Uyu mukandida witwa Irene Chebichi, amaze kumva ko yanikiriye abakeba muri politike, bityo akazaba ariwe uhagararira Jubillee ishyaka Perezida Uhuru Kenyatta ayobora, ahitwa Rongai mu Karere ka Kericho, yikubise hasi, maze abari aho bihutira kumwegera ariko bamukorera ubutabazi bw’ibanze (Fist Aid)
Iyi nkuru ikaba yatangajwe n’ikinyamakuru Tuko
Inkuru zigezweho
-
Dr. Justin Nsengiyumva wagizwe Minisitiri w’Intebe ni muntu ki? | 24 Jul 2025
-
Harimo na tike ya Miliyoni 2 ku mukino Rayon Sports izahuramo na Yanga SC kuri Rayon Day | 22 Jul 2025
-
Police FC yatangiye umwiherero w’icyumweru kimwe mu karere ka Rubavu hitegurwa umwaka w’imikino wa 2025-2026 | 21 Jul 2025
-
Abadiplomate ba Tshisekedi bakomeje gufatirwa muri magendu y’ibiyobyabwenge | 21 Jul 2025
-
Ibihe bizirikanwa by’Ivuka ry’u Rwanda rushya rwa bose rwubatswe na FPR Uhereye 1994 | 20 Jul 2025
-
Moïse Katumbi yamaganye icyemezo cya Perezida Tshisekedi cyo guterera inkunga amakipe y’i Burayi mu gihe abaturage bishwe n’inzara | 18 Jul 2025