ubwanditsi 15 Jul 2024
UBUHAMYA : Umwe mu barokotse igitero cyo ku Kitabi arabara iryo yahaboneye

UBUHAMYA : Umwe mu barokotse igitero cyo ku Kitabi arabara iryo yahaboneye

Ubwanditsi 19 Dec 2018
Teteri Agnes Umugore wa Eugene Gasana aravugwa mu bikorwa bya Politiki

Teteri Agnes Umugore wa Eugene Gasana aravugwa mu bikorwa bya Politiki

Ubwanditsi 30 May 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Perezida Kagame yongeye kuburira abatekereza gutera u Rwanda ko bazirengera ingaruka bazahura na zo z’iyo ntambara.
INKURU NYAMUKURU

Perezida Kagame yongeye kuburira abatekereza gutera u Rwanda ko bazirengera ingaruka bazahura na zo z’iyo ntambara.

Ubwanditsi 08 Apr 2019
Ikiganiro cya Dr. Marara cyo kuwa  21/2/2016 gikomeje gukurura impaka
ITOHOZA

Ikiganiro cya Dr. Marara cyo kuwa 21/2/2016 gikomeje gukurura impaka

Ubwanditsi 02 Jun 2016
Amafoto – Lionel Messi yegukanye igihembo cya Ballon d’Or 2021 aba uwa mbere ufite ugize nyinshi, aho kugeza ubu yujuje iya 7
Amakuru

Amafoto – Lionel Messi yegukanye igihembo cya Ballon d’Or 2021 aba uwa mbere ufite ugize nyinshi, aho kugeza ubu yujuje iya 7

Ubwanditsi 30 Nov 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru