• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • FDLR n’Indi Mitwe ishyigikiwe na Kongo bakomeje Kwica no kumenesha Abakongomani mu mirwano yongeye kubura   |   04 Dec 2025

  • Mukunzi Yannick yasezeye ku ikipe ya Sandvikens IF you muri Sweden yari amaze imyaka itandatu ayikinira   |   03 Dec 2025

  • AMAFOTO: Twagirayezu Thadée wayoboraga Rayon Sports yakoze ihererekanyabubasha na Murenzi Abdallah   |   02 Dec 2025

  • Dr. Usta Kayitesi yasimbuye Gen (Rtd) Kabarebe muri Minaffet, Imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri   |   01 Dec 2025

  • Abakinnyi 80 baturutse mu bihugu 16 byo hirya no hino ku Isi nibo bitabira isiganwa ry’Amagare yo mu rizwi nka Rwandan Epic   |   30 Nov 2025

  • APR FC yakiriye abakinnyi bayo 3 batari bahari barimo Mamadou Sy wari i Doha   |   28 Nov 2025

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Abanyarwanda benshi ntabwo bazi ko hari Ibihugu bemerewe kujyamo badasabwe Viza Dore urutonde rwabyo

Abanyarwanda benshi ntabwo bazi ko hari Ibihugu bemerewe kujyamo badasabwe Viza Dore urutonde rwabyo

Editorial 25 Aug 2017 Mu Rwanda

Guverinoma y’u Rwanda yiyemeje gufungurira amarembo abanyamahanga nk’uburyo bwihariye buzayifasha kwagura ubukerarugendo, ishoramari no kugera ku ntego yo kwinjiza amadolari asaga miliyoni 150 buri mwaka aturutse kuri gahunda yo kwakira ibiganiro, inama mpuzamahanga n’ibikorwa bitandukanye.

Iyi gahunda ishingiye ku korohereza abanyamahanga cyane cyane abanyafurika kuza mu Rwanda, aho guhera tariki ya 1 Mutarama 2013 hafashwe icyemezo cy’uko abanyafurika baje mu Rwanda bazajya bahabwa visa bakihagera, abandi bazikurirwaho burundu.

Gusa nkuko umunyarwanda yabivuze, ‘akebo kajya iwa mugarura’ ariyo mpamvu n’ibindi bihugu byanyuzwe n’umubano bifitanye n’u Rwanda, bikiyemeza korohereza abanyarwanda kubijyamo ku mpamvu zitandukanye, bimwe bibakuriraho ikiguzi cya viza bindi biborohereza kujya bazibona bageze ku mipaka y’ibyo bihugu.

Nkuko icyegeranyo cya Passport Index kibyerekana, abanyarwanda bashobora kujya mu bihugu 24 batatswe viza ndetse no mu bihugu 29 bashobora kubona viza ku mipaka.

Bimwe mu bihugu umunyarwanda ashobora kujyamo nta visa yishyuye harimo: Ghana, Uganda, Benin, Burundi, Repubulika ya Centrafrique, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Indonesia, Kenya, Mauritius, Philippines, São Tomé-et-Príncipe, Senegal, Seychelles, Singapore na Tanzania.

Hari ibihugu kandi abanyarwanda bashobora kubonera visa k’umupaka harimo birimo Haiti, Comoros, Djibouti, Guinea-Bissau, Mali, Madagascar, Mauritania, Mozambique, Sudani y’Epfo, Zambia na Zimbabwe.

Icyegeranyo Passport Index gitangazwa na Arton Capital, ikompanyi itanga inama ku ishoramari, kigaragaza ko u Rwanda rwateye intambwe mu korohereza abashaka kuruzamo, kuko abaturage bo mu bihugu byose bya Afurika basabwa viza mu kwinjira mu Rwanda, bemerewe kuyibona bageze ku mipaka.

-7732.jpg

Kuri ibi bihugu bya Afurika kandi hiyongeraho ibihugu nka Australia, u Budage, Israel, New Zealand, Suède, u Bwongereza ndetse na Leta Zunze Ubumwe za Amerika byakomorewe gusaba viza zo kuza mu Rwanda kuva muri 2014.

Abaturage bo mu bindi bihugu bisigaye, basabwa gusaba viza mbere yo kuza mu Rwanda ariko kuva 2008 bashyiriweho uburyo bw’ikoranabuhanga (online visa application) bazisabiramo bakazibona mu gihe kitarengeje amasaha 72.

Source: Igihe

2017-08-25
Editorial

IZINDI NKURU

Banki y’abaturage ya kabuga yibwe Amafaranga menshi ataramenyekana umubare wayo bibye

Banki y’abaturage ya kabuga yibwe Amafaranga menshi ataramenyekana umubare wayo bibye

Editorial 15 Apr 2017
Ibihugu 17 mu bagabo bigiye kwitabira irushanwa Nyafurika mu mukino wa Volleyball rizabera muri Kigali Arena

Ibihugu 17 mu bagabo bigiye kwitabira irushanwa Nyafurika mu mukino wa Volleyball rizabera muri Kigali Arena

Editorial 04 Sep 2021
Kinshasa : Nubwo ibiganiro byatangiye bamwe mu abanyepoliti baracyatsimbaraye kutabyitabira

Kinshasa : Nubwo ibiganiro byatangiye bamwe mu abanyepoliti baracyatsimbaraye kutabyitabira

Editorial 02 Sep 2016
Me Bernard NTAGANDA  yaraye asohowe ikubagahu  n’aba Sécurité ba TOPSEC.

Me Bernard NTAGANDA yaraye asohowe ikubagahu n’aba Sécurité ba TOPSEC.

Editorial 28 Feb 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Cristiano Ronaldo yagaragaje uburakari bwinshi mu mukino Portugal yanganyije na Serbia mu gushaka itike y’igikombe cy’isi cya 2022
Amakuru

Cristiano Ronaldo yagaragaje uburakari bwinshi mu mukino Portugal yanganyije na Serbia mu gushaka itike y’igikombe cy’isi cya 2022

Editorial 28 Mar 2021
TDRwanda2017: Areruya yongeye gutsindira i Huye yambara umuhondo mbere yo kujya i Rubavu
IMIKINO

TDRwanda2017: Areruya yongeye gutsindira i Huye yambara umuhondo mbere yo kujya i Rubavu

Editorial 14 Nov 2017
Tour du Rwanda: Areruya Joseph yambuye Umusuwisi Maillot Jaune
IMIKINO

Tour du Rwanda: Areruya Joseph yambuye Umusuwisi Maillot Jaune

Editorial 16 Nov 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru