Uyu mukandida witwa Irene Chebichi, amaze kumva ko yanikiriye abakeba muri politike, bityo akazaba ariwe uhagararira Jubillee ishyaka Perezida Uhuru Kenyatta ayobora, ahitwa Rongai mu Karere ka Kericho, yikubise hasi, maze abari aho bihutira kumwegera ariko bamukorera ubutabazi bw’ibanze (Fist Aid)
Iyi nkuru ikaba yatangajwe n’ikinyamakuru Tuko






