• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Rimwe mu makosa Leta ya Ndayishimiye izicuza ni ukuba yaragennye Edouard Bizimana nka Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga; Nininahazwe Pacifique   |   18 Aug 2026

  • FERWAFA yemeje ko Super Cup 2026 izakinwa n’amakipe ane atarimo APR FC yasimbujwe Mukura VS   |   18 Aug 2026

  • Rayon Sports izabanza kwakira APR FC muri shampiyona y’u Rwanda, Ingengabihe ya BK Pro League 2026/27   |   17 Aug 2026

  • Kwihambira kuri FDLR ni Umwaku mu yindi   |   17 Aug 2026

  • Amakipe ya AS Kigali mu Bagabo n’Abagore yahinduriwe izina yitwa Kigali FC na Kigali WFC    |   16 Aug 2026

  • Perezida Kagame yakurikiye umukino wa UEFA Super Cup wahuje amakipe ya PSG na Aston Villa yamamaza u Rwanda   |   12 Aug 2026

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Umwiryane n’amakimbirane muri CNRD- Ubwiyunge

Umwiryane n’amakimbirane muri CNRD- Ubwiyunge

Ubwanditsi 29 Jan 2020 INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE

Amakuru ari gucicikana ku mbuga nkoranyamba agaragaza ugusubiranamo kwabagize ihuriro CNRD ubwiyunge, mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri niho ubunyamabanga bw ‘uyu mutwe bwasoye itangazo rihagarika Benoit Rugumaho wari uhagarariye inyungu zawo mu gihugu cya Canada.

Mu itangazo ryashinzwe hanze na CNRD UBWIYUNGE rivuga ko ihagarikwa rya Benoit Rugumaho wari uhagarariye Inyungu za CNRD ubwiyunge na MRCD ubumwe mu gihugu cya CANADA ashinjwa kuba asuzugura bikomeye inzego ziri huriro zikorera mu bihugu bya SCandinavia.

Iri tangazo rikaba ryerekana amakosa yashingiweho ahagarikwa by’agateganyo mu gihe kingana n ‘amezi atatu aho ashinjwa ubuhezanguni buhoraho mu kutubaha ubuyobozi bwiri huriro, gukwirakwiza ibihuha agamije inyungu ze,kuba agira uruhare mu kubangamira ikwirakwizwa ry ‘amahame y,amashyaka ahuriye mu ihuriro MRCD ubumwe, ndetse n’ubufatanyacyaha mu gukorana na bamwe mu bahoze muri iri huriro bahagaritswe.

Uyu mugabo ahagaritswe nyuma y’uwahoze ari umunyamabanga wungirije wa CNRD ubwiyunge bwana Kalinijabo Jean Paul nawe wahagaritswe umwaka ushize.

Muri iri tangazo rikomeza risobanura  ko Benoit Rugumaho ahagaritswe mu nshingano yari afite haba muri CNRD ubwiyunge ndetse no mu ihuriro MRCd ubumwe igihe kingana n’amezi atatu, kandi rigumya kuvuga ko azava mu bihano mu gihe yanditse yerekana ko agiye guhindura imyitwarire yiwe akayoboka inzira bamweretse nyuma yo kwiga kubusabe bwe.

Urebye ubona ko iri hagarikwa rishobora kuba burundu kuko bigoye ko Benoit Rugumaho yandika iyi baruwa asabwa dukurikije ubuhezanguni busanzwe bumuranga.

Ihagarikwa rya Benoit Rugumaho rije rikurikira ibihe bibi uyu mutwe urimo wo kutoroherwa n’ibitero umutwe wabo w’ingabo wa FLN ukorera mu mashyamba yo muburasirazuba bwa Congo kinshasa uri kugabwaho n’igisirikare cya FARDC.

Abakurikiranira hafi imikorere y ‘uyu mutwe wa CNRD ubwiyunge bavuga ko uyu umitwe wakunze kurangwa n’amakimbirane kuva aho urugamba batangije rubananiye bikaba bigaragara ibintu byabarenze.

Ikindi kuba Umunyamabanga w’uyu mutwe wa CNRD UBWIYUNGE ariwe wasohoye iri tangazo kandi iki ari icyemezo gikomeye cyagombye gushyirwaho Umukono na Perezida wa CNRD UBWIYUNGE ariwe Gen.Wilson Irategeka n’icyerekana ko amakuru amaze iminsi acicikana ko yaba yarapfuye yaba ari impamo uyu Dr.Biruka Innocent akaba ariwe Muyobozi w’inzibacyuho wa CNRD UBWIYUNGE.

2020-01-29
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Mu kwezi kumwe gusa Abanyarwanda bane bamaze kwicwa urubozo muri Uganda babeshyerwa ko ari intasi z’u Rwanda

Mu kwezi kumwe gusa Abanyarwanda bane bamaze kwicwa urubozo muri Uganda babeshyerwa ko ari intasi z’u Rwanda

Ubwanditsi 17 Mar 2021
ULK Gisenyi: Ku nshuro ya 12 abasaga 300 bahawe impamyabumenyi [ AMAFOTO ]

ULK Gisenyi: Ku nshuro ya 12 abasaga 300 bahawe impamyabumenyi [ AMAFOTO ]

Ubwanditsi 28 Mar 2018
Didas Gasana wavuye mu Rwanda ahunze amadeni nawe ngo arashaka kuba Perezida w’uRwanda. Mbere yo kuba umukandida yabanje akaba umuntu muzima!

Didas Gasana wavuye mu Rwanda ahunze amadeni nawe ngo arashaka kuba Perezida w’uRwanda. Mbere yo kuba umukandida yabanje akaba umuntu muzima!

Ubwanditsi 24 Feb 2022
Ku Mbibi Z’igihugu Nk’ingabo Z’igihugu Dushinzwe Umutekano Ni Mwiza 100% – Col. Pascal Muhizi

Ku Mbibi Z’igihugu Nk’ingabo Z’igihugu Dushinzwe Umutekano Ni Mwiza 100% – Col. Pascal Muhizi

Ubwanditsi 29 Jul 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Rulindo:Amashyaka 9 yashyigikiye abaturage ihindurwa ry’ingingo ya 101
Mu Rwanda

Rulindo:Amashyaka 9 yashyigikiye abaturage ihindurwa ry’ingingo ya 101

Ubwanditsi 21 Jul 2017
Uganda : Berekwaga ifoto ya Kayumba bagasabwa kumuyoboka
Amakuru

Uganda : Berekwaga ifoto ya Kayumba bagasabwa kumuyoboka

Ubwanditsi 31 Dec 2019
Gabiro : Perezida Kagame yakurikiye imyitozo yo kurasa y’Ingabo z’u Rwanda
INKURU NYAMUKURU

Gabiro : Perezida Kagame yakurikiye imyitozo yo kurasa y’Ingabo z’u Rwanda

Ubwanditsi 10 Nov 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru