• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Rayon Sports ifite imyenda ya miliyoni 260 Frw, ikeneye miliyoni 200 Frw yo kugura abakinnyi   |   05 Dec 2025

  • FDLR n’Indi Mitwe ishyigikiwe na Kongo bakomeje Kwica no kumenesha Abakongomani mu mirwano yongeye kubura   |   04 Dec 2025

  • Mukunzi Yannick yasezeye ku ikipe ya Sandvikens IF you muri Sweden yari amaze imyaka itandatu ayikinira   |   03 Dec 2025

  • AMAFOTO: Twagirayezu Thadée wayoboraga Rayon Sports yakoze ihererekanyabubasha na Murenzi Abdallah   |   02 Dec 2025

  • Dr. Usta Kayitesi yasimbuye Gen (Rtd) Kabarebe muri Minaffet, Imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri   |   01 Dec 2025

  • Abakinnyi 80 baturutse mu bihugu 16 byo hirya no hino ku Isi nibo bitabira isiganwa ry’Amagare yo mu rizwi nka Rwandan Epic   |   30 Nov 2025

 
You are at :Home»POLITIKI»Perezida Donald Trump Yasinye itegeko ryemerera inganda kohereza ibyuka mu kirere

Perezida Donald Trump Yasinye itegeko ryemerera inganda kohereza ibyuka mu kirere

Editorial 29 Mar 2017 POLITIKI

Perezida Donald Trump kuri uyu wa Kabiri byari biteganijwe ko asinya itegeko rihindura ibintu byinshi mubirigize. Iri tegeko ryasinywe na Obama ryategekaga ko inganda zo muri USA zigabanya ubwinshi bw’ibyuka zohereza mu kirere bigatuma kirushaho gushyuha. Trump ararihindura asinya iryorohereza inganda.

CNN ivuga ko umuvugizi wa Trump yavuze ko guhindura itegeko rigenga uko inganda zohereza ibyuka mu kirere bigamije guha abashoramari uburyo bwo gutangiza inganda nshya bityo abanyamerika bakabona akazi.

Gusinya iri tegeko ngo byerekana ko hari itandukaniro rinini hagati ya Trump na Obama ku byerekeye imicungire y’igabanyuka ry’ibyuka bihumanya ikirere bigatuma gishyuha.

Gushyuha kw’ikirere bigira ingaruka nyinshi ku isi kuko bituma urubura ruba ku mpera z’isi ruyonga bigatuma amazi aba menshi mu Nyanja bityo uturwa tumwe na tumwe tukaba twaratangiye kurengerwa.

Bituma kandi imvura igwa mu buryo budasanzwe mu duce dutandukanye tw’Isi bitewe n’imiterere idasanzwe imiyaga itembera mu kirere hirya no hino ku Isi.
Iyi miyaga hari ubwo ivamo indi ikomeye bita Ouragan isenya amazu, ikateza icyorezo mu bantu.

Umwe mu bategetsi bafatanyije na Trump yabwiye CNN ko USA ifite ubushobozi bwo kwirinda ingaruka z’ikirere kandi igaha n’abakozi bayo imirimo.

Iri tegeko Trump yasinye rizahindura byinshi kuri Politiki yo kubuza inganda mu kohereza ibyuka mu kirere(Clean Power Plant initiative), rizaburizamo kandi izindi ngamba Obama yari yarafashe mu kwirinda gucukura ibikorwamo Petelori n’ibindi bitanga ingufu zikoreshwa mu nganda n’ibindi.

Kuri Trump ngo USA ryose yakora byose, haba guha akazi abanyamerika kandi ikarinda ko abakozi bayo batakaza imirimo.

Hari abamagana ko icyemezo cya Trump bakavuga ko kizateza akaga abaturage ba USA mu bihe biri imbere.

Umwe muri bo ni Tom Steyer uyobora ikigo NexGen Climate. Avuga ko Trump ari kwangiza ibintu abireba atitaye ku ngaruka bizagira.

Ngo abikora agamije guha abashoramari nkawe akazi bityo bagakomeza kwangiza amazi n’ikirere kandi aribyo ubuzima bw’abantu bose bishingiyeho.

-6197.jpg

Kuva Perezida Donald Trump yatorwa mu Ugushyingo, 2016 hari ibyemezo yafashe bihindura ibyo Obama yari yarafashe muri ibyo icyamenyekanye cyane kikaba ari icyakumiraga abimukira bo mu bihugu bituwe n’Abasilamu.

2017-03-29
Editorial

IZINDI NKURU

Perezida Kagame yahaye impanuro abayobozi ko bakwiye gukora bakirinda inyungu zabo bwite

Perezida Kagame yahaye impanuro abayobozi ko bakwiye gukora bakirinda inyungu zabo bwite

Editorial 28 Feb 2020
U Rwanda na Uganda bisubiye mu biganiro

U Rwanda na Uganda bisubiye mu biganiro

Editorial 11 Sep 2019
Imana ihora ihoze: Wa musenateri wo muri Amerika, Bob Menendez wahozaga u Rwanda ku nkeke yafatanywe igihanga cya ruswa.

Imana ihora ihoze: Wa musenateri wo muri Amerika, Bob Menendez wahozaga u Rwanda ku nkeke yafatanywe igihanga cya ruswa.

Editorial 17 Jul 2024
Meya w’umujyi wa Paris wo mu Bufaransa, Anne Hidalgo yasabye Polisi gukumira igitaramo cya Maître Gims

Meya w’umujyi wa Paris wo mu Bufaransa, Anne Hidalgo yasabye Polisi gukumira igitaramo cya Maître Gims

Editorial 26 Mar 2025

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Uburaya muri hotel zikomeye z’i Kigali buravuza ubuhuha
ITOHOZA

Uburaya muri hotel zikomeye z’i Kigali buravuza ubuhuha

Editorial 03 Dec 2016
Hagati ya Major Robert Higiro na David Himbara  umwe ashobora kwica undi
ITOHOZA

Hagati ya Major Robert Higiro na David Himbara umwe ashobora kwica undi

Editorial 02 Sep 2016
LONI na Kiliziya birasaba Kabila ibyo atatanga
INKURU NYAMUKURU

LONI na Kiliziya birasaba Kabila ibyo atatanga

Editorial 08 Jan 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru