• Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
  • Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • AMAFOTO – Ikipe ya Rayon Sports yamuritse imyambaro mishya izakoresha mu mwaka utaha w’imikino wa 2025-2026   |   11 Aug 2025

  • Ibinyoma bishinja M23 kwica abaturage byambitswe ubusa   |   11 Aug 2025

  • Protais Zigiranyirazo igisobanuro cy’umunyembaraga wishe Abatutsi akagirwa umwere n’abazungu bateguye Jenoside   |   10 Aug 2025

  • APR FC izahura na Pyramids yo mu Misiri, Rayon Sports ihure na Singida Black Stars mu irushanwa rya mbere ry’Imikino Nyafurika.   |   09 Aug 2025

  • U Rwanda n’ikipe ya Bayern Munich yo mu Budage bongereye amasezerano y’ubufatanye azageza 2028   |   08 Aug 2025

  • Mugisha Bonheur yerekanywe nk’umukinnyi mushya wa Al Masry yo mu Misiri avuye muri Stade Tunisien   |   06 Aug 2025

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Umwiryane n’amakimbirane muri CNRD- Ubwiyunge

Umwiryane n’amakimbirane muri CNRD- Ubwiyunge

Editorial 29 Jan 2020 INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE

Amakuru ari gucicikana ku mbuga nkoranyamba agaragaza ugusubiranamo kwabagize ihuriro CNRD ubwiyunge, mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri niho ubunyamabanga bw ‘uyu mutwe bwasoye itangazo rihagarika Benoit Rugumaho wari uhagarariye inyungu zawo mu gihugu cya Canada.

Mu itangazo ryashinzwe hanze na CNRD UBWIYUNGE rivuga ko ihagarikwa rya Benoit Rugumaho wari uhagarariye Inyungu za CNRD ubwiyunge na MRCD ubumwe mu gihugu cya CANADA ashinjwa kuba asuzugura bikomeye inzego ziri huriro zikorera mu bihugu bya SCandinavia.

Iri tangazo rikaba ryerekana amakosa yashingiweho ahagarikwa by’agateganyo mu gihe kingana n ‘amezi atatu aho ashinjwa ubuhezanguni buhoraho mu kutubaha ubuyobozi bwiri huriro, gukwirakwiza ibihuha agamije inyungu ze,kuba agira uruhare mu kubangamira ikwirakwizwa ry ‘amahame y,amashyaka ahuriye mu ihuriro MRCD ubumwe, ndetse n’ubufatanyacyaha mu gukorana na bamwe mu bahoze muri iri huriro bahagaritswe.

Uyu mugabo ahagaritswe nyuma y’uwahoze ari umunyamabanga wungirije wa CNRD ubwiyunge bwana Kalinijabo Jean Paul nawe wahagaritswe umwaka ushize.

Muri iri tangazo rikomeza risobanura  ko Benoit Rugumaho ahagaritswe mu nshingano yari afite haba muri CNRD ubwiyunge ndetse no mu ihuriro MRCd ubumwe igihe kingana n’amezi atatu, kandi rigumya kuvuga ko azava mu bihano mu gihe yanditse yerekana ko agiye guhindura imyitwarire yiwe akayoboka inzira bamweretse nyuma yo kwiga kubusabe bwe.

Urebye ubona ko iri hagarikwa rishobora kuba burundu kuko bigoye ko Benoit Rugumaho yandika iyi baruwa asabwa dukurikije ubuhezanguni busanzwe bumuranga.

Ihagarikwa rya Benoit Rugumaho rije rikurikira ibihe bibi uyu mutwe urimo wo kutoroherwa n’ibitero umutwe wabo w’ingabo wa FLN ukorera mu mashyamba yo muburasirazuba bwa Congo kinshasa uri kugabwaho n’igisirikare cya FARDC.

Abakurikiranira hafi imikorere y ‘uyu mutwe wa CNRD ubwiyunge bavuga ko uyu umitwe wakunze kurangwa n’amakimbirane kuva aho urugamba batangije rubananiye bikaba bigaragara ibintu byabarenze.

Ikindi kuba Umunyamabanga w’uyu mutwe wa CNRD UBWIYUNGE ariwe wasohoye iri tangazo kandi iki ari icyemezo gikomeye cyagombye gushyirwaho Umukono na Perezida wa CNRD UBWIYUNGE ariwe Gen.Wilson Irategeka n’icyerekana ko amakuru amaze iminsi acicikana ko yaba yarapfuye yaba ari impamo uyu Dr.Biruka Innocent akaba ariwe Muyobozi w’inzibacyuho wa CNRD UBWIYUNGE.

2020-01-29
Editorial

IZINDI NKURU

Uganda: Undi mudepite yarokotse impanuka ikomeye nyuma yo kugongana na Fuso

Uganda: Undi mudepite yarokotse impanuka ikomeye nyuma yo kugongana na Fuso

Editorial 30 May 2018
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Editorial 20 Nov 2023
Mu gihe gisaga icyumweru kimwe, I Kigali harabera BAL ya 5 izitabirwa n’amakipe arimo APR BBC yo mu Rwanda

Mu gihe gisaga icyumweru kimwe, I Kigali harabera BAL ya 5 izitabirwa n’amakipe arimo APR BBC yo mu Rwanda

Editorial 13 May 2025
Muri Uganda hatahuwe impunzi 300 000 za baringa

Muri Uganda hatahuwe impunzi 300 000 za baringa

Editorial 31 Oct 2018
Uganda: Undi mudepite yarokotse impanuka ikomeye nyuma yo kugongana na Fuso

Uganda: Undi mudepite yarokotse impanuka ikomeye nyuma yo kugongana na Fuso

Editorial 30 May 2018
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Editorial 20 Nov 2023
Mu gihe gisaga icyumweru kimwe, I Kigali harabera BAL ya 5 izitabirwa n’amakipe arimo APR BBC yo mu Rwanda

Mu gihe gisaga icyumweru kimwe, I Kigali harabera BAL ya 5 izitabirwa n’amakipe arimo APR BBC yo mu Rwanda

Editorial 13 May 2025
Muri Uganda hatahuwe impunzi 300 000 za baringa

Muri Uganda hatahuwe impunzi 300 000 za baringa

Editorial 31 Oct 2018
Uganda: Undi mudepite yarokotse impanuka ikomeye nyuma yo kugongana na Fuso

Uganda: Undi mudepite yarokotse impanuka ikomeye nyuma yo kugongana na Fuso

Editorial 30 May 2018
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Editorial 20 Nov 2023
prev
next

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

Turamagana Ibirego bya HCR kubera ko U Rwanda ari Ikitegererezo mu Kwita ku Mpunzi n’Abimukira

Turamagana Ibirego bya HCR kubera ko U Rwanda ari Ikitegererezo mu Kwita ku Mpunzi n’Abimukira

17 Jul 2025
Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

21 May 2025
AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru