• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Sibomana Athanase wavuze ko ntacyo atinya kuki yikanga baringa?   |   16 Sep 2026

  • Ibyabapfu biribwa n’abapfumu; uburyo Thomas Nahimana akomeje kurya imitsi ibigarasha birangaye   |   14 Sep 2026

  • Police VC yinjije abakinnyi batatu bashya, barimo Rosaly Chioma uvuye muri Macedonia y’Amajyaruguru   |   14 Sep 2026

  • AMAFOTO – APR FC na Rayon Sports zageze mu kiciro cya cya kabiri cy’Imikino Nyafurika ya CAF, Al Hilal na Al Merrikh zihagaze neza   |   13 Sep 2026

  • Hon. Havugimana Emmanuel yatwibukije Inkomoko ya Masudi na Giraso yiturwa indi Ikinani cyamugereyemo   |   11 Sep 2026

  • Abana b’abagize uruhare muri Jenoside bongeye kwibutsa imigambi yapfubye y’ababyeyi babo   |   11 Sep 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Urwego rw’ubutabera ni urwego rwiyubatse cyane kandi vuba: Prof Rugege

Urwego rw’ubutabera ni urwego rwiyubatse cyane kandi vuba: Prof Rugege

Ubwanditsi 15 Jan 2018 Mu Rwanda

Abayobozi bafite aho bahurira n’ubutabera bahuriye mu nama yareberaga hamwe gahunda n’ingamba z’igihe kirekire inashingiye ku byagezweho kuva nyuma ya jenoside yakorewe abatutsi yo muri mata 1994

Prof. Sam Rugege perezida w’urukiko rw’ikirenga wari umushyitsi mukuru muri iyi nama yashimiye abayobozi bari bitabiriye iyo nama imbaraga bashyize mu kuzamura urwego rw’ubutabera ati”urwego rw’ubutabera ni urwego rwiyubatse cyane kandi vuba ,abaturage barabizi”.

Akomeza avuga ko gukoresha umutungo uhari mu kugumya kuzamura urwego rw’ubutabera ,kongera imbaraga mu mikoranire hagati y’inzego zigize urwego rw’ubutabera

Minisitiri w’ubutabera Busingye Johnson yagarutse ku kibazo cy’abanyereza umutungo wa leta bagategekwa kwishyura ariko bagaterera agate mu ryinyo ko bagomba kwishura bitarafata indi ntera kandi ko kugeza ubu ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro (RRA) gifite ububasha bwo kwishyuza uhamwe n’icyaha cyo kunyereza umutungo wa Leta  .

Yakomeje avuga ko bagiye gushyira imbaraga mu gukurikirana abakoze jenoside bakindegembya mu gihugu aho ubu intara y’iburasirazuba iza kumwanya wa mbere abasaga 10.000 bahamijwe  ibyaha n’inkiko za gacaca  bakindegembya.

Muri iyi nama umuyobozi w’ikigo k’igihugu cy’imiyoborere Prof Shyaka Anastase yagaragaje uko ihihugu gihagaze n’uko abaturage bafata urwego rw’ubutabera.

urwego rw’Ubutabera – JRLOS  ni urwego rwiyubatse cyane kandi vuba; abaturage ko abaturage bamaze kurusobanukirwa.Ubutabera,  ubwangamugayo n’imikorere y’inzego za JRLOS, haracyarimo utubazo; bigira ingaruka henshi;

Serivisi zimwe zikomeye mu butabera ‘ntiziremeza’abatura  abagera kuva 10-20% barazinenga. Abanyuzwe 30- 55%; Abifata bari ku kigero cya  30-45%. Yakomeje avuga ko  ari ihurizo,

Ruswa n’akarengane  avuga ko akarengane kacyiri  ikibazo.  Ko kugeza ubu Ruswa igenda ihindura isura; abantu bakayitaka ariko batayigaragaza.

Iyubahirizwa ry’amahame n’imbaraga zishyirwa mu kurwanya ibiyahungabanya birashimwa cyane ‘inzego n’imikorere’ yazo; icyizere ku mwimerere (Abunzi/MAJ) kirasumba icy’ubutabera busanzwe/inkiko;

Muri ubu bushyakashatsi kandi bwagaragaje ko Ubumwe ari imbuto yarangije gushora imizi. Uruhare rw’izindi    nzego rurasumba urwa NURC; abaturage bizeye umutekano; bafitiye icyizere cyinshi inzego nkuru;

Umuryango (sosiyete ): ubudakemwa, umudendezo-ingenzi mu muryango muzima. Prof Shyaka yagize ati”Ubu harimo ibibazo, tutabihagurukiye, byatwononera ejo hazaza”,Gahunda zitsura imibereho y’abaturage ziracyarimo imikorere mibi, bikagabanya ‘uburyohe’ bw’ubutabera n’ubw’imikorere y’inzego ku baturage.

Prof Shyaka yagaragaje  ahakwiye kongererwa imbaraga no Kuvugurura cyane hongerwa imbaraga   muri  Community policing ku rwego rw’umudugudu , kugira ngo igire uruhare runini mu gukemura ibibazo by’umudendezo w’abanyarwanda ( ibiyobyabwenge, amakimbirane, ihototerwa,…), kandi inzego zitandukanye zibigizemo uruhare.

Kongerera imbaraga umwimerere nyarwanda mu gukemura ibibazo – MAJ & ABUNZI- no kuboneza imikorere yawo (ubushobozi, uburyo, inshingano imikorere,..)

Urwego rw’Ubutabera ,rugaharanira  kuzamura igipimo cy’ubupfura n’ubunyangamugayo mu mikorere, no kubisakaza mu zindi nzego;

Urwego rw’Ubutabera (JRLOS) kuzamura uruhare rwarwo mu kongera ubudakemwa/ubwangamugayo muri gahunda zitsura imibereho myiza y’abaturage;

Inzego za JRLOS zikwiye kurushaho kwegere abaturage kugira ngo bazimenye, bamenye ibyo zikora, zibunganire, zibaryohere.

 

Nkundiye Eric Bertrand

2018-01-15
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Abakinnyi 39 b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’Abagore bari munsi y’imyaka 20, yatangiye umwiherero mu rwego rwo guhatanira itike y’igikombe cy’isi cya 2022

Abakinnyi 39 b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’Abagore bari munsi y’imyaka 20, yatangiye umwiherero mu rwego rwo guhatanira itike y’igikombe cy’isi cya 2022

Ubwanditsi 10 Aug 2021
Polisi y’u Bubiligi yataye muri yombi umuturage bikekwo ko ari umunyarwanda

Polisi y’u Bubiligi yataye muri yombi umuturage bikekwo ko ari umunyarwanda

Ubwanditsi 09 Aug 2017
Alain Mukuralinda yitabye Imana azize indwara y’umutima

Alain Mukuralinda yitabye Imana azize indwara y’umutima

Ubwanditsi 04 Apr 2025
Isiganwa ry’Amagare rizenguruka igihugu rizwi nka Tour du Rwanda, irya 2024 rizakinwa mu cyumweru cya 3 cya Gashyantare 2024

Isiganwa ry’Amagare rizenguruka igihugu rizwi nka Tour du Rwanda, irya 2024 rizakinwa mu cyumweru cya 3 cya Gashyantare 2024

Ubwanditsi 10 Oct 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Abashukwa n’umutekamutwe Claude Gatebuke bagomba kumenya ko ari inzira yo kwisanga mu mitwe yitwaje intwaro muri Kongo
INKURU NYAMUKURU

Abashukwa n’umutekamutwe Claude Gatebuke bagomba kumenya ko ari inzira yo kwisanga mu mitwe yitwaje intwaro muri Kongo

Ubwanditsi 14 May 2020
Ikinyoma gitindi Kirasama: Tshisekedi ashobora kwisanga mu rusobe rw’ibibazo nyuma yo kubeshya abarwanya u Rwanda ko azabafasha gukuraho Leta.
Amakuru

Ikinyoma gitindi Kirasama: Tshisekedi ashobora kwisanga mu rusobe rw’ibibazo nyuma yo kubeshya abarwanya u Rwanda ko azabafasha gukuraho Leta.

Ubwanditsi 22 Jun 2023
Uko umwa ADEPR yahuye n’uruva gusenya yagiye kuvuga ubutumwa muri Uganda akisanga muri gereza ya CMI
INKURU NYAMUKURU

Uko umwa ADEPR yahuye n’uruva gusenya yagiye kuvuga ubutumwa muri Uganda akisanga muri gereza ya CMI

Ubwanditsi 14 Jun 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyabapfu biribwa n’abapfumu; uburyo Thomas Nahimana akomeje kurya imitsi ibigarasha birangaye

Ibyabapfu biribwa n’abapfumu; uburyo Thomas Nahimana akomeje kurya imitsi ibigarasha birangaye

14 Sep 2026
Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

31 Aug 2026
Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru