• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • U Rwanda rwabonye inguzanyo ya miliyari 280 Frw yo kuzamura ibikorwaremezo   |   26 Aug 2026

  • Volleyball: Mu mikino y’igikombe cy’Afurika mu Bagore iri kubera muri Kenya, U Rwanda rwandagaje Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC)   |   26 Aug 2026

  • APR BBC yegukanye Igikombe cya Shampiyona ku nshuro ya kane yikurikiranya   |   25 Aug 2026

  • Sebarundi yabaye Semuhanuka arota atumaho abashatse guhirika ubutegetsi bwa Nkurunziza Pierre   |   24 Aug 2026

  • Rurageretse hagati y’ibigarasha Noble Marara na Jean Paul Turayishimye   |   24 Aug 2026

  • Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yashyikirije ibendera ikipe y’u Rwanda y’Abagore yerekeje i Nairobi mu Gikombe cya Afurika   |   23 Aug 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Urwego rw’ubutabera ni urwego rwiyubatse cyane kandi vuba: Prof Rugege

Urwego rw’ubutabera ni urwego rwiyubatse cyane kandi vuba: Prof Rugege

Ubwanditsi 15 Jan 2018 Mu Rwanda

Abayobozi bafite aho bahurira n’ubutabera bahuriye mu nama yareberaga hamwe gahunda n’ingamba z’igihe kirekire inashingiye ku byagezweho kuva nyuma ya jenoside yakorewe abatutsi yo muri mata 1994

Prof. Sam Rugege perezida w’urukiko rw’ikirenga wari umushyitsi mukuru muri iyi nama yashimiye abayobozi bari bitabiriye iyo nama imbaraga bashyize mu kuzamura urwego rw’ubutabera ati”urwego rw’ubutabera ni urwego rwiyubatse cyane kandi vuba ,abaturage barabizi”.

Akomeza avuga ko gukoresha umutungo uhari mu kugumya kuzamura urwego rw’ubutabera ,kongera imbaraga mu mikoranire hagati y’inzego zigize urwego rw’ubutabera

Minisitiri w’ubutabera Busingye Johnson yagarutse ku kibazo cy’abanyereza umutungo wa leta bagategekwa kwishyura ariko bagaterera agate mu ryinyo ko bagomba kwishura bitarafata indi ntera kandi ko kugeza ubu ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro (RRA) gifite ububasha bwo kwishyuza uhamwe n’icyaha cyo kunyereza umutungo wa Leta  .

Yakomeje avuga ko bagiye gushyira imbaraga mu gukurikirana abakoze jenoside bakindegembya mu gihugu aho ubu intara y’iburasirazuba iza kumwanya wa mbere abasaga 10.000 bahamijwe  ibyaha n’inkiko za gacaca  bakindegembya.

Muri iyi nama umuyobozi w’ikigo k’igihugu cy’imiyoborere Prof Shyaka Anastase yagaragaje uko ihihugu gihagaze n’uko abaturage bafata urwego rw’ubutabera.

urwego rw’Ubutabera – JRLOS  ni urwego rwiyubatse cyane kandi vuba; abaturage ko abaturage bamaze kurusobanukirwa.Ubutabera,  ubwangamugayo n’imikorere y’inzego za JRLOS, haracyarimo utubazo; bigira ingaruka henshi;

Serivisi zimwe zikomeye mu butabera ‘ntiziremeza’abatura  abagera kuva 10-20% barazinenga. Abanyuzwe 30- 55%; Abifata bari ku kigero cya  30-45%. Yakomeje avuga ko  ari ihurizo,

Ruswa n’akarengane  avuga ko akarengane kacyiri  ikibazo.  Ko kugeza ubu Ruswa igenda ihindura isura; abantu bakayitaka ariko batayigaragaza.

Iyubahirizwa ry’amahame n’imbaraga zishyirwa mu kurwanya ibiyahungabanya birashimwa cyane ‘inzego n’imikorere’ yazo; icyizere ku mwimerere (Abunzi/MAJ) kirasumba icy’ubutabera busanzwe/inkiko;

Muri ubu bushyakashatsi kandi bwagaragaje ko Ubumwe ari imbuto yarangije gushora imizi. Uruhare rw’izindi    nzego rurasumba urwa NURC; abaturage bizeye umutekano; bafitiye icyizere cyinshi inzego nkuru;

Umuryango (sosiyete ): ubudakemwa, umudendezo-ingenzi mu muryango muzima. Prof Shyaka yagize ati”Ubu harimo ibibazo, tutabihagurukiye, byatwononera ejo hazaza”,Gahunda zitsura imibereho y’abaturage ziracyarimo imikorere mibi, bikagabanya ‘uburyohe’ bw’ubutabera n’ubw’imikorere y’inzego ku baturage.

Prof Shyaka yagaragaje  ahakwiye kongererwa imbaraga no Kuvugurura cyane hongerwa imbaraga   muri  Community policing ku rwego rw’umudugudu , kugira ngo igire uruhare runini mu gukemura ibibazo by’umudendezo w’abanyarwanda ( ibiyobyabwenge, amakimbirane, ihototerwa,…), kandi inzego zitandukanye zibigizemo uruhare.

Kongerera imbaraga umwimerere nyarwanda mu gukemura ibibazo – MAJ & ABUNZI- no kuboneza imikorere yawo (ubushobozi, uburyo, inshingano imikorere,..)

Urwego rw’Ubutabera ,rugaharanira  kuzamura igipimo cy’ubupfura n’ubunyangamugayo mu mikorere, no kubisakaza mu zindi nzego;

Urwego rw’Ubutabera (JRLOS) kuzamura uruhare rwarwo mu kongera ubudakemwa/ubwangamugayo muri gahunda zitsura imibereho myiza y’abaturage;

Inzego za JRLOS zikwiye kurushaho kwegere abaturage kugira ngo bazimenye, bamenye ibyo zikora, zibunganire, zibaryohere.

 

Nkundiye Eric Bertrand

2018-01-15
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Mu Mwaka wa 2019 u Burundi bwateguye igitero Interahamwe zagabye i Musanze

Mu Mwaka wa 2019 u Burundi bwateguye igitero Interahamwe zagabye i Musanze

RUSHYASHYA 05 Mar 2026
Nyuma y’amezi abiri gusa igiciro cya lisansi kizamutseho amafaranga 52

Nyuma y’amezi abiri gusa igiciro cya lisansi kizamutseho amafaranga 52

Ubwanditsi 02 Mar 2017
Mu mikino nyafurika AS Kigali yatomboye Olympique De Missiri-Sima, APR FC itombora Mogadishu City Club yo muri Somalia inahabwa uburenganzira bwo gutangira imyitozo

Mu mikino nyafurika AS Kigali yatomboye Olympique De Missiri-Sima, APR FC itombora Mogadishu City Club yo muri Somalia inahabwa uburenganzira bwo gutangira imyitozo

Ubwanditsi 14 Aug 2021
Dr. Justin Nsengiyumva wagizwe Minisitiri w’Intebe ni muntu ki?

Dr. Justin Nsengiyumva wagizwe Minisitiri w’Intebe ni muntu ki?

Ubwanditsi 24 Jul 2025

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Umusaruro mbumbe w’igihugu wiyongereye ku kigero cya 8.6% mu 2018
UBUKUNGU

Umusaruro mbumbe w’igihugu wiyongereye ku kigero cya 8.6% mu 2018

Ubwanditsi 18 Mar 2019
Kuki urupfu rwa Juvenal Habyarimana rugumya kuriza Abafransa- Isesengura rya  Ntarugera Deo Koya
ITOHOZA

Kuki urupfu rwa Juvenal Habyarimana rugumya kuriza Abafransa- Isesengura rya Ntarugera Deo Koya

Ubwanditsi 01 Nov 2016
Indirimbo My Vow ya Meddy yaririmbiye umugore we Mimi, mu minsi ibiri gusa yujuje miliyoni imwe y’abamaze kuyireba ku rubuga rwa YouTube
Amakuru

Indirimbo My Vow ya Meddy yaririmbiye umugore we Mimi, mu minsi ibiri gusa yujuje miliyoni imwe y’abamaze kuyireba ku rubuga rwa YouTube

Ubwanditsi 25 Jul 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru