• Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
  • Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Gutwara igikombe cy’Amahoro atsinze Rayon Sports ku mukino wa nyuma, bimwe mubyo Darko Novic watandukanye na APR FC azibukirwaho   |   14 May 2025

  • Mu gihe gisaga icyumweru kimwe, I Kigali harabera BAL ya 5 izitabirwa n’amakipe arimo APR BBC yo mu Rwanda   |   13 May 2025

  • Ingabo za Afurika y’Epfo Zavanye Ipfunwe muri Congo mu Gikorwa cya SAMIDRC   |   12 May 2025

  • Amakipe ya Police WVC na APR VC yegukanye igikombe cya shampiyona y’u Rwanda muri Volleyball 2024-2025   |   12 May 2025

  • Bayaherewe mu Rwambariro, Rayon Sports yakiriye amafaranga nyuma yo gushimangira umwanya wa mbere   |   09 May 2025

  • Gukura no Kubaho kwanjye byose bishingiye ku cyerekezo cya Nyakubahwa Perezida Paul Kagame – Knowless   |   08 May 2025

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Urwego rw’ubutabera ni urwego rwiyubatse cyane kandi vuba: Prof Rugege

Urwego rw’ubutabera ni urwego rwiyubatse cyane kandi vuba: Prof Rugege

Editorial 15 Jan 2018 Mu Rwanda

Abayobozi bafite aho bahurira n’ubutabera bahuriye mu nama yareberaga hamwe gahunda n’ingamba z’igihe kirekire inashingiye ku byagezweho kuva nyuma ya jenoside yakorewe abatutsi yo muri mata 1994

Prof. Sam Rugege perezida w’urukiko rw’ikirenga wari umushyitsi mukuru muri iyi nama yashimiye abayobozi bari bitabiriye iyo nama imbaraga bashyize mu kuzamura urwego rw’ubutabera ati”urwego rw’ubutabera ni urwego rwiyubatse cyane kandi vuba ,abaturage barabizi”.

Akomeza avuga ko gukoresha umutungo uhari mu kugumya kuzamura urwego rw’ubutabera ,kongera imbaraga mu mikoranire hagati y’inzego zigize urwego rw’ubutabera

Minisitiri w’ubutabera Busingye Johnson yagarutse ku kibazo cy’abanyereza umutungo wa leta bagategekwa kwishyura ariko bagaterera agate mu ryinyo ko bagomba kwishura bitarafata indi ntera kandi ko kugeza ubu ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro (RRA) gifite ububasha bwo kwishyuza uhamwe n’icyaha cyo kunyereza umutungo wa Leta  .

Yakomeje avuga ko bagiye gushyira imbaraga mu gukurikirana abakoze jenoside bakindegembya mu gihugu aho ubu intara y’iburasirazuba iza kumwanya wa mbere abasaga 10.000 bahamijwe  ibyaha n’inkiko za gacaca  bakindegembya.

Muri iyi nama umuyobozi w’ikigo k’igihugu cy’imiyoborere Prof Shyaka Anastase yagaragaje uko ihihugu gihagaze n’uko abaturage bafata urwego rw’ubutabera.

urwego rw’Ubutabera – JRLOS  ni urwego rwiyubatse cyane kandi vuba; abaturage ko abaturage bamaze kurusobanukirwa.Ubutabera,  ubwangamugayo n’imikorere y’inzego za JRLOS, haracyarimo utubazo; bigira ingaruka henshi;

Serivisi zimwe zikomeye mu butabera ‘ntiziremeza’abatura  abagera kuva 10-20% barazinenga. Abanyuzwe 30- 55%; Abifata bari ku kigero cya  30-45%. Yakomeje avuga ko  ari ihurizo,

Ruswa n’akarengane  avuga ko akarengane kacyiri  ikibazo.  Ko kugeza ubu Ruswa igenda ihindura isura; abantu bakayitaka ariko batayigaragaza.

Iyubahirizwa ry’amahame n’imbaraga zishyirwa mu kurwanya ibiyahungabanya birashimwa cyane ‘inzego n’imikorere’ yazo; icyizere ku mwimerere (Abunzi/MAJ) kirasumba icy’ubutabera busanzwe/inkiko;

Muri ubu bushyakashatsi kandi bwagaragaje ko Ubumwe ari imbuto yarangije gushora imizi. Uruhare rw’izindi    nzego rurasumba urwa NURC; abaturage bizeye umutekano; bafitiye icyizere cyinshi inzego nkuru;

Umuryango (sosiyete ): ubudakemwa, umudendezo-ingenzi mu muryango muzima. Prof Shyaka yagize ati”Ubu harimo ibibazo, tutabihagurukiye, byatwononera ejo hazaza”,Gahunda zitsura imibereho y’abaturage ziracyarimo imikorere mibi, bikagabanya ‘uburyohe’ bw’ubutabera n’ubw’imikorere y’inzego ku baturage.

Prof Shyaka yagaragaje  ahakwiye kongererwa imbaraga no Kuvugurura cyane hongerwa imbaraga   muri  Community policing ku rwego rw’umudugudu , kugira ngo igire uruhare runini mu gukemura ibibazo by’umudendezo w’abanyarwanda ( ibiyobyabwenge, amakimbirane, ihototerwa,…), kandi inzego zitandukanye zibigizemo uruhare.

Kongerera imbaraga umwimerere nyarwanda mu gukemura ibibazo – MAJ & ABUNZI- no kuboneza imikorere yawo (ubushobozi, uburyo, inshingano imikorere,..)

Urwego rw’Ubutabera ,rugaharanira  kuzamura igipimo cy’ubupfura n’ubunyangamugayo mu mikorere, no kubisakaza mu zindi nzego;

Urwego rw’Ubutabera (JRLOS) kuzamura uruhare rwarwo mu kongera ubudakemwa/ubwangamugayo muri gahunda zitsura imibereho myiza y’abaturage;

Inzego za JRLOS zikwiye kurushaho kwegere abaturage kugira ngo bazimenye, bamenye ibyo zikora, zibunganire, zibaryohere.

 

Nkundiye Eric Bertrand

2018-01-15
Editorial

IZINDI NKURU

Nyamasheke: Umucungamari wa koperative afunzwe akekwaho kunyereza arenga miliyoni 30

Nyamasheke: Umucungamari wa koperative afunzwe akekwaho kunyereza arenga miliyoni 30

Editorial 16 May 2017
Rayon Sports yahagaritse umutoza wayo Masudi Djuma azira umusaruro muke, iyi kipe ikaba yahawe Lomami Marcel wari umwungirije

Rayon Sports yahagaritse umutoza wayo Masudi Djuma azira umusaruro muke, iyi kipe ikaba yahawe Lomami Marcel wari umwungirije

Editorial 07 Dec 2021
Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo ruratangaza ko rugiye kwitumiriza Kabuga mu rubanza rw’imitungo aregwamo

Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo ruratangaza ko rugiye kwitumiriza Kabuga mu rubanza rw’imitungo aregwamo

Editorial 29 Aug 2023
Burundi :  Abandi  basirikare 11 bakomeye  bongeye  gutoroka

Burundi : Abandi basirikare 11 bakomeye bongeye gutoroka

Editorial 20 Aug 2016
Nyamasheke: Umucungamari wa koperative afunzwe akekwaho kunyereza arenga miliyoni 30

Nyamasheke: Umucungamari wa koperative afunzwe akekwaho kunyereza arenga miliyoni 30

Editorial 16 May 2017
Rayon Sports yahagaritse umutoza wayo Masudi Djuma azira umusaruro muke, iyi kipe ikaba yahawe Lomami Marcel wari umwungirije

Rayon Sports yahagaritse umutoza wayo Masudi Djuma azira umusaruro muke, iyi kipe ikaba yahawe Lomami Marcel wari umwungirije

Editorial 07 Dec 2021
Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo ruratangaza ko rugiye kwitumiriza Kabuga mu rubanza rw’imitungo aregwamo

Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo ruratangaza ko rugiye kwitumiriza Kabuga mu rubanza rw’imitungo aregwamo

Editorial 29 Aug 2023
Burundi :  Abandi  basirikare 11 bakomeye  bongeye  gutoroka

Burundi : Abandi basirikare 11 bakomeye bongeye gutoroka

Editorial 20 Aug 2016
Nyamasheke: Umucungamari wa koperative afunzwe akekwaho kunyereza arenga miliyoni 30

Nyamasheke: Umucungamari wa koperative afunzwe akekwaho kunyereza arenga miliyoni 30

Editorial 16 May 2017
Rayon Sports yahagaritse umutoza wayo Masudi Djuma azira umusaruro muke, iyi kipe ikaba yahawe Lomami Marcel wari umwungirije

Rayon Sports yahagaritse umutoza wayo Masudi Djuma azira umusaruro muke, iyi kipe ikaba yahawe Lomami Marcel wari umwungirije

Editorial 07 Dec 2021
prev
next

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

15 Jul 2024
Mu rwego rwo guhangana n’inzara yugarije Abarundi, Perezida Ndayishimiye yageneye ikilo cy’inyama buri mukozi wo mu biro bye.

Mu rwego rwo guhangana n’inzara yugarije Abarundi, Perezida Ndayishimiye yageneye ikilo cy’inyama buri mukozi wo mu biro bye.

18 Jun 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru