• Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
  • Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Bugesera FC yatsinze Rayon Sports 2-1, APR FC ifata umwanya wa mbere w’agateganyo wa Rwanda Premier League   |   21 May 2025

  • Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete   |   21 May 2025

  • I Bugesera hatashywe ikibuga cya Basketball cyubatswe ku bufatanye bwa NBA Africa na Opportunity International   |   20 May 2025

  • Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yavuze ku mvururu zatumye umukino wa Bugesera na Rayon Sports uhagararira ku munota wa 52   |   17 May 2025

  • Rwanda Premier league igiye guhemba abahize abandi Muri shampiyona y’u Rwanda 2024-2025   |   16 May 2025

  • Gutwara igikombe cy’Amahoro atsinze Rayon Sports ku mukino wa nyuma, bimwe mubyo Darko Novic watandukanye na APR FC azibukirwaho   |   14 May 2025

 
You are at :Home»IMIKINO»Umunsi wa 2: Areruya na Nsengimana nabo bahaye u Rwanda imidari harimo na Zahabu

Umunsi wa 2: Areruya na Nsengimana nabo bahaye u Rwanda imidari harimo na Zahabu

Editorial 15 Feb 2018 IMIKINO

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa kane i Kigali hakomeje imikino nyafurika yo gusiganwa ku magare (Africa Road Championships), u Rwanda rukaba rwegukanye imidari ine (4) harimo uwa zahabu wegukanywe na ARERUYA Joseph mu batarengeje imyaka 23, n’ibiri ya ‘Silver’.

Ku munsi wa kabiri w’iyi mikino, habanje gusiganwa abakobwa bakiri bato (abangavu) aho u Rwanda rwari ruhagarariwe na IRAKOZE NEZA Violette na MUSHIMIYIMANA Samantha, gusa ntibabashije kegukana umudari nk’uko bari babikoze ejo begukana uwa zahabu.

Muri iki kiciro, intera y’ibilometero 18.6 birukaga Umunya-Eritrea KIDANE Desiet wabaye uwa mbere yahakoresheje iminota 31 (31’30”24) gusa. Ku mwanya wa kabiri n’uwa gatatu haje abakobwa b’abanya-Ethiopia, KASAHUN Tsadkan na HAILU Zayid.

Naho umunyarwandakazi IRAKOZE NEZA Violette aza ku mwanya wa kane yasizwe n’uwa mbere iminota ine (04’08”61), naho MUSHIMIYIMANA Samantha we aza ku mwanya wa gatanu ysizwe n’uwa mbere iminota itanu (05’14”26).

Ikiciro k’abasore b’ingimbi cyakurikiyeho nicyo u Rwanda rwabonyemo umudari wa ‘Silver’ wegukanywe NKURUNZIZA Yves wabaye uwa kabiri inyuma y’umunya-Eritrea GHIRMAY Biniyam wabaye uwa mbere, ndetse n’uwa gatatu MEDHANIE Natan ni umuny-Eritrea.

Undi mwana w’umunyarwanda witwa NZAFASHWANAYO Jean Claude yaje ku mwanya wa gatanu arushwa n’uwa mbere iminota ibiri (02’06”01).

Mu kiciro cy’abakuru n’abatarengeje imyaka 23 mu bagabo, Nsengimana Jean Bosco yabaye uwa kabiri na ARERUYA Joseph wabaye uwa gatatu ari nabo gusa bari bahagarariye u Rwanda muri iki kiciro, baje bakurikiye umunya-Eritrea kabuhariwe Mekseb Debesay wari wahize gutwara uyu mudari wa zahabu.

Debesay n’ubundi wahabwaga amahirwe yakoreshaje iminota 53 (53’25”) ku ntera y’ibilometero 40 birukaga, asiga Nsengimana Jean Bosco amasegonda 51, ndetse asiga Areruya Joseph alias “Kimasa” amasegonda 54.

Byatumye Nsengimana yegukanye umudari wa ‘Silver’, naho Areruya yegukana umudari wa ‘Bronze’ mu bakuru, ndetse n’uwa zahabu mu batarengeje imyaka 23.

Urutonde rusange rw'ikiciro cy'abakuru, abanyarwanda babiri bitwaye neza.

Urutonde rusange rw’ikiciro cy’abakuru, abanyarwanda babiri bitwaye neza.

Ubu muri rusange, u Rwanda rumaze kwegukana imidari umunani (8) harimo iya Zahabu ibiri, rukaba rurushwa imidari na Eritrea ubu ifite imidari ya zahabu igera kuri ine.

Umukinnyi wa Bike Aid yo mu Budage Laizer Richard wo muri Tanzania yagerageje ariko kubona umudari ntibyamukundira

Umukinnyi wa Bike Aid yo mu Budage Laizer Richard wo muri Tanzania yagerageje ariko kubona umudari ntibyamukundira

Muri shampiyona ya Afurika umutekano uracunzwe cyane

Muri shampiyona ya Afurika umutekano uracunzwe cyane

Mbere yo guhaguruka Debesay Mosana wa mbere muri Afurika aba yifitiye ikizere

Mbere yo guhaguruka Debesay Mosana wa mbere muri Afurika aba yifitiye ikizere

Manizabayo Magnifique yasimbujwe Jean d'Arc Girubuntu warwaye amaguru

Manizabayo Magnifique yasimbujwe Jean d’Arc Girubuntu warwaye amaguru

Buri mukinnyi yahanganaga n'igihe umuntu ku giti cye, course contre la montre individuel

Buri mukinnyi yahanganaga n’igihe umuntu ku giti cye, course contre la montre individuel

Commissaire w'umunyarwanda Ntiyamira Jean Sauveur ari mu bayoboye iri siganwa mpuzamahanga

Commissaire w’umunyarwanda Ntiyamira Jean Sauveur ari mu bayoboye iri siganwa mpuzamahanga

Biniyam Ghirmay wabaye uwa mbere mu ngimbi asa n'ubwira Nkurunziza wamukurikiye ati, Ndakwemeje

Biniyam Ghirmay wabaye uwa mbere mu ngimbi asa n’ubwira Nkurunziza wamukurikiye ati, Ndakwemeje

Algeria isanzwe itwara imidari myinshi muri shampiyona ya Afurika ariko imihanda ya Kicukiro Bugesera ntabwo yabahiriye uyu mwaka

Algeria isanzwe itwara imidari myinshi muri shampiyona ya Afurika ariko imihanda ya Kicukiro Bugesera ntabwo yabahiriye uyu mwaka

Sterling Magnell yahaye inama za nyuma Nsengimana Jean Bosco mbere yo guhaguruka

Sterling Magnell yahaye inama za nyuma Nsengimana Jean Bosco mbere yo guhaguruka

Ni ibyishimo kuri Nsengimana wegukanye umwanya wa kabiri muri Afurika

Ni ibyishimo kuri Nsengimana wegukanye umwanya wa kabiri muri Afurika

Nsengimana Jean Bosco uzamuka neza kurusha abandi mu Rwanda yahabwaga amahirwe kuko umuhanda, Kicukiro-Nyamata urimo ibirometero umunani (8) by'umusozi

Nsengimana Jean Bosco uzamuka neza kurusha abandi mu Rwanda yahabwaga amahirwe kuko umuhanda, Kicukiro-Nyamata urimo ibirometero umunani (8) by’umusozi

Jean Bosco watwaye Tour du Rwanda 2015 niwe munyarwanda wakoresheje ibihe bito muri ITT

Jean Bosco watwaye Tour du Rwanda 2015 niwe munyarwanda wakoresheje ibihe bito muri ITT

Mu muhanda abakinnyi b'u Rwanda batozwa na Felix Sempoma, aha yatangizaga Chronomètre agenderaho atanga inama mu muhanda

Mu muhanda abakinnyi b’u Rwanda batozwa na Felix Sempoma, aha yatangizaga Chronomètre agenderaho atanga inama mu muhanda

Umutoza Sterling na Areruya biragije imana mbere yo gutangira isiganwa bayisaba kubarinda impanuka mu muhanda

Umutoza Sterling na Areruya biragije imana mbere yo gutangira isiganwa bayisaba kubarinda impanuka mu muhanda

Umwe mu bayobozi ba Team Rwanda Benoit Munyankindi ashimira Areruya wabaye uwa mbere muri Afurika muri U23

Umwe mu bayobozi ba Team Rwanda Benoit Munyankindi ashimira Areruya wabaye uwa mbere muri Afurika muri U23

Sterling ashimira Eric Maniriho umukanishi wa Team Rwanda ku kazi ko gutegura neza igare aba yakoze

Sterling ashimira Eric Maniriho umukanishi wa Team Rwanda ku kazi ko gutegura neza igare aba yakoze

Dr. Mohamed Wagih Azzam uyobora umukino w'amagare muri Afurika yishimiye imyitwarire y'aba bakobwa, aha yafataga iy'urwibutso ari kumwe na Bayingana uyobora FERWACY

Dr. Mohamed Wagih Azzam uyobora umukino w’amagare muri Afurika yishimiye imyitwarire y’aba bakobwa, aha yafataga iy’urwibutso ari kumwe na Bayingana uyobora FERWACY

Umunya-Ethiopia Selam Amha (hagati) yahize abandi bakobwa batarengeje imyaka 23

Umunya-Ethiopia Selam Amha (hagati) yahize abandi bakobwa batarengeje imyaka 23

U Rwanda na Eritrea nibyo bihugu biyoboye umukino w'amagare muri Afurika mu byiciro bitandukanye harimo n'ingimbi

U Rwanda na Eritrea nibyo bihugu biyoboye umukino w’amagare muri Afurika mu byiciro bitandukanye harimo n’ingimbi

Nubwo ejo Debesay Mossana yakoze impanuka akajyanwa kwa muganga yavuwe neza arakira anasiga abandi ku munsi wa kabiri w'isiganwa

Nubwo ejo Debesay Mossana yakoze impanuka akajyanwa kwa muganga yavuwe neza arakira anasiga abandi ku munsi wa kabiri w’isiganwa

Mu kiciro cy'abangavu umunya-Eritrea Desiet Kidane yahize abandi yambikwa umudari wa zahabu akurikirwa n'abanya-Ethiopia

Mu kiciro cy’abangavu umunya-Eritrea Desiet Kidane yahize abandi yambikwa umudari wa zahabu akurikirwa n’abanya-Ethiopia

Areruya Joseph yahize abandi batarengeje imyaka 23 mu gusiganwa n'isaha

Areruya Joseph yahize abandi batarengeje imyaka 23 mu gusiganwa n’isaha

Abanyarwanda babiri baje muri batatu ba mbere muri Afurika bayobowe na Debesay Mekseb wo muri Eritrea

Abanyarwanda babiri baje muri batatu ba mbere muri Afurika bayobowe na Debesay Mekseb wo muri Eritrea

Ibendera ry'u Rwanda ryazamuwe na Rwanda nziza iririmbwa kubera Areruya

Ibendera ry’u Rwanda ryazamuwe na Rwanda nziza iririmbwa kubera Areruya

Source : Umuseke

 

2018-02-15
Editorial

IZINDI NKURU

PSG yatsinze Chealsea umikno ubanza

PSG yatsinze Chealsea umikno ubanza

Editorial 17 Feb 2016
Umusimbura wa Arsene Wenger muri Arsenal yamenyekanye

Umusimbura wa Arsene Wenger muri Arsenal yamenyekanye

Editorial 22 May 2018
Mu mateka y’imikino y’igikombe cya Afurika, umunyarwandakazi Mukansanga Salima yabaye umusifuzi wa mbere w’umugore ugisifuye

Mu mateka y’imikino y’igikombe cya Afurika, umunyarwandakazi Mukansanga Salima yabaye umusifuzi wa mbere w’umugore ugisifuye

Editorial 11 Jan 2022
Haruna Niyonzima na Salomon Nirisarike babimburiye abandi bakina hanze kugera mu mwiherero w’ikipe y’igihugu

Haruna Niyonzima na Salomon Nirisarike babimburiye abandi bakina hanze kugera mu mwiherero w’ikipe y’igihugu

Editorial 16 Mar 2021
PSG yatsinze Chealsea umikno ubanza

PSG yatsinze Chealsea umikno ubanza

Editorial 17 Feb 2016
Umusimbura wa Arsene Wenger muri Arsenal yamenyekanye

Umusimbura wa Arsene Wenger muri Arsenal yamenyekanye

Editorial 22 May 2018
Mu mateka y’imikino y’igikombe cya Afurika, umunyarwandakazi Mukansanga Salima yabaye umusifuzi wa mbere w’umugore ugisifuye

Mu mateka y’imikino y’igikombe cya Afurika, umunyarwandakazi Mukansanga Salima yabaye umusifuzi wa mbere w’umugore ugisifuye

Editorial 11 Jan 2022
Haruna Niyonzima na Salomon Nirisarike babimburiye abandi bakina hanze kugera mu mwiherero w’ikipe y’igihugu

Haruna Niyonzima na Salomon Nirisarike babimburiye abandi bakina hanze kugera mu mwiherero w’ikipe y’igihugu

Editorial 16 Mar 2021
PSG yatsinze Chealsea umikno ubanza

PSG yatsinze Chealsea umikno ubanza

Editorial 17 Feb 2016
Umusimbura wa Arsene Wenger muri Arsenal yamenyekanye

Umusimbura wa Arsene Wenger muri Arsenal yamenyekanye

Editorial 22 May 2018
prev
next

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

21 May 2025
AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

15 Jul 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru